Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA kuva mu mwaka wa 1973 kugeza 2003 Sir Christopher Meyer w’imyaka 74, ari muri coma nyuma yo gutegwa n’abana 2 mu mihanda ya gari ya moshi zica mu buvumo...
Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
Rutahizamu Christopher Nkuku wa Chelsea uheruka kugira ikibazo cy’imvune bari mu mikino ya gicuti,yabazwe ndetse ashobora kuzamara igihe kinini adakina.
Guverinoma ya Uganda iri kuganira n’abashoramari bo mu bihugu by’u Burayi kugira ngo ihitemo uwazubaka uruganda rutunganya urumogi rugakorwamo imiti nk’uko bitangazwa na Umunyamabanga wa Leta muri...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
Musenyeri Christopher Saunders wo muri Australia yashinjwe icyaha cyo gufata ku ngufu mu rukurikirane rw’ibyaha bishingiye ku mibonano mpuzabitsina – bimwe muri byo byakorewe...
Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa...
Mu gitondo cya tariki ya 28 Nzeri ahagana za tanu Polisi ikorera mu Karere ka Ngoma yafashe Kazoza Audace w’imyaka 45 na Sinigenga Christopher w’imyaka 27, yabafatanye amafaranga y’u Rwanda...
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 16 Gicurasi 2021 nibwo ikipe APR FC yirukanye mu mwiherero uwari umukinnyi wayo Bukuru Christopher kubera imyitwarire...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku...
Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Nkusi Arthur yagize icyo avuga ku mukunzi we Fiona Muthoni Ntarindwa weruye akavuga ko Dr Kayumba Christopher wamwigishaga muri kaminuza yigeze gushaka...
Umuvandimwe w’umukinnyi wa Tottenham Serge Aurier yishwe arashwe mu mu mujyi wa Toulouse mu Bufaransa, aho bivugwa ko yiciwe hanze y’akabyiniro ahagana saa kumi n’imwe zo mu...
Umuyobozi w’akarere ka Kitwe muri Zambia witwa Christopher Kang’ombe yahagaritswe burundu mu kazi ka Leta azira ko yanze gusuhuza umufasha wa perezida w’iki gihugu bahuriye mu rusengero rw’aho...
Icyamamare mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya Ineos yahoze yitwa SKY,yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yigaga umuhanda yagombaga gucamo mu gusiganwa umuntu ku...
Umugabo witwa Christopher Grimes ushinzwe ibijyanye no gushyingura yafashwe ari gusambanyiriza umugore mu cyumba babikamo amasanduku yo gushyinguramo bamwirukana...
Umwongereza wavukiye muri Kenya Christopher Froome umaze kwegukana Tour de France inshuro 4 zirimo 3 zikurikiranya ziheruka,yabwiwe ko atazitabira Tour de France kubera ko ashinjwa gukoresha...
Umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko indirimbo ze zidakwiriye kugirwa urwitwazo rwo kuvuga ko zirimo ibishegu bityo bikaba bituma zishora urubyiruko mu ngeso zirimo ubusambanyi.
Ni ibintu...
Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...
Umukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis yavuze ko nta gahunda afite yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru ahubwo ateganya kuguma muri izi nshingano ubuzima bwe...
Ibyamamare hano mu Rwnda byashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Kinyoni umwe mu basore babarizwaga muri Country Records ndetse akaba yaranagize uruhare rukomeye mu iyandikwa ry’indirimbo nyinshi...