skol
Kigali

Search: Christopher (258)

Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA yatezwe n’abana baramukubita bamugira intere

Uwahoze ari Ambasaderi w’Ubwongereza muri USA kuva mu mwaka wa 1973 kugeza 2003 Sir Christopher Meyer w’imyaka 74, ari muri coma nyuma yo gutegwa n’abana 2 mu mihanda ya gari ya moshi zica mu buvumo...
13 July 2018 2090 0

Knowless yahishuye icyo yakundiye Clement babyaranye

Knowless Butera yanditse amagambo yuzuye gutebya, amarangamutima no gushimangira urwo yakunzwe n’umugabo bamaranye imyaka itanu mu munyenga w’urukundo nta muntu numwe uzi ibyabo kugeza kuri...
1 September 2017 6775 0

Kitoko, The Ben n’abandi 9 baratarama mu gitaramo cyo kwizihiza intsinzi ya Paul Kagame

Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
18 August 2017 580 0

Chelsea yahombye umukinnyi yari yiteze kuzagenderaho mu busatirizi

Rutahizamu Christopher Nkuku wa Chelsea uheruka kugira ikibazo cy’imvune bari mu mikino ya gicuti,yabazwe ndetse ashobora kuzamara igihe kinini adakina.
8 August 2023 664 0

Uganda bagiye kubaka uruganda rutunganya Urumogi[AMAFOTO]

Guverinoma ya Uganda iri kuganira n’abashoramari bo mu bihugu by’u Burayi kugira ngo ihitemo uwazubaka uruganda rutunganya urumogi rugakorwamo imiti nk’uko bitangazwa na Umunyamabanga wa Leta muri...
8 May 2019 1767 0

Umugore n’umugabo bifashe amashusho bari gusambanya ku ngufu abana 25

Umugabo witwa Christopher Almaguer ukomoka muri USA n’umugore we bashobora gukatirwa igifungo cy’imyaka 60 kubera amashusho bashyize hanze bari gusambanya abana 25 barimo uruhinja rw’amezi...
2 November 2018 2343 0

Urban Boys yavuze batatu bazavamo uwegukana PGGSS7, banakomoza kwitandukana ryabo

Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
21 June 2017 2636 0

Jay Polly yavuze babiri bazavamo umwe wegukana PGGSS7 ngo amashusho ya ‘Too Much’ yakuyeho ijisho

Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
21 June 2017 2690 0

Australia: Musenyeri Gatolika yafunzwe azira ibyaha birimo gusambanya abana

Musenyeri Christopher Saunders wo muri Australia yashinjwe icyaha cyo gufata ku ngufu mu rukurikirane rw’ibyaha bishingiye ku mibonano mpuzabitsina – bimwe muri byo byakorewe...
22 February 2024 660 0

Chris Evans yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi

Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa...
9 November 2022 735 0

Umuraperi Ludacris yigeneye impano y’indege kubera kubona impamyabumenyi ya Kaminuza (AMAFOTO)

Mu gihe abandi banyeshuri bahabwa impano zitandukanye iyo barangije Kaminuza Umuraperi Christopher Brian Bridges uzwi nka ludacris yihembye indege nshya yigenga nyuma yo guhabwa impamyabumenyi...
13 May 2022 543 0

Ngoma: Polisi yafashe abakwirakwizaga amafaranga y’amiganano ibihumbi 678,000

Mu gitondo cya tariki ya 28 Nzeri ahagana za tanu Polisi ikorera mu Karere ka Ngoma yafashe Kazoza Audace w’imyaka 45 na Sinigenga Christopher w’imyaka 27, yabafatanye amafaranga y’u Rwanda...
30 September 2021 468 0

Bukuru Christophe yongeye kugaragaza imyitwarire mibi yirukanwa mu mwiherero

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 16 Gicurasi 2021 nibwo ikipe APR FC yirukanye mu mwiherero uwari umukinnyi wayo Bukuru Christopher kubera imyitwarire...
16 May 2021 2284 0

Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku...

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku...
29 March 2021 1791 0

Nkusi Arthur yashyigikiye umukunzi we Fiona Muthoni Ntarindwa ushinja Dr Kayumba ishimishamubiri ry’agahato

Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Nkusi Arthur yagize icyo avuga ku mukunzi we Fiona Muthoni Ntarindwa weruye akavuga ko Dr Kayumba Christopher wamwigishaga muri kaminuza yigeze gushaka...
29 March 2021 1042 0

Murumuna wa Serge Aurier yarasiwe inyuma y’akabyiniro arapfa

Umuvandimwe w’umukinnyi wa Tottenham Serge Aurier yishwe arashwe mu mu mujyi wa Toulouse mu Bufaransa, aho bivugwa ko yiciwe hanze y’akabyiniro ahagana saa kumi n’imwe zo mu...
13 July 2020 2453 0

Meya yahuye n’uruva gusenya azira kwanga gusuhuza umugore wa perezida mu rusengero

Umuyobozi w’akarere ka Kitwe muri Zambia witwa Christopher Kang’ombe yahagaritswe burundu mu kazi ka Leta azira ko yanze gusuhuza umufasha wa perezida w’iki gihugu bahuriye mu rusengero rw’aho...
28 February 2020 16383 0

Umuraperi Ludacris mu rwego rwo guhunga intambara hagati ya Amerika na Iran we n’umuryango we bafashe ubwenegihugu muri...

