Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatangiye Igikombe cy’isi 2022 iri hejuru cyane nyuma yo kunyagira Irani ibitego 6-2 mu mujyi wa Doha mu mukino wa mbere wo mu itsinda B.
Umukino wakinwe habanje...
Abafana ba Iran mbere yo guhura n’Ubwongereza mu mukino ubanza wo mu itsinda B ry’Igikombe cy’isi muri Qatar,bagaragaye bafite ibyapa byibasira myugariro Harry Maguire.
Aba bafana benshi bari...
Mucyo David wamenyekanye na Madebeats mu gukora no gutunganya indirimbo hano mu Rwanda agiye kwimukira mu Bwongereza nyuma yo kubona ibyangombwa bimwemerera kuhatura ndetse no kuhakorera umuziki...
Ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza y’abagore yatsinze iya Sweden ibitego 4-0 mu mukino wa 1/2 cya EURO 2022 y’Abagore, ikatisha itike yo gukina umukino wa nyuma aho izacakirana n’Ubudage bo bwatsinze...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza ari mu rugamba rutoroshye rwa poritike nyuma y’aho babiri mu baminisitiri be bamaganye ubutegetsi bwe bagahitamo kwegura ku mirimo...
Dwayne Michael Carter Jr. umuraperi wamamaye nka Lil Wayne yabujijwe kwinjira ku butaka bw’Ubwongereza azira gukurikiranwa n’amategeko inshuro nyinshi iwabo muri Leta Zunze Ubumwe...
Abimukira 50 bari mu Bwongereza babwiwe ko ari bo ba mbere bazoherezwa mu Rwanda mu mugambi utarishimiwe na benshi wo kwimura abimukira.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru Daily Mail, Boris Johnson...
Igikomangoma cy’Ubwami bw’u Bwongereza, Prince William n’umugore we Catherine Kate Middleton bari muri Jamaica, bishimiwe cyane n’abaturage bagiye kubaramutsa bafite...
Hari hashize imyaka 55 Ubwongereza butazi uko umukino wa nyuma wa Euro usa ariko abasore b’umutoza Gareth Southgate baraye batsinze Denmark ibitego 2-1 muri ½ cy’irushanwa ry’uyu mwaka baha ibyishimo...
Ikipe y’Ubwongereza iri mu makipe ahabwa amahirwe menshi yo kwegukana Euro 2020 yo n’Ubutaliyani ndetse bamwe mu bakinnyi bayo batangiye gushyiraho intego nibaramuka begukanye igikombe....
Kuri uyu wa Kane nibwo harakinwa imikino ibanza ya 1/32 cya UEFA Europa League aho amakipe yo mu Bwongereza asabwa guhindura imikinire kuko ubu ibintu byahindutse ari...
Umukinnyi witwa Kyle Hudlin ukina asatira mu ikipe ya Solihull Moors yo mu cyiciro cya 5 mu bwongereza yatangaje ko yifuza gukomeza kuzamura urwego rwe nibura akagera muri Premier...
Ibigugu byose byo mu Bwongereza byahuriye muri FA Cup izerekanwa yose uko yakabaye kuri Startimes isanzwe ari ifatabuguzi rya TV zigezweho riyoboye izindi ku mugabane wa...
Nubwo ari umunyacyubahiro,Bwana Stephen Ellison,uherutse koherezwa guhagararira Ubwongereza mu Bushinwa ari gushimwa na benshi kubera ukuntu yatabaye umugore wari mu mazi ari kurohama yabuze...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Douglas Jack Agu uzwi nka Runtown ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho yahungiye imyigaragambyo irikubera iwabo muri Nigeria, Joe Boy we yahungiye muri...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 17/06/2020, shampiyona y’u Bwongereza yaherukaga gukinwa tariki 09/03/2020 yamaze gusubukurwa, itangira Aston Villa na Sheffield United zigwa miswi, Manchester City...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yashyizwe mu bitaro by’abarembye cyane nyuma y’aho ibimenyetso bya coronavirus yari afite byiyongereye.
Icyamamare mu mukino w’iteramakofe, Floyd Mayweather,yiyemeje gushora imari mu mupira w’amaguru aho yifuza kugura ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza,Newcastle...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyitwa Free Super Tips ku makipe yose yo mu Bwongereza bwagaragaje ko ikipe ya Liverpool iri ku isonga mu kugira abafana bakurura abandi kurusha andi...
Abakobwa bo mu idini rya Islam mu Bwongereza ngo bafite impungenge nyinshi nyuma yaho hatangajwe ko hashobora gukurwaho uburyo bari bafite bwo kujya kwibagisha ku batakaje ubusugi...
Leta y’Ubwongereza yanze gushyira ubuzima bw’abaturage bayo mu kaga,niko gufata abaturage bayo bari baturutse mu Bushinwa aho icyorezo cya Coronavirus kiri guca ibintu ibafungira mu kigo cya...
Umutoza Jurgen Klopp n’abakinnyi be bakomeje kwandika amateka mu ikipe ya Liverpool kuko baraye begukanye igikombe cy’isi cy’amakipe baba ikipe ya mbere mu Bwongereza itwaye UEFA Champions...