Umutoza mushya wa Police FC,Haringingo Christian-Francis arahabwa amahirwe menshi yo kuba yatoza u Rwanda ku mukino uzahuza Amavubi na Seychelles mu gushaka itike y’igikombe cy’isi na CHAN...
Rutahizamu Nizeyimana Djuma yishyuye miliyoni 8 FRW amakipe yamuzamuye arimo Kiyovu Sports na Vision FC zari zibangamiye gahunda ye yo kwerekeza mu ikipe ya APR FC yamushyize ku rutonde rwayo...
Mu rwego rwo kumurikira Komite nshya yatorewe kuyobora Rayon Sports uko ihagaze, iyi kipe yagaragaje uko yakoresheje umutungo yari ifite ndetse n’ayo yinjije mu mwaka ushize w’imikino wa 2018/19....
Ikipe ya Kiyovu Sports yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro yaherukagaho mu mwaka wa 1998 ubwo yasezereraga AS kigali ku kinyuranyo cy’ibitego yatsindiye...
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buratangaza ko bwishimiye uko buhagaze muri gahunda yo kwesa imihigo muri uyu mwaka,kuko bwahize imihigo 68 ,muriyo 57 igeze ku kigero gishimishije mu gihe igera...
Abasifuzi bakoze agashya mu mukino wo kwishyura wahuje Rayon Sports na As Kigali mu gikombe cy’Amahoro,ubwo bagaragazaga ko batazi amategeko agenga iki gikombe,bituma benshi bagwa mu...
Umukino wa nyuma wa shampiyona y’u Rwanda, Azam Rwanda Premier League, ugomba guhuza Rayon Sports na Marine FC wimuwe nyuma y’uko iyi kipe y’ubururu n’umweru...
Uyu musore uri mu biruhuko mu Rwanda nyuma y’umwaka mu Bubiligi yabwiye Radio 10 kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 25 Gicurasi 2019 ko Amavubi aafite abakinnyi bakomeye ndetse batananirwa gusubira...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora guhagarikwa na FIFA imyaka 3 itagura abakinnyi, kubera ko yanze kubahiriza amasezerano yagiranye n’ikipe ya Dreams FC yo muri Ghana yahoze ikinamo rutahizamu Sarpong...
Umutoza Mashami Vincent yatangaje ko Amavubi yabuze itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kubera ko yananiwe kubyaza umusaruro imikino yo mu rugo,imitegurire mibi ndetse n’urwego rwa...
Kuri uyu wa kane w’iki cyumweru twitegura gusoza tariki ya 21 Werurwe 2019 nibwo ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) na Kigali City Tour Ltd batagije ku mugaragaro igikorwa cyo kumurika Imodoka...
Ikipe ya Bugesera FC yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga ku kibuga cya Gicumbi FC igasanga yambaye imyenda isa ni’’y umunyezamu wayo bituma ijya gutira indi ku kigo cy’amashuli yo muri aka...
Nyinawumuntu Grace yabaye umutoza wa mbere w’umugore ubigize umwuga mu 2008 nyuma yo kubona ibyangombwa birimo impamyabushobozi yo ku rwego rwa B yavanye mu mu Budage. Yaje no gutoza ikipe ikipe...
Rayon Sports na APR FC zigomba guhurira mu irushanwa ry’intwari rizamara iminsi itatu rikinwa n’amakipe yarangije mu myaka 4 ya mbere muri shampiyona ishize gusa izi kipe zikomeye mu Rwanda...
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports wavuye mu bihano by’imikino 5 yahawe nyuma yo gukubitira umufana mu kibuga I Nyagatare,yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo buri mukino wose...
Ikipe ya Rayon Sports yari yakoze impinduka zitandukanye,yatsinze Amagaju FC ibitego 2-0,ku mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali I...
Umutoza wa Rayon Sports Robertinho na Mukunzi Yannick batangaje ko imyitozo yo kwitegura APR FC yagenze neza ndetse abakinnyi biteguye kwitwara neza kuri uyu mukino w’ishyiraniro uzaba ku munsi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 07 Ukuboza 2018,nibwo rutahizamu Jonathan Rafael da Silva witezwe na benshi mu bakunzi ba Rayon Sports yashyikirijwe ibyangombwa bimwemerera gukora akazi ko gukina umupira...
Umutoza wa Rayon Sports,Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yavuze ko Bimenyimana Bonfils Caleb ari umukinnyi nk’abandi akwiriye kugira imyitwarire ikwiriye mu...
Umunya Brazil Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho ntabwo arabasha kongera amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports byatumye ubuyobozi bw’iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda...
Ku munsi w’ejo nibwo kuri stade ya Kigali I nyamirambo habereye umukino wo kwishyura hagati y’ikipe y’U Rwanda n’ikipe ya Guinea, umukino u Rwanda rwaje kunganyirizamo igitego 1-1 mu marushanwa yo...
Minisitiri wa siporo n’umuco, Uwacu Julienne yasabye imbabazi abanya Guinea n’abanyarwanda kubera ko indirimbo zubahiriza ibihugu zitacurangwe kuri stade ya Kigali ku mukino iyi kipe izwi nka Syli...
Umuyobozi wa Rayon Sports,Muvunyi Paul yatangarije mu nama y’inteko rusange yabaye uyu munsi ko Rayon Sports ikomeje gutera imbere,izinjiza miliyoni 700 mu mwaka w’imikino utaha ndetse igiye...
Uwahoze ari kapiteni wa Kiyovu Sports Kakule Mugheni Fabrice yavuze ko perezida wa Kiyovu Sports Kayumba Jean Pierre atari ku rwego rwo kuyiyobora ndetse nibakomezanya izajya mu cyiciro cya...
Ubuyobozi bw’ikigega Agaciro Development Fund bwatangaje ko guhera kuwa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018 kugeza tariki ya 30 Nzeli 2018, kuri sitade Amahoro i Remera hazaba hakinirwa imikino ngaruka...
Mu minsi ishize nibwo Federation ya Sinema mu Rwanda yashyize hanze itangazo ryagenewe abanyamakuru n’izindi nzego zitandukanye, ryamagana filime zisobanuye mu Kinyarwanda bizwi nk’Agasobanuye....