Umukunzi wa Erling Haaland witwa Isabel Johansen yatitije imbuga nkoranyambaga nyuma yo gufatwa amashusho ari mu bantu bitabiriye ibirori byo gutombora amatsinda ya Champions League...
The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i...
Abanyarwandakazi batandatu bitabiriye Tour du Burundi yatangiye kuri uyu wa 22 Ukwakira 2023,batwaye imyanya 5 ya mbere mu gace ka kabiri k’iri rushanwa.
Umwe mu bana bitabiriye Bayern Youth Cup yahuje abatarengeje imyaka 17 mu Budage, ari mu bakinnyi basezerewe mu Amavubi U15 kubera kubeshya imyaka aho byagaragaye ko afite imyirondoro itatu...
Kuri uyu wa mbere, guverinoma ya Kenya yatanze umunsi w’ikiruhuko mu gihugu cyose kugira ngo ishishikarize abaturage gutera ibiti miliyoni 100 mu gihugu hose, umuhamagaro abantu babarirwa mu...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017 ni bwo Patient Bizimana yakoze igitaramo gikomeye cya Pasika yatumiyemo abahanzi bakomeye mu karere ari bo Marion Shako wo muri Kenya na Apotre Apollinaire...
Abantu babarirwa mu bihumbi bitandatu mu bari bitabiriye igitambo cya Misa yo kuzirikana Abahowe Imana b’i Bugande baje baturutse mu bihugu by’amahanga, harimo n’u Rwanda. Ariko kandi, mu kwiyakira,...
371 binjijwe mu rwego rwunganira uturere mu kubungabunga umutekano (District Administrative Security Support Organ (DASSO) nyuma yo gusoza amasomo ajyanye n’izo nshingano baherewe mu Ishuri rya...
Perezida wa Republika Paul Kagame, uri i Dakar muri Senegal, yagejeje ijambo ku bitabiriye inama y’ihuriro mpuzamahanga ku mahoro n’umutekano muri Afrika ku nshuro ya kane.
Umukuru w’ igihugu...
Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
Kuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego...
Inama y’Inteko Rusange idasanzwe ya FERWAFA yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2021 kuri Lemigo Hotel mu Mujyi wa Kigali, yemeje ko ingengo y’imari izakoreshwa mu mwaka wa 2021 ingana...
Imikino Olempike yatangiye kera cyane ariko na nubu ikundwa na benshi mu batuye isi kubera ko buri mukino wose uba uhari gusa benshi mu bayikinnye n’abakiyikina bemeza ko ubusambanyi buyiberamo...
Perezida Kagame kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru ifata ingamba nshya mu gukomeza gukumira ikwirakwira...