Minisitiri w’intebe wa New Zealand, Jacinda Ardern, ku wa mbere yagejeje ijambo rye rya mbere ku nteko y’abitabiriye inama rusange y’umuryango w’abibumbye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Umuhanzi Meddy akomeje gushimwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yafotowe amanuka ku rubyiniro agasuhuza umwe mu bitabiriye iki gitaramo ubana...
Robot ya Sophia yongeye gususurutsa abitabiriye umunsi wa 3 wa Transform Africa aho yatangaje byinshi mu kiganiro kirambuye yagiranye na Minisitiri w’ikoranabuhanga, itumanaho no guhanga...
Umuhanzi Fresh Daddy, se wa Fresh Kid, wo muri Uganda yahuriye n’uruvagusenya ku rubyiniro asusurutsa abari bitabiriye igitaramo yatumiwemo cyabereye kuri Aero Beach abafana bamuhundagazaho...
Madame Jeannette Kagame yashimiye abitabiriye amasengesho ngarukakwezi yo gusabira igihugu, barimo abayobozi muri Guverinoma, mu Nteko Ishinga Amategeko, mu bikorera no mu banyamadini n’amatorero,...
Abakunzi ba ruhago mu Rwanda biganjemo aba Rayon Sports baraye bitabiriye ku bwinshi umukino wahuje iyi kipe ikundwa na benshi mu Rwanda na Al Hilal yo muri Sudani,aho bayifashije kwinjiza...
Uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare mu ikipe ya Chelsea, Didier Drogba,yabwiye abitabiriye inama ikomeye ya Youth Connekt 2019 ko u Rwanda rwamubereye urugero rukomeye mu kwiyubaka nyuma y’ibyago...
Umuhanzikazi wo muri Kenya akaba n’uwahoze ari umunyamakuru wa radiyo NRG, Tanasha Donna Oketch, yamaganye abafana bitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ye, gusa kugira ngo bafate...
Ibaze nawe kuri ibi bintu bisa n’igitangaza byabereye mu gace ka Ahero gaherereye mu ntara ya Kisumu ho gihugu cya Kenya, aho abari bitabiriye umuhango wo gushyingura batunguwe no kumva umurambo...
Miss Jordan Mushambokazi umwe mu bakobwa bitabiriye amarushanwa ya Miss Rwanda mu mwaka wa 2018 yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kwinjira mu idini ya Islam nyuma yuko umusore bakundana ari umu...
Ku mugoroba wo ku cyumweru gishize, Polisi ya Uganda i Fort Port, mu kabari kitwa Giraffe i Kisenyi, yaguye gitumo abantu benshi bari bitabiriye ikirori...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Murambi uherereye mu Karere ka Gatsibo bufatanyije n’inzego z’umutekano bataye muri yombi abaturage 60 bitabiriye imihango yo gusaba no gukwa barenze ku mabwiriza yo...
Polisi mu Bubiligi yakoresheje imyaka iryana mu maso n’amazi afite imbaraga mu gutatanya ikivunge cy’abantu bari bitabiriye ’concert’ itari ukuri yatangajwe ku mbunga nkoranyambaga ko izaba tariki 01...
Nyuma y’Igihe gityo Jennifer Lopezi asubiranye n’umukunzi we wa cyera Ben Affleck, bashimangiye ko bari mu munyenga w’urukundo ubwo basomaniraga mu ruhame mu birori bari bitabiriye byo kwizihiza...
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yabwiye abayobozi batandukanye bari bitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango Unity Club Intwararumuri umaze ushinzwe ko Kwiyoroshya...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Werurwe 2022, abakobwa 20 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022 bitabiriye igikorwa cyo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore mu Murenge wa Rilima wo mu Karere ka...
Miss Queen Kalimpinya wabaye Igisonga cya 3 muri Miss Rwanda 2017, yaje ku isonga mu bakobwa n’abagore (Best Female) mu isiganwa ry’imodoka rya "Sprint Rally All Star 2022” ndetse anegukana umwanya...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Igikomangoma Prince Charles n’umugore we, Camilla Parker Bowles, bitabiriye inama ya CHOGM i Kigali.