Mu murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera biravugwa ko yafashwe n’uruhereko nyuma yo gushikuza umugore isakoshi yarimo amafaranga n’ibindi byangombwa.Uyu mudamu yavuze ko nyuma y’ibyumweru bibiri...
Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017, Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda yatangiriye ibikorwa bye mu karere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba.
Mpayimana Philippe yabimburiye...
Umudugudu wa Sumbure uherereye mu kagari ka kanazi,umurenge wa Nyamata ho mu karere ka Bugesera utuwe n’imwe mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka, bubakiwe muri gahunda yo guca nyakatsi. Iyo...
Umusaza w’ imyaka 56 y’ amavuko wari warafatanyije na bagenzi be guhinga imyumbati bamusanze yapfuye nyuma y’ uko afashe imyumbati ine akayihisha mu myenda.
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 26/1/2019 saa tanu z’igitondo (11h00) azasubukura mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu kagali ka Cyugaro,...
Umuhanzi w’umunyarwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe gutanga amaraso, Tom Close yujuje inzu y’agatangaza iherereye mu Karere ka Bugesera.
Uyu muhanzi uri mu ba mbere bazamuye...
Mu mudugudu wa Mbuganzeri, utujwemo abimuwe mu birwa bya Mazane na Sharita, haboneka abana b’abakobwa batewe inda bivuye ku kuba abayeyi babo bahinga kure.
Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam KARENZI, wari usanzwe ari n’umunyamabanga mukuru w’ikipe ya BUGESERA FC yamaze kwandikira ubuyobozi bw’iyi kipe ibaruwa yo kwegura ku mirimo ku mpamvu ze...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA IMITUNGO YA MUKABERA Anne Marie IGIZWE N’INZU IFITE UPI:5/07/14/04/01/3336 IHEREREYE MU MUDUGUDU WA BIGAGA ,AKAGALI KA...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA IMITUNGO YA MUKABERA Anne Marie KU NSHURO YA KABIRI IGIZWE N’INZU IFITE UPI:5/07/04/04/01/3336 IHEREREYE MU MUDUGUDU WA...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA IMITUNGO YA MUKABERA Anne Marie KU NSHURO YA GATATU IGIZWE N’INZU IFITE UPI:5/07/04/04/01/3336 IHEREREYE MU MUDUGUDU WA...
Umubyeyi wo mu Karere ka Bugesera yibarutse abana 4 icyarimwe nyuma y’imyaka 15 yari amaze ategereje urubyaro.
Ibi byabaye mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki 26 Ukuboza 2022, mu bitaro...
Kuri sitasiyo za polisi mu Mirenge ya Mayange na Rilima yombi yo mu Karere ka Bugesera, hafungiye abantu batanu bakurikiranyweho kubwira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi amagambo arimo...
Ikipe ya Rayon Sports idafite umutoza wayo mukuru Masudi Djuma irerekeza mu Bugesera gukina n’iyi kipe umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 21 bitewe n’uko iyi kipe ya Rayon Sports yari mu imikino...
Moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nimero ziyiranga RAB 632V yibwe mu karere ka Bugesera mu cyumweru gishize yafatiwe mu karere ka Gakenke. Umugabo ucyekwaho kuyiba akaba yarafatiwe mu murenge wa...
Polisi y’ u Rwanda irimo gukora iperereza ku rupfu rw’ umugore w’ imyaka 48 yiciwe mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera.
Kuri uyu wa mbere tariki 2 Mutarama 2017 nibwo abaturanyi ba...
Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yakoze umukwabu wo kurwanya icuruzwa ritemewe ry’ibikomoka kuri peteroli maze ifata amajerekani agera kuri 39 ya mazutu.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara...
Higiro Jackson na Gatabazi Robert bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Ririma, mu karere ka Bugesera nyuma y’aho Polisi ibafatanye Miliyoni n’ibihumbi 40 by’amafaranga y’u Rwanda bakekwa kuba bari...
Umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye wo mu Murenge wa Ruhuha Mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba mu bihe bitandukanye yagiye asambanywa n’umwarimu we...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...