Imikino yo kwishyura ya 1/8 mu irushanwa rya Champions League isize Real Madri ibonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda Napoli, mu gihe Bayern Munich ibigezeho nyuma yo kwandagaza Arsenal.
Ni...
Ikipe ya Leicester City ikoze amateka yo kugera muri 1/4 cya Champions League aribwo bwa mbere bitabiriye iri rushanwa, ni nyuma yo gusezerera Seville ku igiteranyo cy’ibitego 3-2.
Umukino...
Lionel Massi na Cristiano Ronaldo ni abakeba muri ruhago ariko kuri ubu bunze ubumwe bakora igikorwa cyo kwihanganisha abari kubabarira mu igihugu cya Syria kubera intambara iriyo.
Aba basitari...
Abanyabigwi ba Brazil Ronaldo na Ronaldinho benshi babafata nka bami ba ruhago, nyuma y’ikiganiro kitari gito kuri televiziyo ya Globo byarangiye bemeranyije ko Ronaldo ari we mukinnyi mwiza...
Mu rwego rwo gukomeza kwerekana ko ikipe ya Manchester United igikeneye cyane umuzamu wayo David De Gea igiye kumwongerera umushahara abe umukinnyi wa gatatu muri Manchester United uhembwa...
Umukinnyi wa APR FC Yannick Mukunzi avuga ko yakinanye n’abakinnyi benshi kandi beza batandukanye ariko ngo gukinana na Mugiraneza J. Baptiste Migi ntako bisa kuko ari umukinnyi wamufashije...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
Irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’Uburayi rirakomeza hakinwa imikino ibiri yo kwishyura ya 1/4, iyi mikino ikaba iribunemeze amakipe abiri ya mbere ari bugere muri 1/2....
Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos aratangaza ko nubwo iyi ikipe yatunze abakinnyi b’ibihangange nka Zinedine Zidane,Raul,Alfred di Stefano,Luis Figo,Ronaldo n’abandi,ikipe bafite uyu mwaka...
Umunya Espagne w’imyaka 31 uzwi cyane mu mukino wa Tennis cyane cyane ku bibuga by’igitaka “clay court” akomeje gukora amateka muri uyu mukino aho ari mu nzira yo gutwara igikombe cya Roland Garros...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Umukinnyi wa Real Madrid Marco Asensio yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ubwo yavugaga ko Lionel Messi atabanza mu kibuga aramutse aje mu ikipe Ya Real Madrid iherutse gutwara...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
.Ikipe yifuza Ronaldo igomba kumutangaho miliyoni 1000 z’amayero .Ronaldo arashinjwa kutishyura imisoro .Ronaldo yatangaje ko yifuza kuva mu ikipe ya Real Madrid .Paris saint-Germain na Manchester...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...
Umusore Christopher Froome umwongereza ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Sky yatangaje ko nubwo amaze gutwara iri rushanwa rikomeye ku isi mu gusiganwa ku magare ubugira 3, uyu...