Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC amanota 83-81 maze uba umukino wa 2 itsinze muri 5 igomba gukina.
Igisirikare muri Uganda cyabeshyuje inkuru z’uko kiri kugerageza guhungabanya Ethiopia binyuze mu guha imyitozo abarwanyi ba Tigray People’s Liberation Front, TPLF, uragwanya leta ya Ethiopia...
Amafoto atangaje yerekanye abaturage bo mu Buhinde bunamye bashishikaye bari gutoragura amafi yabonetse nyuma y’imvura yaguye ikabaheza mu nzu.
Inkuru dukesha The Sun ivuga ko umwe mu bari aho...
Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Mu gace ka Lichtenburg gaherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Afurika y’Epfo, umugabo w’imyaka 60 y’amavuko yishwe n’imbwa ze eshatu, ubwo yari ari iwe mu...
Nimero ni kimwe mu bintu by’ingenzi bihabwa umukinnyi mushya mu gihe asinye mu kipe,ndetse kuri ubu asigaye ari ikintu cy’ingenzi kuko hari n’abazikoresha mu kureshya abakinnyi iyo basanzwe babaziho...
Muyumbo Thomas wanyemenyekanye nka Tom Close mu muziki, yafashe umwanya yifuruza umugore we Niyonshuti Ange Tricia isabukuru nziza y’amavuko amwibutsa ko yamubereye umugore mwiza n’amama w’abana be...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...
Uyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe...
Ababyeyi ba Erin na Abby Delaney basanzwe n’ibyishimo nyuma yo kubona abana babo batandukanye umwe akajya ukwe undi ukwe nyuma y’aho aba bana b’impanga bari bavutse mu buryo budasanzwe aho bari...
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir BBC itwariye igikombe cyo kwibuka ku cyumweru gishize mu irushanwa ryo kwibuka ryahuje amakipe yo mu Rwanda gusa, itsinze REG BBC amanota 61-58 kuri uyu wa Gatanu...
Nabyirukiye muri Amerika, mu myaka myinshi namaze ndi umukobwa, naje kuryamana n’umusore ku nshuro ya mbere nsanga asiramuye kuko mu mugi dutuyemo gusiramurwa bisa n’ibiri mu muco.
Uko nabyumvise...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yabonanye na Papa Francis i Vatican mu rugendo rwa mbere yagiriye mu bihugu by’ amahanga kuva mu mpereza z’ umwaka ushize ubwo yageraga ku...
Umunya-Ethiopia Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe watorewe kuba Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, mu matora yabereye mu muhezo ku cyicaro cy’uyu muryango, i...
Kuri uyu wa mbere tariki 22 Gicurasi 2017 nibwo indege itwara Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yagejeje Perezida Donal Trump mu gihugu cya Israel.
Ni nyuma y’ aho ku wa Gatandatu w’...
Trump n’umugore we Melania bakiriwe n’umwami Salman bin Abdulaziz Al Saud (iburyo)
Perezida wa Amerika Donald Trump arageza ijambo ku idini ya Isilamu muri Arabia Saudite aho ari mu ruzinduko...
Ntagungira Celestin “Abega” wahoze ari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashyizwe mu kanama ka tekiniki k’ikigo mpuzamahanga kigenga amategeko y’umupira w’amaguru ku Isi, IFAB....
Melanie Brown ni umwe mu bakobwa 5 bari bagize itsinda rya Spice Girl, yanamenyekanye nk’umukemurampaka mu irushanwa rya America’s Got Talent. Muri iyi minsi hari ubuhamya yashyize ahagaragara...