Ikipe ya Rayon Sports yari yakiriye Bugesera FC mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyoma y’icyiciro cya mbere 2021-22,iyitsinda ibitego 3-1.
Rayon Sports yaherukaga kunganya na Rutsiro 2-2,yiyunze...
Umupfumu umaze kumenyekana nka Salongo yubatse umuhanda mwiza mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata ari naho atuye nk’inyiturano yaha urwamubyaye.
Umusore w’imyaka 24 yafatiwe mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata muri gare afite ibikoresho byo munzu birimo na Television ndetse n’amafaranga agera ku bihumbi 96 rwf yari yibye mu rugo...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA ISHYAMBA RIFITE UBUSO 30.656SQM,RYA DUSENGIMANA JEAN CLAUDE RIHEREREYE MU MUDUGUDU WA KIGINA,AKAGALI KA NEMBA, UMURENGE...
Umutoza wa APR FC,Adil Erradi Mohammed yanenze urwego abakinnyi be bariho nyuma yo gutsindwa na Bugesera FC ibitego 2-1 batagerageje guhatana uko bikwiriye.
Ikipe ya Bugesera FC yatsinze APR FC...
Rayon Sports yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Bugesera FC igitego 1-0.
Ibifashijwemo na kizigenza wayo,Essomba Willy Onana ku munota wa 44, Rayon Sports...
Abagabo babiri bo mu Karere ka Bugesera barashwe n’inzego z’umutekano ubwo bahagarikwaga mu ijoro ryo ku wa 10 Mata 2023 bivugwa ko bavuye kwiba, aho guhagarara bakagerageza kurwanya abashinzwe...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Karere ka Bugesera yasanzwe yiyahuje ishuka nyuma y’igihe atumvikana n’ababyeyi be kubera ibiyobyabwenge yari asanzwe...
Mu ijoro ryakeye, mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama, Polisi yarashe Nsengimana Vincent w’imyaka 27 wakekwagaho kwangiza ibikorwa remezo no kwiba insinga...
Padiri Gakuba Célestin w’imyaka 41 wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera,yakoze impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri, undi umwe arakomereka...
Bugesera yarangije ku mwanya wa 5 iri mu biganiro na Ndatimana Robert aho bivugwa ko bari hafi kumvikana n’uyu musore wahoze akinira Rayon Sports mbere y’uko yerekeza muri Police FC amazemo imyaka...
Ku italiki ya 11 Werurwe uyu mwaka, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yashyikirije moto ebyiri zibwe mu bihe bitandukanye ba nyirazo. Izo moto zarafashwe ku bufatanye n’abaturage, ubwo zabaga...
Shampiyona yari yakomehje ku umunsi wayo wa 19, hari habaye imikino itandukanye, Police yananiwe kwikura I Gicumbi, AS Kigali mu Bugesera ihatambuka kigabo ni mu gihe Minnaert na Mukura ye nabo...
Ikipe ya Bugesera FC yari yarahagaritswe kwakirira imikino ku kibuga cyayo I Nyamata yamaze kwemererwa na FERWAFA kongera kuhakirira imikino aho izatangira kuhakinira mu mukino wa shampiyona yok...
Umutoza w’ikipe ya Bugesera FC Bizimungu Ally aratangaza ko yiteguye gukura amanota 3 ya mbere kuri uyu munsi taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo baraba bakiriye iyi kipe mu mugi wa Nyamata ku I saa...
Umutoza wungirije w’ikipe ya Rayon Sports Ndikumana Hamad uzwi nka Katauti yatangaje ko impamvu yatumye ikipe ya Rayon Sports itsindwa umukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona na Bugesera FC ari uko...
Kiyovu Sports ikomeje gutera ubwoba abakeba,yisubije umwanya wa mbere kuri iki cyumweru nyuma yo gutsinda Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Stade Mumena.
Ibitego bya Mugheni...
umusore w’imyaka 23 ukurikiranyweho icyaha cyo gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, gukubita no gukomeretsa ku bushake no kwigomeka ku buyobozi ndetse n’Umukuru w’Umudugudu...
Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ku kibuga cyayo ibitego 2-0 byiyongera kuri 1-0 yayitsinze mu mukino ubanza wa 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro,igera muri 1/2 aho izahura na APR FC nta gihindutse....
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...
Abakora umurimo wo gutwara abagenzi kuri moto mu mujyi wa Nyamata ho mu karere ka Bugesera mu ntara y’iburasirazuba, bavuga ko bahangayikishijwe no gucibwa amafaranga ibihumbi 10, yitwa amande y’...
Umugore wo mu karere ka Bugesera akurikiranyweho guha inzaratsi umugabo we, ngo yakoze ibi byose agamije kugirango umugabo akomeze amukunde nk’uko byemezwa na bamwe mu baturanyi b’uyu muryango....
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...