Christopher Brian Bridges uzwi nka Ludacris nkuko yabigaragaje ku rukuta rwe rwa Instagram, ubu yamaze guhabwa ubwenegihugu bwo muri Gabon muri Afrika, igihugu umugore we Eudoxie Mbougiengue...
8 January 2020 4878 0

Chris Froome ntazitabira Tour de France kubera impanuka ikomeye cyane yakoze avunika amagufwa

Icyamamare mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya Ineos yahoze yitwa SKY,yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yigaga umuhanda yagombaga gucamo mu gusiganwa umuntu ku...
13 June 2019 846 0

Umugabo yafashwe ari gusambanyiriza umugore mu cyumba babikamo amasanduku yo gushyinguramo

Umugabo witwa Christopher Grimes ushinzwe ibijyanye no gushyingura yafashwe ari gusambanyiriza umugore mu cyumba babikamo amasanduku yo gushyinguramo bamwirukana...
9 February 2019 4047 0

Bruce Melody niwe muhanzi wegukanye PGGSS ku nshuro yaryo ya 8 [ AMAFOTO]

Umuhanzi Bruce Melody yegukanye PGGSS ku nshuro ya 8 aho ahigitse abahanzi 9 bari bahanganye.
14 July 2018 4207 0

Chris Froome ntabwo azitabira Tour de France y’uyu mwaka

Umwongereza wavukiye muri Kenya Christopher Froome umaze kwegukana Tour de France inshuro 4 zirimo 3 zikurikiranya ziheruka,yabwiwe ko atazitabira Tour de France kubera ko ashinjwa gukoresha...
1 July 2018 410 0

Bruce Melody yikomye abavuga ko aririmba ibishegu

Umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko indirimbo ze zidakwiriye kugirwa urwitwazo rwo kuvuga ko zirimo ibishegu bityo bikaba bituma zishora urubyiruko mu ngeso zirimo ubusambanyi. Ni ibintu...
5 May 2023 783 0

Sarah wahoze ari umugore wa Harmonize ari mu buryohe bw’urukundo n’uwahoze ari umukunzi wa Wema Sepetu[AMAFOTO]

Sarah Michelotti wahoze ari umugore w’umuhanzi, Harmonize biravugwa ko yaba yatangiye gukundana n’uwahoze ari umukunzi wa Wema Sepetu .
29 March 2021 2630 0

Mu mafoto menshi irebere uburyo abantu batandukanye b’ibyamamare mu Rwanda basaga bakiri bato[AMAFOTO]

Benshi mu byamamare tubamenya ari bakuru, akenshi wanareba amafoto y’uko yahoze asa ukabona bitandukanye n’uko ubu ameze. Muri iyi nkuru, turabagezaho urutonde rw’abanyarwanda 15 b’ibyamamare...
29 November 2018 6836 0

Zimwe mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero

Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...
4 October 2018 2107 0

Harabura amasaha macye ngo hamenyekane umuhanzi wegukanye PGGSS 8 ,ninde uha amahirwe?

Kugera magingo buri wese wese muganiriye arakubwira umuhanzi aha amahirwe yo kwegukana igihembo cya PGGSS 8 ,Aho bamwe bakugaragariza umuhanzi uri ku mutima wabo ndetse bagatanga n’ingero...
14 July 2018 882 0

Papa Francis yavuze ku mukobwa yakunze cyane n’ibyo kwegura ku buyobozi bwa Kiliziya

Umukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis yavuze ko nta gahunda afite yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru ahubwo ateganya kuguma muri izi nshingano ubuzima bwe...
20 March 2024 2917 0

Umusore witegura kubyara yituye hasi nyuma yo kubona ibiciro bihanitse bya Diapers

Umusore witwa Christopher Chambula w’imyaka 34, w’ahitwa Chililabombwe muri Zambia, yikubise hasi nk’intosho arahwera, ubwo yari agiye kuneka amakuru y’ibiciro by’ibikoresho by’uruhinja yitegura...
4 March 2023 4645 0

Ibyamamare mu Rwanda byashenguwe n’urupfu rwa Kinyoni wapfuye urupfu rutunguranye

Ibyamamare hano mu Rwnda byashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Kinyoni umwe mu basore babarizwaga muri Country Records ndetse akaba yaranagize uruhare rukomeye mu iyandikwa ry’indirimbo nyinshi...
18 November 2022 2357 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240