Nyuma yo kunyagirwa na Bayern Munich ibitego 8-2,ikipe ya FC Barcelona irashaka kwirukana abakinnyi bayo bo mu ikipe ya mbere benshi uretse abakinnyi 4 batanga...
Abafana n’abaterankunga b’ikipe ya FC Barcelona batoye umukinnyi mwiza w’ibihe byose mu bakinnyi bose bayinyuzemo, Diego Maradona aba ari we uza imbere mu majwi nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi...
Abakinnyi ba Liverpool barimo Salah na kapiteni Jordan Henderson bari mu byishimo bikomeye byo kuba abafasha babo babyaye abana ariko icyatumye benshi bacika ururondogoro nuko aba bana bavutse...
Ikipe ya FC Barcelona ntirava ku izima mu rugamba rwo gushaka rutahizamu wa PSG,Neymar Jr,ariyo mpamvu mu mpeshyi itaha ngo biteguye gutanga Antoine Griezmann bakongeraho amafaranga make kugira...
Ikipe ya FC Barcelona yarahiriye kongera kwisubiza Neymar aho yafashe umwanzuro ukomeye wo kuyiha abakinnyi 3 barimo Samuel Umtiti,Ousmane Dembele na Rakitic ndetse ikongeraho miliyoni 100...
Uwabaye umukinnyi ukomeye Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo wakinnye mu makipe menshi arimo na FC Barcelona,yavuze ko gusezererwa na Liverpool muri UEFA Champions League byagizwemo uruhare...
Ikipe ya Ajax Amsterdam ikoze ibyo benshi batakekaga isezerera Juventus ya Cristiano Ronaldo iyitsinze ibitego 2-1, mu mukino wo kwishyura, mu gihe FC Barcelona yanyagiye Manchester United...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Espagne Luis Enrique,yavuze ko ubwo yatozaga ikipe ya FC Barcelona yagowe no gukorana na Messi bituma afata umwanzuro wo gusezera muri iyi...
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr yavuze ko akumbuye cyane kabuhariwe Lionel Messi bakinannye mu ikipe ya FC Barcelona bitewe ahanini n’inama zitandukanye yamugiraga bari mu kibuga no hanze...
Ikipe ya FC Barcelona yakoze agashya itangaza ko yifuza rutahizamu wa Chelsea Olivier Giroud utavugwaho rumwe na benshi kubera uburyo ahusha uburyo bwinshi imbere...
Ikipe ya FC Barcelona niyo kipe y’umupira w’amaguru ihemba amafaranga menshi ku isi aho abakinnyi bayo bose bayitwara akayabo ka miliyoni 424 z’amapawundi ku mwaka nkuko ubushakashatsi bwakozwe...
Umunyezamu wa Leganes ikina mu cyiciro cya mbere muri Espagne,Ivan Cuellar, yise abakinnyi ba FC Barcelona abagome kubera ko banze kumusuhuza nyuma y’umukino baheruka kuyitsinda ibitego 2-1 muri...
Ubuyobozi bw’ikipe ya FC Barcelona bwatangiye kurambagiza umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr waguzwe n’ikipe ya PSG akayabo ka miliyoni 198 z’amapawundi,aho bahereye ku musore Ousmane Dembele ukina mu...
Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta yatangaje ko azasaba umukino wa Real Madrid ugasubirwamo mu gihe byakwemezwa ko umupira wa Lamine Yamal warenze...
Ikipe ya Manchester United yakoresheje imbaraga mu gice cya kabiri cy’umukino wo kwishyura yari yakiriyemo FC Barcelona,iyisezerera muri 1/32 cya Europa League.
Man United yari yanganyije...
Ku iki Cyumweru,amakipe y’ibigugu menshi yari yahuye mu mikino y’ishyiraniro aho Real Madrid na Liverpool zatahanye ikuzo imbere y’ibigugu zahuye nabyo muri shampiyona.
Mu mukino wari witezwe na...
Ikipe ya Chelsea FC yamenye ibibazo ikipe ya FC Barcelona irimo by’uko ishobora kunanirwa kwandikisha abakinnyi bayo bashya bitewe n’umushahara uremereye ihemba ariyo mpamvu yafashe umwanzuro wo...
Perezida wa FC Barcelona,Joan Laporta,ntiyahaye icyizere abafana b’iyi kipe ku bijyanye no kugumana kizigenza akaba na kapiteni wabo Lionel Messi waraye arangije amasezerano bari bafitanye ubu...
Ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne niyo ihenze cyane kurusha izindi nyuma yo kwigaranzura ibindi bigugu bikomeye birimo Real Madrid ikunze kwiharira uyu mwanya...
Rutahizamu akaba na kapiteni wa FC Barcelona, Lionel Messi yahaye perezida w’iyi kipe, Joan Laporta,urwandiko ruriho ibyo yifuza kugira ngo ayigumemo mu mwaka w’imikino...
Umugabo witwa Joan Laporta,niwe watsinze amatora yo kuyobora ikipe ya FC Barcelona iri mu bibazo by’ubukungu atowe ku majwi asaga 54%.Yatsinze bagenzi be 2 barimo Victor Font na Toni...
Benshi baracyibaza icyihishe inyuma yo kuba umunyabigwi akaba na kapiteni w’ikipe ya FC Barcelona,Lionel Messi,yemeye kwitabira amatora ya Perezida w’iyi kipe ku nshuro ye ya mbere mu myaka irenga...
Uwahoze ari umutoza wa FC Barcelona, Quique Setien yatangaje ko kizigenza w’iyi kipe Lionel Messi agoye gutoza kubera ko iyo atitwaye neza bigoye kumukosora no...
Umutoza wa Manchester City witwa Pep Guardiola yatangaje ko atazongera gutoza ikipe ya FC Barcelona ukundi nyuma y’aho umwe mu biyamamariza gusimbura Josep Bartomeu witwa Victor Font atangarije ko...