skol
Kigali

Search: Football (343)

Jimmy Gatete mu bakapiteni 8 bazayobora igikombe cy’Isi[Urutonde]

Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete,yashyizwe ku rutonde rw’abazaba bayoboye igikombe cy’Isi 8 ,...
20 March 2023 1064 0

Abafana ba Frankfurt batwitse imodoka banarwana na polisi y’Ubutaliyani

Umujyi wa Napoli wahuye n’uruva gusenya ubwo wagorwaga bikomeye n’abafana bo mu Budage baje gutwika imodoka ndetse banarwana n’abapolisi 800 mbere y’umukino wa 1/16 wa Champions League, wahuje Napoli...
16 March 2023 679 0

Just Fontaine wakoze umuhigo ukomeye mu gikombe cy’isi cya ruhago yapfuye

Just Fontaine, ufite umuhigo w’isi wo gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi, yapfuye ku myaka 89. Fontaine yatsindiye Ubufaransa ibitego 13 mu mikino itandatu yo mu...
1 March 2023 965 0

Lionel Messi ntiyatoye Kylian Mbappe muri FIFA The Best [Abo yatoye]

Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi ukinira Paris Saint-Germain ntiyigeze aha ijwi na rimwe mugenzi we bakinana Kylian Mbappe kuko yatoye inshuti ye Neymar na Karim Benzema mu bihembo...
28 February 2023 1980 0

Uko isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi rihagaze: Arsenal iri kwiruka ku bakinnyi batatu ishakamo umwe wo kuyifasha...

Uyu munsi nibwo isoko ryo kugura no kugurisha abakinyi mu mashampiyona atari make akomeye i Burayi rirangira,ariyo mpamvu amakipe akomeye arimo na Arsenal ari kuvugwa cyane. Nkuko bisanzwe,iri...
31 January 2023 1603 0

US: Abanyeshuri bashyizwe mu bitaro nyuma yo gukora ‘pompages’ 400

Ababyeyi b’abanyeshuri bakina Football y’Abanyamerika ku ishuri ryisumbuye muri leta ya Texas barakajwe n’imyitozo ikabije yahawe abana babo igatuma bashyirwa mu bitaro. Aba banyeshuri bahatiwe...
18 January 2023 1131 0

Mendy wa Man City yagizwe umwere ku byaha bitandatu byo gufata abagore ku ngufu

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasanze umukinnyi wa Manchester City Benjamin Mendy ari umwere ku byaha bitandatu bijyanye no gufata abagore bane ku ngufu. Gusa inteko y’abacamanza yananiwe kugera ku...
14 January 2023 783 0

APR FC yanyomoje igihuha gikomeye cyayivugwagaho

Ubuyobozi bw’Ikipe ya APR F.C bwanyomoje inkuru yayishinjaga ko ikunze gutiza abakinnyi bayo mu ikipe ya Marines F.C gusa kugira ngo ntimanuke mu cyiciro cya kabiri kuko zombi ari iza gisirikare....
11 January 2023 2333 0

Hakizimana Muhadjiri yongeye gusinyira Police FC

Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri uheruka gutandukana na AlKholood FC yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudite, yongeye kwerekeza muri Police FC nk’umukinnyi wayo mushya. Hakizimana yari...
4 January 2023 887 0

Cristiano Ronaldo yakoze udushya twinshi mu muhango wo kumwakira muri Al Nassr

Kizigenza Cristiano Ronaldo yakiriwe muri Al Nassr Football Club mu birori bikomeye byabaye ku mugoroba w’uyu wa Kabiri,tariki ya 03 Mutarama 2023. Cristiano Ronaldo n’umuryango we beretswe...
4 January 2023 2423 0

Arsenal yafashe umwanzuro ukomeye ku isoko ryo muri Mutarama

Ikipe ya Arsenal izahabwa miliyoni 50 z’ama pound yo gukoresha mu kwiyubaka ku isoko ryo muri Mutarama. Biravugwa ko iyi kipe ngo nta gahunda ifite yo kugura rutahizamu nubwo Gabriel Jesus...
5 December 2022 2963 0

Menya byinshi ku buzima bwa Dr Nsanzimana Sabin ufite umukandara ukomeye muri Karate

Perezida Kagame yaraye agize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya. Dr Nsanzimana Sabin avuga ko yakuze yifuza kuba muganga ahanini...
29 November 2022 4964 0

Ibya Kanye West bikomeje kuba bibi umunsi ku wundi

Umuraperi Kanye West akomeje wabarizwaga mu bahanzi batunze agatubutse ku Isi ubukungu bwe bukomeje gusubira hasi umunsi ku wundi kubera imyitwarire itari myiza yagaragaje bigatuma Company...
3 November 2022 1083 0

Samuel Eto’o yibasiye bikomeye Thierry Henry bahuriye muri FC Barcelona

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Samuel Eto’o yatangaje ko yari ku rwego rwo hejuru kurusha uwahoze ari mugenzi we muri FC Barcelona, ​​Thierry Henry. Uyu wahoze ari rutahizamu wa Cameroun yakinanye...
29 October 2022 3411 0

Rihanna agiye gusohora indirimbo yandikiye Chadwick Boseman wapfuye

Nyuma y’imyaka itndatu nta ndirimbo nshya ashyira hanze Rihanna Rihanna yatangaje ko agiye gusohora indirimbo kuri uyu wa gatanu.
28 October 2022 500 0

