Ku munsi w’ejo tariki ya 28 Kamena niwo wari umunsi wanyuma wo gusezera Nyakwigendera Pastor Theogene , ni umuhango witabiriwe n’abantu ibihumbi bose bamusabira ijuru.
Yesu aramubwira ati “Ni...
Umukobwa Yvonne Kayitesi uzwi nka Zecky-B yatangaje ko yibarutse umwana w’umukobwa akaba ari kuba mu Karere ka Rwamagana mu ntara y’i Burasirazuba. Ni umwana wabonye izuba ku itariki 30 Kamena...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24 Kamena 2023, ibwo Sintex uri mu bahanzi b’abahanga unafite ijwi riryohera benshi mu bakunda injyana ya Dancehall, yasezeranye mu Murenge n’inkumi y’uburanga...
Muri iyi minsi Video y’umugabo wambaye isuti arimo gukina n’intare eshatu yakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga mu bihugu bya Africa, ariko mu by’ukuri ntabwo ari iy’umupastoro urimo kwerekana...
Abantu 20 bahoze mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, batawe muri yombi nyuma yo gusanga basengera mu rugo rw’umwe muri bo. Mu byo batemera harimo ko umugore n’umugabo badasengana...
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Muyumbu inzoka 10 zateye urugo rw’umuturage bivugwa ko zaba zoherejwe n’umugore wa kabiri w’umugabo wo muri urwo rugo.
Abaturiye umusozi w’amasengesho wo mu Murenge wa Muhoza, wo mu Karere ka Musanze wahawe izina rya ‘Ndabirambiwe’, bavuga ko abahasengera ubuzima bwabo buri mu...
Umuhanzi Ngabo Medard yatangaje ko yagize impamvu z’akazi zatumye ataboneka mu bukwe bw’inshuti ye The Ben bwabereye muri Convention Center kuri uyu wa...
Tariki ya 02 Gicurasi ni umunsi wa kabiri utangira ukwezi kwa Gicurasi ukaba umunsi wa 122 mu minsi igize umwaka bivuze ko habura iminsi 243 kugira ngo umwaka wa 2024...