Amakuru ava mu binyamakuru bitandukanye aravuga ko Umunyakenyakazi Tanasha Donna yamaze gutandukana n’icyamamare Diamond Platnumz bari bamaze imyaka 2 bakundana urukundo...
Umushumba Mukuru w’Amatorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, akaniyita Intumwa y’Imana Dr. Paul Muhirwa Gitwaza yavuze ko kugirango Imana ikwemere usabwa gukora ibintu bitandatu birimo no...
Umupasiteri wo muri Afurika y’Epfo witwa Mboro yavuze ko yageze i Kuzimu akica satani akanatangazwa no kubona abantu babayeho neza cyane hano ku isi bari bari ku rutonde rw’abo satani yari agiye...
Papa Francis yategetse ko ibice by’akavure bivugwa ko ariko Yesu/Yezu yavukiyemo bigiye gusubizwa I Betelehemu nyuma y’imyaka igera ku 1400 bibitswe ku mugabane w’Uburayi I...
Kim Kardashian n’abana be batatu babatijwe ku wa mbere tariki 7 Ukwakira 2019 muri Katederali ya Etchmiadzin yo mu itorero ry’Armenia rishingiye ku ntumwa [Armenian Apostolic...
Abapasiteri 2 barimo uwo muri Kenya nuwo muri Afurika Y’Epfo bemeje ko bahuriye n’umwami Yesu mu nzira ari kugenda n’amaguru bahita bamutumira mu rusengero ngo aze yigishe...
Ubwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand...
Mu Karere ka Rwamagana mu murenge wa Fumbwe hafi y’urugabano rw’Aka Karere n’Akarere ka Gasabo hatoraguwe umurambo w’umugabo witwa Jean Bosco Nduwayezu bikekwa ko yazize inzara yatewe n’amasengesho...
Ku wa 14 Gicurasi, abasore n’inkumi 20 bagize Itorero Inganzo Ngari bahagurutse mu Rwanda berekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitabiriye Iserukiramuco Nyafurika ry’Imbyino rizwi nka Dance...
Umugabo witwa Lweendo Mudendo ukomoka mu mujyi witwa Ndola yafashe umuhanuzi ari gukorakora umugore we ku myanya y’ibanga arangije abeshya ko ari kumusengera.
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Ijambo ry’ Imana riboneka mu butumwa bwiza bwanditswe na Mariko mu gice cya cumi ku murongo wa mirongo ine na gatandatu (Mariko 10:46) ritubwira uko impumyi yitwa Baritoromayo yitwaye kugira ngo...