Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise ngo "Nibintije...
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Umuhanzi nyarwanda wamenyekaniye cyane mu ndirimbo Ziramya Zikanahimbaza Imana uzwi nka Papa Emile yashyize hanze indirimbo ishingiye ku nkuru ya Mariya na...
Ubwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo habereye umuhango wo gushyingirwa imberey’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGIYINGOMA Bertrand...
Soma: 2 petero 3:14-19: "
14. Ni cyo gituma bakundwa, ubwo mutegereje ibyo, mukwiriye kugira umwete wo kuzasangwa mu mahoro, mutagira ikizinga, mutariho umugayo mu maso ye.
15. Mumenye yuko...
Grace Omaboe, wahoze ari umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi yavuze ko umugabo umesa ikariso y’umugore we akwiye kuvumwa kandi ko nta cyiza yageraho mu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Mata 2020,Abadivantiste bavuguruye bo mu Kagari ka Kibirizi mu murenge wa Rubengera,mu karere ka Karongi, bafashwe bishe amabwiriza ya Leta yo kuguma mu rugo...
Perezida wa Zambia,Edgar Lungu,kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Nzeri yiriwe mu birori byo gushyingira umukobwa we witwa Tasila Lungu washyingiranwe n’umukunzi we Patrick...
Umwarimu witwa Ntawiheba Osée wigisha mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi, yandikiye ubuyobozi bw’Umurenge abumenyesha ko atiteguye gufata urukingo rwa Covid-19 kubera ko Imana yamubujije....
Abaturage 55 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Gahini, banze kwikingiza COVID-19 no kwambara agapfukamunwa, bafatiwe mu rugo rumwe bari gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo....
Bamwe mu banyapolitiki batandukanye mu Rwanda bagiye bavuga imbwirwaruhame zasigaye mu mitima ya benshi ndetse bamwe batangira kuzikoresha mu buzima busanzwe.
Izi mbwirwaruhame zagumye mu mitwe...
Umukuru w’urusengero muri Kenya ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru, kubazwa ku mibiri y’abantu igera ku 110 yataburuwe mu butaka bwe, mu gihe kuri uyu wa mbere hatangira isuzumwa ry’iyi mibiri...
Abantu babarirwa mu bihumbi bitandatu mu bari bitabiriye igitambo cya Misa yo kuzirikana Abahowe Imana b’i Bugande baje baturutse mu bihugu by’amahanga, harimo n’u Rwanda. Ariko kandi, mu kwiyakira,...