Kim Jong-un, Perezida wa Koreya ya ruguru, yagaragaye mu ruhame bwa mbere nyuma y’iminsi 20 yari ishize, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru bya leta y’icyo...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko "yishimiye" ko Kim Jong-un, umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru, yongeye kugaragara kandi akaba asa n’ufite ubuzima...
Mu muhango wo gushyingura George Floyd - Umunyamerika ukomoka muri Afurika wapfiriye mu maboko ya polisi bigateza uburakari ku isi - humvikanye abasaba ko habaho ubutabera kubera...
Tariki ya 29 Gicurasi 2019, ubwo Perezida wa Malawi, Peter Mutharika, yari agiye kurahirira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mugi wa Blantyre ufatwa nk’uwa kabiri ukomeye muri iki gihugu, hagaragaye...
Inama nkuru y’ishyaka riri ku butegetsi ’Chama Cha Mapinduzi’ (CCM) yemeje Perezida John Magufuli nk’umukandida waryo mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa cumi uyu...
Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali yaraye atangaje iseswa ry’urukiko rw’itegekonshinga, mu kugerageza guhosha imidugararo yiciwemo abantu bane mu myigaragambyo yabaye ku wa...
Umucuruzi wo mu mujyi wa Kampala akaba n’ikimenyabose Sulaiman Kabangala Mbuga uzwi ku izina rya SK Mbuga yatawe muri yombi azira gukorera umugore we Vivian Mbuga Chebet ibirori bihenze cyane...
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli ,yahamagaye umuhanzi Diamond Platnumz imbere y’abantu benshi, akuramo ingofero yari yambaye arayimwambika hanyuma n’uyu muhanzi ayishyira mu kabati...
U Burundi bwiyamye za Guverinoma z’ibihugu by’amahanga birimo n’ibyagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza muri 2015, kubera icyo yise ’Ibitero bishingiye kuri politiki na dipolomasi’...
Umugore n’abana bane bapfiriye mu mubyigano w’abashakaga kureba isanduku irimo umurambo wa John Magufuli ku kibuga cy’indege, nk’uko polisi yabitangarije...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Werurwe 2021,nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Perezida Magufuli I Dodoma aho abaperezida 10 n’abandi banyacyubahiro barimo intumwa z’ibihugu zitandukanye...
Umuhango wo gushyingura uwari perezida wa Tanzania Johon Magufuli uri kubera aho avuka i Chato mu majyaruguru ashyira uburengerazuba umujyi uri hafi y’ikiyaga cya...
Kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza batatu muri Village Urugwiro, abibutsa ko bafite inshingano zikomeye zo gutuma Abaturarwanda bakomeza kwiyumvamo urwego...
Mbonyumuvunyi Karim na Miss Mushambokazi Jordan, umwe mu bakobwa 20 babashije kwitabira umwiherero wa Miss Rwanda 2018, bakoze ibirori by’ubukwe bwabo bikurikira imihango y’indi yo kubana kwabo...
Kuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa...
Umuhanzi Tuyishime Joshua wakunzwe na benshi ku izina rya "Jay Polly" yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi aho yari arwariye mu bitaro bya Muhima mu mujyi wa Kigali.
Umuraperi Jay...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 avuga ko amasaha ntarengwa y’ingendo yemewe ari saa yine z’ijoro aho kuba saa sita z’ijoro nk’uko byari bimaze kumenyerwa.
Izi...
Ku munsi w’ejo tariki ya 19 Ukuboza nibwo Umuriribyi w’indirimbo z’Imana yarushinze n’umugore we Karamira Uwera Gentille usanzwe utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ni mu muhango wo gusezerana...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyizeho amabwiriza avuguruye agenga ibirori bibera mu ngo zo mu Ntara nyuma y’ayashyiriweho umujyi wa Kigali
MINALOC yavuze ko imihango y’ubukwe harimo...
Urukundo rukomeje kugurumana hagati y’umuraperi Ye wamamaye ku izina rya Kanye West na Julia Fox ,aho bongeye kugaragara basohokanye ndetse batambuka ku itapi itukura bafatanye agatoki ku kandi...