Abamisiyoneri bo muri USA,Steve Campbell n’umugore we Robin barashinjwa kujya ku kirwa gituwe n’abitwa aba Hi-Merimã bagashaka kuba teza icyorezo gikomeye cyane,none kuri ubu bakurikiranyweho...
Umuhanzi akaba n’umunyapolitike Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine, arashinjwa gushaka gusimbura Yesu hakurikijwe amagambo akubiye mu ndirimbo ye nshya ivuga ku butegetsi buriho muri...
Evode Uwizeyimana , Umunyamabanga wa Leta ushinzwe itegeko Nshinga n’andi mategeko yakebuye abagabo bahugira mu kazi bakabura umwanya wo gutera akabariro, yabikomoje ku kibazo cy’...
Umunyamerika witwa John Allen Chau w’imyaka 27 ukomoka i Washington muri USA yahuye n’uruva gusenya ubwo yajyaga kuri kimwe mu birwa bya Andaman, mu Buhindi,kwigisha iyobokamana abasangwabutaka...
Rev.Dr Antoine Rutayisire yagaragaje ko mu gihe cyose umuntu abonye umugisha uva ku Mana aba akwiye kwicisha bugufi akirinda kwishyira hejuru kuko ngo ashobora kurega agatuza Imana ikagatera...
Musenyeri Dr Cyprian Kizito Lwanga uyobora Kiliziya Gatolika mu Mujyi wa Kampala muri Uganda arifuza ko Guverinoma yafata inshingano zo gukata kimwe cya cumi ku mishahara y’abayoboke ba Kiliziya...
Ejo nibwo nasomye mu bitangazamakuru inkuru yasakaye ku amagambo yatangajwe na Apôtre Joshua Ndagijimana Masasu , uyobora itorero Evangelical Restoration Church ubwo yari gutanga inyigisho...
Bishop Dr Fidèle Masego uyobora itorero Foursquare Gospel Church yanenze abantu bavuga nabi Kiliziya Gatolika abibutsa ko ari yo ifatiye runini ubukirisito ku isi yose ndetse ko Kiliziya Gatolika...
Umuyobozi wa Radio 1 na TV1, Kakoza Nkuriza Charles yanenze Umuyobozi wa Zion Temple, Dr Apotle Paul Gitwaza, nyuma yo kwihimbaza ko ari we mnuhanuzi uri hejuru...
Umuhanuzi Bosco Nsabimana umaze iminsi ari muri Amerika yagiriye inama Apôtre Dr Paul Gitwaza ko akwiye gusaba imbabazi kubw’ijambo aherutse gutangaza avuga ko ari we muhanuzi uruta abandi mu...
Kuva isi yabaho mu myaka irenga miliyari 4.5 ikiremwa muntu kigaturaho,cyanyuze mu rugendo rurerure cyane kugeza aho kigeze uyu munsi.Igitangaje hari bamwe mu bantu babayeho cyera yewe na mbere...
Ibigaragarira amaso ya rubanda ku isi hose ni uko abasore cyangwa abagabo bagaragara nk’abantu badakeneye kwitabwaho, guteteshwa, kurindwa, n’utundi tuntu tw’udukino benshi bibwira ko twagenewe...