Bien-Aimé Baraza umwe mu bagize itsinda rya Sout Sol yahishuye byinshi yigiye ku Rwanda anavuga ijambo rikomeye yabwiye na Perezida Paul Kagame ubwo baheruka mu Rwanda mu muhango wo kwita izina...
Perezida Kagame ari i Westminster Abbey aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elisabeth II.
Ni umuhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu n’aba guverinoma bagera kuri 500.
Umuhango wo...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Inteko Rusange ya 77 ya UN,Perezida Félix Tshisekedi wa RDC yashimangiye ko igihugu cye cyatewe n’u Rwanda rwitwikiriye umutaka wa M23.
Ibi yabitangaje kuri uyu...
Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yasabye ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ko rikwiye kumenya ko Uburundi bwateye intambwe mu by’ umutekano kandi ko butakiri igihugu...
Mu gitondo cy’umunsi nk’uyu tariki 1 Ukwakira 1990, isasu rya mbere ryavugiye i Kagitumba muri perefegitura y’Umutara (ubu ni muri Nyagatare), riba imbarutso y’inzira ndende yo gutaha ku bihumbi...
Uko iminsi igenda ishira ibyamamare mu Rwanda ntibisiba gukora ubukwe bitandukanye no mu myaka yashize kuko wasangaga abakora ubukwe ari bake.Umuryango wongeye kubegeranyiriza amafoto atandukanye...
Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
Perezida Paul Kagame yatangaje nta muntu n’umwe wigeze asubiza umugabane wa Afurika inyuma usibye abawutuye bemeye kubana nabyo.
Ibi umukuru w’igihugu yabigarutseho mu muhango wo gutangiza inama...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 16 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, Gen. Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’ikiruhuko mu Rwanda na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye...
Umutangabuhamya Monique Mujawamariya yashinje Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside kuba yari mu nama mu 1993 muri hoteli y’i Kigali yo gutangiza radio RTLM, yashishikarizaga Interahamwe kwica...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ku isabukuru ye, inshuti ze n’abagize umuryango we bamukoreye ibirori ariko kugira ngo abyitabire babanza kumubeshya ko hari abantu bafite ikibazo gikomeye bashaka...
Miss Rwanda 2016 akaba na Visi Perezida w’irushanwa ry’ubwiza rya Miss East Africa,Mutesi Jolly, yatangaje ko agiye gufasha Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba ry’iri rushanwa kurega Rena Events...
Abanyekongo bo mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramukiye mu myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda bashinja gufasha umutwe wa M23.
Iyi myigaragambyo yatangiye kuri...
Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo yari mu buhungiro n’umuryango we banyuze muri byinshi kugeza ubwo nyina yajyaga guhinga kugira ngo babone ibyo kurya ndetse anagaruka ku isomo Se yamwigishije...
Urubanza rwa Prince Kid rwari rutegerejwe kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2022 rwasubitswe rwimurirwa ku wa 17 Ugushyingo 2022.
Amakuru y’isubikwa ry’uru rubanza IGIHE dukesha iyi nkuru yayahamirijwe...
Perezida Paul Kagame ari mu bayobozi bakuru bamaze kugera mu Mujyi wa Doha muri Qatar aho bitabiriye ibirori bifungura imikino y’Igikombe cy’Isi kigiye gukinwa ku nshuro ya 22.
Igikombe cy’Isi...
Inama y’Abakuru b’Ibihugu yigaga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yafashe imyanzuro itandukanye irimo uvuga ko inyeshyamba za M23 zigomba kuva mu...