Argentine itsinze bigoranye Nigeria ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda D,ikatisha itike yo kwerekeza mu mikino ya 1 /16 bari kumwe na Croatia aho bazahura n’Ubufaransa muri iki...
Kabuhariwe Lionel Messi wafashije Argentina kwerekeza mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya bigoranye,yabwiye abanyamakuru ko atari yiteze ko Nigeria izabagora mu mikino...
Diego Maradona ufatwa nk’intwari ikomeye mu gihugu cya Argentina yongeye gutangaza amagambo yafashwe nko kwiyemera ku banya Argentina ubwo yavugaga ko yifuza gutoza ikipe y’igihugu ku buntu kubera...
Ibihumbi by’Abongereza byiroshye mu mihanda byamagana perezida wa USA Donald Trump wabasuye aho mu byapa byinshi aba baturage bari bafite beretse uyu muperezida ko batakunze politiki...
South Africa celebrates the 100th anniversary of Nelson Mandela’s birth this week with a flagship speech by former US president Barack Obama and an outpouring of memories and tributes to the late...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yagaragaje ko yanga urunuka Anthony Martial kuko yasabye ubuyobozi bwa Manchester United kumufatira ibihano bikomeye bakamuhanisha kumukata umushahara...
Ikipe ya Chelsea na Manchester United zirimo kumvikana ku byerekeye kugurana abakinnyi bazo bakomeye aho zombie zishaka kugurana ba rutahizamu bazo Willian na Anthony...
AMAFOTO meza yafotowe ubwirakabiri mbonekagace buherutse kuba
Mu ijoro ryo ku wa 27 Nyakanga 2018, hagaragaye ubwirakabiri budasanzwe bw’Ukwezi ku isi hose. Ubwo bwirakabiri bufatwa...
Umukobwa witwa Katie Stubblefield ukomoka muri USA wirashe mu maso mu mwaka wa 2014 akangirika isura mu buryo bukomeye,yahawe isura nshya bitangaza benshi kubera ubuhanga bukomeye abaganga...
Perezida wa USA Donald Trump ashobora kuba ari mu minsi ya nyuma muri white House nyuma y’ibyatangajwe n’uwahoze amwunganira mu mategeko Michael Cohen, wemeje ko Donald Trump yamuhaye amafaranga yo...
Tom Close umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kubaka izina rikomeye muri uyu muziki, we nk’umuhanzi akaba n’umumbyeyi w’abana babiri abona ko umufana w’umuhanzi ari we uvamo n’umugore mwiza...
Uyu munsi nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryashyize hanze uko amatsinda ya UEFA Europa League ateye, aho amakipe akomeye mu Bwongereza Arsenal na Chelsea zamaze kumenya aho amakipe zigomba...
Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi muri Ruhago Lionel Messi yatangaje ko ari ku rwego rwo hasi mu gutera penaliti ndetse yifuza gukora amanywa na nijoro kugira ngo azamure urwego rwe mu...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yanditse mu gitabo cye ko igitsina cya Donald Trump baryamanye mu mwaka wa 2006 giteye nk’agapupe (tintin) kitwa Toad gakina mu mikino ya Video yo...
Kuri iyi si hari aho watemberera ukahakura ihungabana, ku bakunda gutembera, hagaragajwe zimwe muri hotel ziteye ubwoba kurusha izindi aho umuntu aburirwa kwirinda, ubishaka ariko ukahajya...
Ubushakashatsi bwakozwe na Victora Milan abinyujije ku rubuga rwe akabutangaza ku rubuga rwe rwa interineti victoriamilan.com yagaragaje ko mu bihugu byinshi byo ku isi abagabo badashimisha abo...
Perezida Kagame uri i New York ahateraniye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 73, yakiriwe na Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za...
Raporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa 29, nicyo gihugu gikennye kiza mu 100 bya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...