Ikipe ya Real madrid yo muri Espagne yagaragaje ko itacyitaye kuri Cristiano Ronaldo wayikoreyemo amateka akomeye kuko yahagaritse kumukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’amashusho yagayemo...
Umukinnyi wa Chelsea FC,Eden Hazard yatangaje ko yifuza kwerekeza muri Shampiyona ya Espagne,La Liga kubera ko yifuza gutwara igihembo cya Ballon d’Or.
Umunyezamu wa Leganes ikina mu cyiciro cya mbere muri Espagne,Ivan Cuellar, yise abakinnyi ba FC Barcelona abagome kubera ko banze kumusuhuza nyuma y’umukino baheruka kuyitsinda ibitego 2-1 muri...
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse kuva mu ikipe ya Real Madrid yerekeza muri Juventus yatumye benshi mu bafana bakundaga iyi kipe yo muri Espagne bagabanuka kuko nyuma y’amasaha 24...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Team Novo Nordisk yo muri Amerika niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavaga Musanze kerekeza I Kigali ku ntera y’ibirometero 107 na metero 500 asize...
Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na Athletic Bilbao ku munyezamu wayo w’umunya Espagne Kepa Arrizabalaga ku kayabo ka miliyoni 72 z’amapawundi,byamugize umunyezamu wa mbere uhenze mu mateka...
Ikipe ya Chelsea FC ikomeje urugamba rwo kugumana kabuhariwe wayo Eden Hazard wifuzwa na Real Madrid yo muri Espagne aho batangaje ko kugira ngo bamurekure igomba kubaha akayabo ka miliyoni 200...
Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Olivier Giroud uherutse gufasha Ubufaransa gutwara igikombe cy’isi yagaragaye ari gusomana n’umugore we mu mazi mu buryo budasanzwe ubwo bari basohokeye ahitwa...
Myugariro wa mbere ku isi Sergio Ramos yatangaje abanyamakuru bamubajije niba agiye gusezera mu ikipe y’igihuguya Espagne nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka aho yababwiye ko we...
Uyu mugore n’umugabo bo mu gace ka Santo Domingo muri Espagne bafashwe basambanira hejuru y’inzu ku manywa y’ihangu kandi bo bari bazi ko nta muntu watekereza...
Umutoza Zinedine Zidane wari umaze kubaka izina mu ikipe ya Real Madrid, amaze gutungura benshi mu bakunzi ba ruhago atangaza ko asezeye ku kazi, nyuma y’imyaka 2 n’igice yari amaze akora amateka...
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool n’umukunzi we Larissa Pereira bashyize hanze amafoto yaciye ibintu ndetse yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bari gusomanira ku bwato,ubwo bari basohokeye ku mucanga...
Ikipe ya FC Barcelona ishobora gukora amateka yo kurangiza shampiyona ya Espagne idatsinzwe ,nyuma yo kunganya na Real Madrid ibitego 2-2,mu mukino wa El Clasico waranzwe no kubogama k’umusifuzi...
Abakinnyi 4 b’ikipe ya West Bromowich Albion yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza baherutse gukora agashya biba imodoka ya Taxi ubwo bari mu mwiherero mu gihugu cya Espagne mu cyumweru gishize....
Kuri uyu wa Gatandatu saa munani nibwo hategerejwe umukino ufatwa nk’uwa mbere ku isi uzahuza Real Madrid na FC Barcelona uzabera kuri stade ya Santiago Bernabeu ya Real Madrid.
Uyu mukino ugiye...
Ikipe ya FC Barcelona yahagaritse imyitozo yose yagombaga gukorwa mu makipe yabo yose yaba inkuru ndetse n’izakiri bato mu rwego rwo kwigaragambya no kwerekana ko ishyigikiye ubwigenge bw’intara...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...