Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi (FIFA) ryemeje ko abasifuzi 20 bo mu Rwanda bemerewe gusifura ku rwego mpuzamahanga muri uyu mwaka wa 2017
Abo basifuzi bari basanzwe basifura...
Umunya Portugal utoza ikipe ya Manchester United, José Mário dos Santos Mourinho Félix Mourinho yatangarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ko atari umufana w’umukinnyi ku giti cye,...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infatino aragera mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare 2017 saa 15:00 aturutse I Kampala muri Uganda....
Shampiyona y’ikiciro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 18 wa shampiyona ndetse n’umukino w’ikiriarane utarakiniwe igihe w’umunsi wa 16, Police FC iribukine na Rayon Sports, umukino uri...
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru ku Isi FIFA ryakuyeho ingingo yo guhagarika umukinnyi Lionel Messi imikino ine azira gutukana.
Messi yari yafatiwe icyo gihano nyuma yo gutuka umutoza...
Rutahizamu wa Argentina na Paris St-Germain Lionel Messi yatowe nk’umukinnyi mwiza ku isi na FIFA mu 2022 mu bagabo ku nshuro ye ya karindwi.
Uyu mukinnyi w’imyaka 35 yatsinze ba rutahizamu...
Perezida wa FIFA,Gianni Infantino,arifuza ko izina Pelé ritazibagirana mu mateka ya ruhago ariyo mpamvu yavuze ko bazasaba buri gihugu ku isi kugira Stade yitirirwa uyu munyabigwi.
Ibi uyu...
Urutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rugaragaza ko ikipe y’igihugu ya Senegal ari yo ya mbere muri Afurika ikaba iya 18 ku Isi yose.Ni mu gihe u Rwanda ruza ku mwanya wa 136 ku Isi rukaba urwa 40 muri...
Amavubi yazamutse imyanya 10 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.Ubu u Rwanda ruri ku mwanya wa 127 ku isi, rukaba urwa 35 muri Afrika.
Mu CECAFA ruri inyuma ya Uganda (84) yatakaje imyanya 5 ,...
Nubwo uyu mwaka utagenze nkuko babyifuza,Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bongeye gushyirwa mu bakinnyi 3 bagomba guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi muri 2020 kizwi nka “THE BEST”aho...
Umuhesha w’inkiko w’umwuka Me Ntirushwa Ange Diogene yandikiye FERWAFA ayisaba gufatira amafaranga ya Rayon Sports bitewe n’uko nta bushake igaragaza mu kwishyura umwenda wa Ivan...
Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko biteze ubufasha bushobora kuva kuri Leta n’ubwa FIFA binyuze muri FERWAFA nka kimwe mu bisubizo bateganya ku kibazo cy’imishahara gikomeje...
Ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kuzamuka ku rutonde rwa FIFA aho yigiye imbere umwanya umwe, ikava ku mwanya wa 119 ikagera ku mwanya wa 118, mu gihe ku isi Ubudage bwisubije umwanya wa mbere...
Uyu mukino utegerejwe ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga saa tatu z’ijoro ku kibuga cya St petersbourg mu Burusiya witezwe n’abantu benshi cyane ko ikipe iheruka gutwara igikombe cy’isi...
Babifashijwemo na kizigenza wabo Cristiano Ronaldo wanyeganyeje inshundura inshuro eshatu, ikipe ya Real Madrid yari ihagarariye umugabe w’u Burayi niyo yegukanye igikombe cy’isi cy’amakipe, nyuma...
Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal Cristiano Ronaldo yongeye guhigika Lionel Messi yegukana igihembo cya FIFA gihabwa umukinnyi w’umwaka.
Ibi bibaye nyuma yo kwegukana umupira wa zahabu...
Mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona utarabereye igihe, ikipe ya Rayon Sports yishyuye Police FC, banganya ibitego 2-2 kuri Stade Amahoro mu mukino warebwe na perezida wa FIFA, Gianni Infantino....
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umunya Poland,Robert Lewandowski ukinira ikipe ya Bayern Munich niwe watowe nk’umukinnyi wa mbere ku isi mu mwaka wa 2020 ahigitse ba kizigenza bayoboye umupira w’amaguru mu myaka 10 ishize aribo...
Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2019 i Kigali hatangirijwe amahugurwa y’iminsi itanu y’abayobozi ba tekinike (Directeur Technique) n’abanyamabanga bakuru b’amashyirahamwe baturutse mu bihugu bitandukanye...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi yasohoye urutonde ngarukamwaka rw’abakinnyi 100 ba mbere bakomeye ku isi, aho Lionel Messi yasimbuye Cristiano Ronaldo ku mwanya wa mbere kuri uru...