Urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid rwashyizweho akadomo, isomwa rizaba tariki 02 Ukuboza, 2022 ku isaha ya saa saba z’amanywa.
UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye ko...
Perezida wa Guinée Equatoriale,Obiang Nguema uri ku butegetsi kuva mu mwaka wa 1979 yongeye gutorerwa kuba Perezida mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere. Yagize amajwi 94,9%.
Obiang w’imyaka 80, wafashe...
Ifoto ya Madamu wa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyekuru, yambaye umwambaro wanditseho M23 ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Muri iyi foto ,Madame...
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na Meghan bari bamutegereje....
Perezida Félix Tshisekedi yizeje “gushyira ku murongo”, n’impinduka mu mibereho y’abasirikare ba DR Congo, ubwo yasuraga abasirikare bashya mu ngabo bitabye ubusabe bwe bwo mu kwezi gushize.
Ikigo...
Ibyishimo ni byose ku muryango ndetse ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe
muri bo yateye indi ntambwe agasezerana...
mukino wahuje Espoir FC y’i Rusizi na Etincelles FC y’i Rubavu, kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukuboza 2022 watangiye abakinnyi batuzuye, kubera kwikanga amarozi ku mpande zombi.
Wari umukino...
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, zagaragarije ubuyobozi bwa Leta y’u Burundi impungenge bayifitiye zituma badataha.
Itsinda ry’abayobozi batandukanye mu Burundi...
Perezida Tshisekedi yishimiye ko umutwe wa M23 wavuye muri Kibumba ndetse ashimira amahanga ko yatumye u Rwanda rukura abasirikare b’uyu mutwe hariya.
Ibi yabibwiye ba Guverineri bari bitabiriye...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yataramiye Abaturarwanda mu gitaramo cy’amateka cyabereye mu nyubako ya BK Arena yari yakubise yuzuye, cyaranzwe no gusenderezwa...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yashyize hanze imyirondoro y’abo yise abatasi b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo bakoranaga ngo binjiye mu mujyi wa Kinshasa binyuze mu muryango[ONG]...
Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikani, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu misa yo kumusezeraho yabereye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byinshi byo kwibaruka umwana wa gatatu nyuma y’imyaka ibiri bagize ibyago ubwo inda y’umwana bari batwite wa gatatu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko iterabwoba n’ubuhezanguni atari ibyo kwihanganira, ashimangira ko amahoro n’umutekano ari byo bizafasha Afurika.
Ibi Perezida Kagame yabigarutse...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Gatete Claver yongeye kugaragariza amahanga impungenge z’u Rwanda ku mutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC ko ari ikibazo ku iterambere ry’akarere.
Mu ijambo...
Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...