muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball imaze kubona itike y’igikombe cya Afurika ’AfroBasket’ giteganyijwe mu kwezi kwa Kanama.
Amakipe 14 niyo yari yamenyekanye ko azitabira iri rushanwa rya...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu mikino nyafurika ari kibi, ariko ibyo bitagomba kuba urwitwazo rwo gutsindwa kuko batazagikiniraho...
Ikipe ya Sunrise ni umwe mu makipe yari yitezwe kuba yahanganira igikombe cya shampiyona uyu mwaka w’imikino, dore ko yari yanabigaragaje itsinda imikino yayo 3 ya mbere. Yaje kugongwa n’ikibazo...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 08 Mutarama 2017, nibwo byamenyekanye ko Zacharie Noah wari se w’umuhanzi Yannick Noah yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.
Zacharie Noah wari...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016 yitabiriye inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu bigize umuryango uhuza ibihugu by’ Afurika yo hagati ECCAS.
Muri iyi nama abakuru...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
Mu minsi ishize nibwo ibihuha byari byinshi ko nyuma y’aho Masudi Djuma asezereye mu ikipe ya Rayon Sports, yifuzwa n’ikipe ya Vital’o ndetse ko bari mu biganiro, ariko ku munsi w’ejo iyi kipe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama 2017 nibwo ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball yerekeje mu gihugu cya Tunisiya aho igiye gukorera imyitozo ya nyuma yo kuyifasha...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Basketball Mutokambali Moise yatangaje ko yiteguye gufasha iyi kipe nkuru y’igihugu kwitwara neza ndetse bakaba abagera mu mikino ya kimwe cya kane cy’irangiza mu mikino...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball iherereye mu gihugu cya Tunisiya aho iri mu mikino ya gicuti yo kwitegura imikino ya Afrobasket, yaraye itsinzwe na Mali mu mukino wa gicuti ku kinyuranyo...
Umusore wo muri Namibiya yakoze telefoni itangaje itagombera kugira simu kadi ndetse no guhamagara bikaba ari ubuntu.
Simon Petrus w’imyaka 20 ukomoka muri iki gihugu cya Namibiya giherereye mu...
Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
HCR, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, iratangaza ko ikibazo cy’impunzi za Repubulika ya Centrafrika kigeze ahakomeye cyane.
Imbere mu gihugu, abavuye mu byabo baragera ku bihumbi...
Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018.
Uyu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Paul Bitok yamaze guhamagara abakinnyi 14 azakoresha mu mikino nyafurika izabera mu gihugu cya Misiri kuva ku I taliki ya 20 kugeza ku ya 30 Ukwakira uyu mwaka aho...
• Interpro Cycling Academy yamaze gusezera muri Tour du Rwanda kubera impanuka y’umwe mu bakinnyi bayo.
• Bike Aid yatangaje abakinnyi 5 izakoresha muri Tour du Rwanda barangajwe imbere na Nikodemus...