Ambasaderi wa Australia muri Ghana, Gregory Andrews,yafotowe ari kwiyogoshesha muri salon de Coiffure isanzwe yogosherwamo abakene bishyura amafaranga...
Umunya Serbia nimero ya mbere ku isi mu mukino wa Tennis yamaze gutsindwa urubanza rwo guhabwa visa imwemerera kuguma muri Australia nyuma yo kwanga kwikingiza Covid-19 ndetse akabeshya amakuru...
’Laboratoire’ yo mu mujyi wa Sydney muri Australia yabwiye abantu babarirwa mu magana ko nta Covid yabasanzemo nyamara barayanduye, mu gihe ubwandu burimo kwiyongera cyane muri ako karere.
Iryo...
Umuramyi w’umunyempano Kagame Charles ubarizwa muri Australia mu itorero rya Lifehouse Church mu mujyi wa Coffsharbour, ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, arashima Imana mu buryo...
Kampanyi yitwa Fujifilm muri Australia yubatse ikirwa cyiswe Fuji Island kizajya kiruhukirwaho n’abantu bakoresha Instagram nyuma yo kubona ko abaturage bo muri iki gihugu bajya mu biruhuko...
Umugabo ukomoka Australia wakoraga umwuga w’uburobyi yasanzwe mu nda y’ingona yarapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero.
Kevin Darmody yaherukaga kubonwa ari ahitwa Kennedy’s Bend – agace...
Umunya Serbia, Novak Djokovic yatsindiye Umugereki Stefanos Tsitsipas kuri iki cyumweru,ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Australian Open ahita anganya na Rafael Nadal ibikombe bikomeye muri...
Umuririmbyi Umutare Gaby [Nikuze Gabriel umenyerewe mu ndirimbo z’urukundo, yabaye agiye kurushinga mu minsi ya vuba, aho ashobora guhita yerekeza ku mugabane wa Australia ndetse amakuru avuga ko...
Mu mujyi witaruye udasanzwe, buri kintu cyose kiri munsi y’ubutaka – kuva ku nsengero kugeza ku ho abantu baca ingando bakajya kuharuhukira. Mu gihe isi irimo kwerekeza ku nyongera y’ubushyuhe ya...
Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo,Nzikamira TRESOR kuri uyu wa kane tariki ya 16/12 /2021 yerekanye umukobwa bagiye kurushinga.
Nzikamira Tresor n’umusore wamenyekanye cyane mu...
Umukinnyi w’ikipe ya APR VC akaba n’umwe mu bakinnyi bakomeye muri Volleyball mu Rwanda, Mutatsimpundu Denise yaburiwe irengero ubwo we na mugenzi we bakinana Nzayisenga Charlotte bari bamaze...
Leta ya Australia yamenyesheje ko ishaka kuba igihugu cya mbere kigurisha urumogi rukoreshwa mu buvuzi kw’isi yose.
Icyo gihugu kirimo kiritegura gusubiramwo amategeko yacyo kugirango kimere cyo...
Mu gihugu cya Australia Kiliziya gatolika yarishye abakorewe ihohoterwa rishyingiye ku gitsina kuva mu 1980 kugeza 2015 miliyoni 276 z’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe n’ ikigo cyakoze...
Mu ijoro ryo ku cyumweru habaye impanuka ikomeye hafi y’umujyi wa Greta, mu bilometero 180 mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Sydney, nk’uko Polisi yaho yabitangaje, aho abantu 10 bahise bahasiga...
Kapiteni wa Manchester United, Harry Maguire, yavugirijwe induru n’abafana be ubwo batsindaga Crystal Palace ibitego 3-1 mu mukino ubanziriza shampiyona wabereye i Melbourne.
Maguire yemejwe ko...
Perezida w’Amerika Joe Biden yabwiye mugenzi we w’Ubufaransa Emmanuel Macron ko Amerika "itateguye neza" amasezerano ku mutekano hagati y’Ubwongereza, Amerika na Australia yatumye Ubufaransa...