Uwari umutoza wa Rayon Sports,Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho yabwiye abakunzi bayo ko ayikunda ndetse yifuza kuzongera gukorana nayo mu gihe...
Umugabo ukomoka muri Brazil yaciye agahigo ku isi [Guinness World Record] ko kuba umuntu ukanura [uturumbura amaso] kurusha abandi ku mubumbe kuko amaso ye asohoka akagera mui santimetero 2....
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wo muri Brazil,Ronaldo aritegura kurushinga ku nshuro ya 3 n’umugore arusha imyaka 14 nyuma yo kumusaba ko yazamubera umugore undi akabyemera akamwambika impeta ubwo...
Kizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé kubera ibigwi yagize mu mupira w’amaguru,yahitanwe n’indwara ya Kanseri nyuma y’igihe arembeye mu bitaro Albert Einstein iwabo.
Yabaye umukinnyi...
Igihangange mu mupira w’amaguru wa Brazil, Pele,ufatwa nk’umukinyi wa mbere ukomeye mu mateka y’umupira w’amaguru kw’isi, yapfuye ku myaka 82.
Amazina ye ni Edson Arantes do Nascimento, bakundaga...
Abagore babiri bo muri Brazil bavuze ko bahohotewe bishingiye ku gitsina n’abagizi ba nabi ku munara wa Eiffel mu Bufaransa.
Aba bakobwa bari mu biruhuko aho kuwa Gatandatu basuye akabari kamwe...
Umunya-Brazil wabiciye bigacika muri ruhago, Ronaldinho yavuze ko atakwihandagaza ngo avuge ko Messi ari we mukinnyi mwiza w’ibihe byose kuko hari abamurusha.
Abona ko hari abakinnyi nka batatu...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo...
Jair Bolsonaro , ubu niwe Perezida mushya w’ igihugu cya Brazil nyuma yo gutsinda amatora ya Perezida na 55.54% mu gihe uwo bari bahanganye bagize 44.46%.
Umunya Brazil witwa Daniel Correa Freitas w’imyaka 24 wakiniraga ikipe ya Sao Paolo mu cyiciro cya mbere muri Brazil yasanzwe mu gihuru yaciwe umutwe ndetse n’imwe mu myanye ye y’ibanga yangijwe...
Uwabaye umukinnyi ukomeye Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo wakinnye mu makipe menshi arimo na FC Barcelona,yavuze ko gusezererwa na Liverpool muri UEFA Champions League byagizwemo uruhare...
Umurusiyakazi witwa Kinsey Wolanski uheruka kuvugwa cyane mu binyamakuru ubwo yirukaga mu kibuga ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League yambaye ubusa,yakomwe mu nkokora n’umurinzi ubwo...
Umunya Brazil Arthur Melo wakiniraga ikipe ya FC Barcelona yanze kuva mu kiruhuko mu gihugu cya Brazil kugira ngo ayifashe mu mikino ya UEFA Champions League cyane ko yamaze gusinyira ikipe ya...
Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha...
Abakinnyi bakomoka muri Brazil bakomeje kubura ababyeyi babo aho nyuma ya Ronaldinho watakaje nyina umubyara mu minsi ishize n’umunyezamu wa Liverpool,Alisson Becker,yabuze se umubyara warohamye...
Nyuma y’ imyaka 15 ashaka igikombe ari kumwe n’ikipe y’igihugu cye Argentina,Lionel Messi na bagenzi be begukanye igikombe cya Copa America 2021 batsindiye Brazil ku mukino wa nyuma igitego 1-0....
Umuhanzi watwaye GRAMMY yapfuye azize impanuka y’indege ari kumwe n’abandi bane bari kumwe.
Marilia Mendonca,wari ufite imyaka 26, yari mu nzira agiye gutaramira mu gitaramo ubwo indege yarimo...