Umuhanzi Justin Bieber wakunzwe cyane mu njyana zirimo R&B na Pop yamaze gufata umwanzuro wo kwiga kugira ngo abashe kuba umupasiteri mu itorero rya Hillsong Church nyuma y’aho kurisengeramo...
Umugizi wa nabi wibaga akoresheje intwaro washakishwaga cyane muri Nigeria mu myaka ya za 1990, uzwi ku mazina ya Shina Rambo, yongeye kugaragara mu murwa mukuru wa Ekiti nk’umushumba w’Imana...
Muri Nigeria, mu karere ka Lau muri Leta ya Taraba, umugore ugeze mu kigero cy’imyaka yo hagati yakase ubugabo bw’umugabo we amuziza kumumukekaho kuba yarateye inda undi...
Mu gace ka Southampton muri Leta ya Virginia, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abayoboke b’itorero rya White Tail riyobowe na Pasiteri Allen Parker basenga bambaye ubusa ngo kuko ari ko...
Uko biri kose buri wese azitabira umuhamagaro ukomeye umunsi umwe, ahantu hose no mubihe bitandukanye kuko impuzandengo y’abantu kuri iyi Isi ifatwa nk’imyaka...
Perezida watowe w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yaraye avuze ko Perezida Pierre Nkurunziza wapfuye bitunguranye ku itariki ya 8 y’uku kwa gatandatu yabonye umwanya uhagije wo kumutegura no...
Nk’uko ikinyamakuru B – Metro kibivuga, ngo Nhlanhla Ndlovu yirukanwe muri Gospel Life Assembles kubera gukekwaho kuba yararyamanye n’abagore benshi bo mu rusengero abereye umuyobozi,ndetse...
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Kenya, Kevin Bahati, yinginze mugenzi we Harmonize wo muri Tanzaniya kwicisha bugufi akajya gusaba imbabazi n’amahoro amahoro n’uwahoze ari Boss we Diamond...
Musenyeri mukuru wa Kiliziya Gatolika i Washington yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wasuye ahantu hafatwa nk’ahatagatifu, mu gihe imyigaragambyo ikomeje mu gihugu kubera urupfu rw’umwirabura...
Iyo benshi bavuga ngo iyi Si dutuye igeze aharindimuka cyangwa se ngo tugeze mu minsi ya nyuma, utangira kwibaza bitewe nibyo uba ubona. Ibi rerosi ubwambere, bikunze kugaragara mu madini cyane...
Abantu 21 bo mu Kagari ka Bitare, mu Murenge wa Ngera, mu karere ka Nyaruguru baguwe gitumo bari gusengera mu nzu yahoze ituwemo n’umukecuru akaza kuyimukamo kubera ko yari mu...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yatangaje ko nta bikorwa byo kwiyamamaza bihari byatuma ufashije abagizweho ingaruka na Covid-19 abishakiraho kwamamara...
Kuri uyu wa 04 Werurwe 2020 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye ibaruwa yanditswe n’uwiyise Intumwa Muhire James asaba perezida wa Repubulika ko ururimi rw’umwuka wera rwakemerwa n’itegeko...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Adrien Misigaro atangaza ko yiyemeje kuba hafi umuraperi Fireman haba mu muziki we no mu buzima busanzwe ku buryo afite icyizere cy’uko azakira...