Bettinah Tianah yibwe angana na miliyoni 2.8 mu gihe yarazi neza ko aguze inkweto ya Balenciaga bakamuha iyitwa ‘BALEMCYAGA’.
Umunyamakurukazi wo muri Uganda uzwi ku kabyiniro ka Bettinah Tianah...
Nizzo wo muri Urban Boy yavuze ko yifuza umukobwa bakundana nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we Umulisa Yvette.
Hashize iminsi Nizzo yaragiye muri Dubai mu kiruhuko aho yagaragaye ari kumwe n’...
Umukobwa witwa Yulia Sveshnikova w’imyaka 29,ukomoka mu Burusiya usanzwe ari umunyeshuli niwe wegukanye intsinzi mu irushanwa ryacaga kuri televiziyo yo mu Burusiya ryo guhatanira gushyingiranwa...
Hakunze gukorwa intonde z’ibintu bitandukanye hagamijwe kureba uko bihagaze mu gihe runaka n’abantu badasigaye mu kugaragaza uko bahagaze mu bintu runaka. Abahanzi/abakinnyi binjiza agatubutse...
Nyuma y’amakuru yacicikanye avuga ko Nick Minaj yaba ari mu rukundo n’umushoferi wo muri Formula 1, Lewis Hamilton, aba bombi bakomeje kugaragaza ko iby’urukundo rwabo byaba ari...
Umukinnyi Lewis Hamilton ukina umukino wo gusiganwa ku ma modoka uzwi nka Formula 1 yatumye benshi bacika ururondogoro kubera imiterere y’umukobwa yararanye nawe muri Los Angeles nyuma yo...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yibukije abanye-congo bari mu mahanga ko ari bo bafite inshingano zo guteza imbere igihugu cya bo aho kunenga ibikorwa abandi...
Umwe mu bakinnyi bigeze kuba aba mbere ku isi mu guhembwa agatubutse,Umunya Ghana Asamoah Gyan, ubu ari mu bukene bukabije aho kuri ubu asigaranye amapawundi 600 kuri konti ye ndetse yahisemo...
Kabuhariwe Ronaldinho Gaucho wamamaye mu ikipe ya FC Barcelona,ari mu bukene bukabije bwatumye ananirwa kwishyura Leta ya Brazil amande ya miliyoni imwe n’ibihumbi 750 by’amapawundi yaciwe, bituma...
Umunyamideli wari warabigize umwuga Alexia Uwera Mupende yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, birakekwa ko yishwe n’umukozi wamufashaga akazi ko mu...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo...
Abagabo 2 barimo ukomoka mu Bugereki bari mu byishimo bikomeye kubera ko basizwe ku munota wa nyuma n’indege ya kompanyi Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia yakoze impanuka ku munsi w’ejo Taliki...
Ibihumbi byinshi by’abantu muri Tanzania bitabiriye umuhango wo gushyingura Reginald Mengi umuherwe wari uzwi cyane mu ishoramari muri iki gihugu witabye Imana mu cyumweru...
Umuhanzikazi wo muri Tanzania uzwi kuizina rya Lulu Diva yemeje ko akunda Charles Njagua Kanyi uzwi ku izina rya Jaguar mu muziki akaba ari n’umunyapolitike ukomeye muri Kenya ndetse ngo hagati...
Nyampinga mushya wa Uganda,Oliver Nakakande w’imyaka 24 yatangaje ko ibyokurya akunda ari akawunga n’ibishyimbo ndetse aboneraho kwemeza ko umunya Uganda umubera icyitegererezo ari Bobi Wine...