Umuhanzikazi Butera Knowless washakanye na Ishimwe Clement, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umugore wigaragaje ku mugabane wa Afurika mu bihembo bitangwa na Nigerian...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Tariki ya 8 Werurwe ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore. Muri amwe mu mafoto yiriwe avugisha abantu kuri Facebook ndetse na Instagram na Twitter turasangamo amafoto ifoto ya Perezida...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Icyamamare mu gukina filime zo mu gihugu cya Nigeria Caroline Danjuma, uherutse gukorwa mu jisho n’ umuhanzi Davido yavuze ko ubwo yari akiri umukobwa muto, umuziki w’ Umunyakanadakazi Celine Dion...
Augustine Miles Kelechi [TEKNO] ukorera muzika mu gihugu cya Nigeria agiye kuza mu Rwanda gutarama mu gitaramo gihurije hamwe abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abakunzi be.
Amakuru aravuga ko...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Douglas Jack Agu uzwi nka Runtown ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho yahungiye imyigaragambyo irikubera iwabo muri Nigeria, Joe Boy we yahungiye muri...
Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo umaze iminsi mu gihugu cya Nigeria, yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuhanzi ukomeye wo Larry Gaaga...
UMURYANGO wabateguriye TOP 5 z’indiirimbo ziri kubica mu mujyi wa Kigali ndetse no mu tundi tuce tw’igihugu cy’u Rwanda ndetse no hanze yarwo.
Izi ndirimbo ni iziba bimaze igihe gito zisohotse ,...
Umuhanzi Jose Chameleon umaze kubaka izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yayo, yateguye igitaramo mu mpera za Kanama mu mujyi wa Kampala Aho itike ya macye muri iki gitaramo izaba ihagaze...
Umuririmbyi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya, mu bihembo bizwi nka ‘Muzik Magazine awards (Afrimma)’ yabaye umuhanzi w’umwaka muri Afurika w’umwaka (best artist of the Year ), ni mu gihe...
Umuhanzi Diamond Platnumz umaze iminsi aguze inzu yo gukoreramo ibitangazamakuru bye birimo Radio na TV yatangiye kugisha inama ya hantu yatura muri Kigali ashimangira ko yashimishwa no kuhagira...
Shadyboo yashyize hanze amafoto atandukanye agaragaza atambaye ikariso ndetse bamujugunyaho amafaranga mu gitaramo yakoreye kuri K-Club I Nyarutarama . Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 7 Werurwe...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Umunyarwandakazi wamamaye mu Karere kubera imbugankoranyambaga Shaddyboo,nyuma y’amasaha make bimwe mu bitangazamakuru bikorera muri aka karere ka Afurika y’Uburasirazuba byanditse ko uyu mukobwa...