skol
Kigali

Search: Bitabiriye (1546)

Abakobwa bane batanze ubuhamya mu rubanza rwa Prince Kid rurapfundikirwa

Urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid rwashyizweho akadomo, isomwa rizaba tariki 02 Ukuboza, 2022 ku isaha ya saa saba z’amanywa. UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye ko...
25 November 2022 3146 0

Perezida Teodoro Obiang Nguema umaze imyaka 43 yongeye gutorwa

Perezida wa Guinée Equatoriale,Obiang Nguema uri ku butegetsi kuva mu mwaka wa 1979 yongeye gutorerwa kuba Perezida mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere. Yagize amajwi 94,9%. Obiang w’imyaka 80, wafashe...
27 November 2022 1138 0

Inkangu yatwaye abantu bari bagiye gushyingura 14 bahasiga ubuzima

Ubuyobozi bwavuze ko inkangu yabereye mu murwa mukuru wa Kameruni, Yaoundé, yahitanye byibuze abantu 14. Abapfuye bari bitabiriye umuhango wo gushyingura nk’uko guverineri w’akarere, Naseri Paul...
28 November 2022 1608 0

Perezida Kagame yagaragaje icyo RDC ikeneye ngo ibone umutekano iwayo

Hifashishijwe ikoranabuhanga Perezida Kagame yitabiriye icyiciro cya gatatu cy’ibiganiro bya Nairobi bihuza Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa EAC bishakira umuti ibibazo by’umutekano mucye mu...
28 November 2022 3203 0

IFOTO Y’UMUNSI: Umugore wa Perezida Tshisekedi yifotoje yambaye umupira wa M23

Ifoto ya Madamu wa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyekuru, yambaye umwambaro wanditseho M23 ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga Muri iyi foto ,Madame...
29 November 2022 6320 0

Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye u Rwanda rwongereye izindi ngabo muri Mozambike

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rukomeje gushakira umutekano igihugu cya Mozambike ndetse rwongereyeyo izindi ngabo kugira ngo zikurikirane ibyihebe ahantu hose byahungiye. Ubwo yagezaga...
30 November 2022 1279 0

Vuvuzela zavugiye ku rukiko bwa mbere na Halleluya ziba urusobe!!!Benshi bishimiye gufungurwa kwa Prince...

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Dieudonné Kagame Ishimwe uzwi nka Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda ndetse rutegeka ko ahita afungurwa. Prince Kid yagizwe umwere...
2 December 2022 2099 0

Prince Kid yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusohoka mu gihome

Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na Meghan bari bamutegereje....
2 December 2022 4251 0

Abaganga bapfukamye basaba Perezida Museveni kuzongera kwiyamamaza

Itsinda ry’abaganga muri Uganda ryatunguye benshi muri weekend ubwo bapfukamaga imbere ya Perezida Yoweri Museveni bamusaba kuziyamamariza manda ya karindwi. Museveni w’imyaka 78 ari ku butegetsi...
5 December 2022 1086 0

Umuhanzi Gabiro Guitar ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we

Umuhanzi nyarwanda Gabiro Guitar ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha se umubyara, ababazwa nuko agiye atamusezeye ngo amubwire ijambo rya nyuma.
5 December 2022 880 0

Perezida Tshisekedi yizeje gukorera ikintu gikomeye igisirikare cye

Perezida Félix Tshisekedi yizeje “gushyira ku murongo”, n’impinduka mu mibereho y’abasirikare ba DR Congo, ubwo yasuraga abasirikare bashya mu ngabo bitabye ubusabe bwe bwo mu kwezi gushize. Ikigo...
9 December 2022 3328 0

Pamla wo mu itsinda rya Mackenzies yasezeranye imbere y’amategeko(AMAFOTO)

Ibyishimo ni byose ku muryango ndetse ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe muri bo yateye indi ntambwe agasezerana...
10 December 2022 1870 0

Umukino wa Etincelles FC na Espoir FC watangiye buri ruhande abakinnyi batuzuye kubera iby’amarozi

mukino wahuje Espoir FC y’i Rusizi na Etincelles FC y’i Rubavu, kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukuboza 2022 watangiye abakinnyi batuzuye, kubera kwikanga amarozi ku mpande zombi. Wari umukino...
18 December 2022 2051 0

Impunzi z’Abarundi zagaragaje impamvu zidashaka guhita zitaha iwabo

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, zagaragarije ubuyobozi bwa Leta y’u Burundi impungenge bayifitiye zituma badataha. Itsinda ry’abayobozi batandukanye mu Burundi...
20 December 2022 1291 0