Cristiano Ronaldo yaje ku isonga mu bakinnyi bacuruzwa cyane kurusha abandi mu mikino yose

Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022]. Uyu yahize...
17 October 2022 1053 0

Canada: Igitero cyitwaje intwaro gakondo cyahitanye 10 gikomeretsa 15

Igipolisi muri Canada cyatangaje ko abantu 10 bishwe batewe ibyuma mu duce 13 mu byiciro bibiri gusa, ahitwa mu mugi wa Saskatchewan uhana imbibe na Leta zunze ubumwe za...
5 September 2022 410 0

Jimmy Gatete wakiniye Amavubi ategerejwe i Kigali muri gahunda ikomeye

Rutahizamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi, Jimmy Gatete ategerejwe i Kigali muri gahunda yo gutegura igikombe cy’Isi cy’abahoze baconga ruhago.
26 August 2022 643 0

Kylian Mbappe yahishuye abakinnyi 3 bakwiriye kuvamo utwara Ballon d’Or n’uwo aha amahirwe

Rutahizamu wa Paris Saint-Germain, Kylian Mbappé, yatangaje ko kapiteni wa Real Madrid, Karim Benzema ariwe mukinnyi ufite amahirwe menshi yo gutsindira Ballon d’or 2022. Mbappé atekereza ko...
14 August 2022 2793 0

Lionel Messi yabuze mu bahatanira Ballon d’Or bwa mbere kuva 2005

Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
12 August 2022 1437 0

Hakizimana Muhadjiri yaherekejwe n’umukunzi we babyaranye agiye muri Saudi Arabia [AMAFOTO]

Mu ijoro ryakeye nibwo Rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi, wakiniraga Police FC, Hakizimana Muhadjiri yaraye yerekeje muri Arabia Saoudite, muri Al-Kholood Club ikina muri shampiyona y’icyiciro...
10 July 2022 2772 0

Mohamed Salah yahawe akayabo k’Umushahara yongera amasezerano muri Liverpool

Umukinnyi Mohamed Salah yongereye amasezerano mu ikipe ya Liverpool kugeza muri 2025 nyuma y’uko yari asigaje umwaka umwe ngo ayo yari afite arangire. Liverpool nayo yatangaje ko Mohamed Salah...
1 July 2022 2594 0

APR FC yakuyeho urujijo ku byavugwaga ko igiye kugarura Abanyamahanga

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko nta gahunda ihari yo kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga muri iyi kipe. Bushimangira ko gahunda bufite ari ugukomeza guteza imbere impano z’abana b’abanyarwanda,...
30 June 2022 1810 0

Murangwa Eugène wakiniye Rayon Sports agiye kurushinga na Madamu Soraya wabaye Minisitiri wa MINICOM

Umuyobozi wungirije wa Banki nkuru y’igihugu (BNR), Hon. Hakuziyaremye Munyana Soraya wanabaye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda agiye kurushinga na Murangwa Eric Eugène wabaye umunyezamu wa Rayon...
23 June 2022 11217 0

Kylian Mbappe na Achraf Hakimi bakoreye ibiruhuko mu gihugu cyo muri Afurika

Kylian Mbappé na Achraf Hakimi bari muri Afrika mu biruhuko byabo. Aba basore bombi batwaye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa hamwe na Paris Saint-Germain bafashe igihe cyo kuruhuka mbere y’uko...
18 June 2022 2442 0

Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ntibari mu bakinnyi 100 bahenze ku isi [Urutonde]

Rutahizamu w’Umufaransa ukinira Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe yagizwe umukinnyi w’umupira w’amaguru uhenze kurusha abandi bose ku isi mu bushakashatsi bwakozwe na CIES Football Observatory....
7 June 2022 1239 0

Real Madrid yongeye kuba ikipe ihenze kurusha izindi zose ku isi

Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa kane n’abasesenguzi ba Football Benchmark, ivuga ko Real Madrid ikomeje kuba ikipe y’umupira w’amaguru ihenze kurusha izindi zose Iburayi nubwo amakipe yo mu...
28 May 2022 1903 0

FIFA na UEFA bahagaritse Uburusiya mu marushanwa yabo yose

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) byahagaritse u Burusiya mu marushanwa mpuzamahanga yose. Ni nyuma y’uko u Burusiya bushoje...
28 February 2022 857 0

Jose Mourinho ari mu mazi abira kubera ibyaha yashinje umusifuzi

Umutoza wa ROMA, Jose Mourinho, ashobora guhagarikwa imikino igera kuri itatu nyuma y’aho bivugwa ko yashinje umusifuzi wo mu cyiciro cya mbere guhemukira ikipe ye,kugira ngo afashe mukeba wabo...
22 February 2022 1260 0

Umutoza mushya wungirije wa Rayon Sports yageze mu Rwanda ahita atangira akazi

Umutoza mushya wungirije wa Rayon Sports, Ferreira Faria yamaze kugera mu Rwanda aho aje gusimbura mugenzi we w’umunya-Portugal, Pedro Miguel watandukanye n’iyi kipe. Uyu munya Portugal wanyuze...
21 February 2022 1410 0
0 | ... | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | ... | 330