Abari gusabana na Diamond batashye bijujuta nyuma yo gutegereza bagaheba

Mu ijoro ryo ku wa 22 Ukuboza 2022 abakunzi b’umuziki bari bararikiwe ibirori byo gusabana n’umuhanzi Diamond byagombaga kubera ku Gisozi ahitwa ‘Romantic Garden’, baramutegereza amaso ahera mu...
23 December 2022 1089 0

Perezida Tshisekedi yavuze amagambo akomeye nyuma y’aho M23 ivuye muri Kibumba

Perezida Tshisekedi yishimiye ko umutwe wa M23 wavuye muri Kibumba ndetse ashimira amahanga ko yatumye u Rwanda rukura abasirikare b’uyu mutwe hariya. Ibi yabibwiye ba Guverineri bari bitabiriye...
24 December 2022 6049 0

Bk Arena yuzuye! Mbonyi yakoze igitaramo kitazibagirana mu mateka ya muzika nyarwanda

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yataramiye Abaturarwanda mu gitaramo cy’amateka cyabereye mu nyubako ya BK Arena yari yakubise yuzuye, cyaranzwe no gusenderezwa...
26 December 2022 1068 0

RDC yagaragaje abo yise abatasi b’u Rwanda yafatiye ku butaka bwayo

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yashyize hanze imyirondoro y’abo yise abatasi b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo bakoranaga ngo binjiye mu mujyi wa Kinshasa binyuze mu muryango[ONG]...
28 December 2022 5241 0

Papa Benedict XVI yashyinguwe mu muhango udasanzwe

Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikani, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu misa yo kumusezeraho yabereye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu...
6 January 2023 1262 0

Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka...
7 January 2023 6156 0

Sobanukirwa imwe mu migenzo ikorerwa mu bukwe n’inkomoko yayo

Sobanukirwa imwe mu migenzo abatu benshi bakunze kwibaza ikorerwa mu bukwe n’icyo isobanuye kuva ku gutera ivi kugera ku bukwe nyirizina.
9 January 2023 921 0

Ibyamamare byakoze ubukwe muri 2022(Amafoto)

Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
13 January 2023 2436 0

John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wa gatatu

John Legend na Chrissy Teigen bari mu byishimo byinshi byo kwibaruka umwana wa gatatu nyuma y’imyaka ibiri bagize ibyago ubwo inda y’umwana bari batwite wa gatatu...
16 January 2023 289 0

Kenya: Umusaza w’imyaka 89 wari ukiri Imanzi yashyingiranwe n’umugore w’imyaka 40

Umusaza w’imyaka 89 uvuga ko yari akiri imanzi yarongoye umukobwa w’imyaka 40 ufite abana batatu yabyaye mbere y’uko babana. Aba bombi, Johana Maritim Butuk na Alice Jemeli, batuye mu ntara ya...
17 January 2023 3244 0

Perezida Kagame yasabye Afurika kutihanganira iterabwoba n’ubuhenzanguni

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko iterabwoba n’ubuhezanguni atari ibyo kwihanganira, ashimangira ko amahoro n’umutekano ari byo bizafasha Afurika. Ibi Perezida Kagame yabigarutse...
18 January 2023 677 0

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ibibazo by’ingutu bibangamiye iterambere ry’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko kubyara abana benshi umuntu adashoboye kurera,kunyereza umutungo,ihindagurika ry’ibihe n’ibindi. Ibi yabigarutseho mu ijambo yaraye agejeje ku...
23 January 2023 673 0

Miss Amanda yajyanye umukunzi we kwa Nyirakuru(Amafoto)

Miss Amanda Akaliza wegukanye ikamba ry’igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2021, yajyanye umukunzi we kwa Nyirakuru i bintu avuga ko byamushimishije ndetse akavungukira n’ubumenyi bushya ku...
24 January 2023 2588 0

U Rwanda rwongeye gusaba amahanga kwita ku kibazo cya RDC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Gatete Claver yongeye kugaragariza amahanga impungenge z’u Rwanda ku mutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC ko ari ikibazo ku iterambere ry’akarere. Mu ijambo...
28 January 2023 888 0

Marc wahoze ari umugabo wa Jennifer Lopez yakoze ubukwe na Miss Paraguay 2021 arusha imyaka 31

Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...
30 January 2023 1087 0

DRC: Papa Francis yasabye ikintu gikomeye urubyiruko

Papa Francis yahamagariye urubyiruko rwo muri Republika ya Demokrasi ya Congo gushira ku ruhande ubudasa bushingiye ku moko rukubaka ahazaza harwo.
3 February 2023 1663 0
0 | ... | 1200 | 1230 | 1260 | 1290 | 1320 | 1350 | 1380 | 1410 | 1440 | ... | 1530