Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete,yashyizwe ku rutonde rw’abazaba bayoboye igikombe cy’Isi 8 ,...
Umujyi wa Napoli wahuye n’uruva gusenya ubwo wagorwaga bikomeye n’abafana bo mu Budage baje gutwika imodoka ndetse banarwana n’abapolisi 800 mbere y’umukino wa 1/16 wa Champions League, wahuje Napoli...
Just Fontaine, ufite umuhigo w’isi wo gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi, yapfuye ku myaka 89.
Fontaine yatsindiye Ubufaransa ibitego 13 mu mikino itandatu yo mu...
Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi ukinira Paris Saint-Germain ntiyigeze aha ijwi na rimwe mugenzi we bakinana Kylian Mbappe kuko yatoye inshuti ye Neymar na Karim Benzema mu bihembo...
Uyu munsi nibwo isoko ryo kugura no kugurisha abakinyi mu mashampiyona atari make akomeye i Burayi rirangira,ariyo mpamvu amakipe akomeye arimo na Arsenal ari kuvugwa cyane.
Nkuko bisanzwe,iri...
Ababyeyi b’abanyeshuri bakina Football y’Abanyamerika ku ishuri ryisumbuye muri leta ya Texas barakajwe n’imyitozo ikabije yahawe abana babo igatuma bashyirwa mu bitaro.
Aba banyeshuri bahatiwe...
Urukiko rwo mu Bwongereza rwasanze umukinnyi wa Manchester City Benjamin Mendy ari umwere ku byaha bitandatu bijyanye no gufata abagore bane ku ngufu.
Gusa inteko y’abacamanza yananiwe kugera ku...
Ubuyobozi bw’Ikipe ya APR F.C bwanyomoje inkuru yayishinjaga ko ikunze gutiza abakinnyi bayo mu ikipe ya Marines F.C gusa kugira ngo ntimanuke mu cyiciro cya kabiri kuko zombi ari iza gisirikare....
Kizigenza Cristiano Ronaldo yakiriwe muri Al Nassr Football Club mu birori bikomeye byabaye ku mugoroba w’uyu wa Kabiri,tariki ya 03 Mutarama 2023.
Cristiano Ronaldo n’umuryango we beretswe...
Ikipe ya Arsenal izahabwa miliyoni 50 z’ama pound yo gukoresha mu kwiyubaka ku isoko ryo muri Mutarama.
Biravugwa ko iyi kipe ngo nta gahunda ifite yo kugura rutahizamu nubwo Gabriel Jesus...
Perezida Kagame yaraye agize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Dr Nsanzimana Sabin avuga ko yakuze yifuza kuba muganga ahanini...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Samuel Eto’o yatangaje ko yari ku rwego rwo hejuru kurusha uwahoze ari mugenzi we muri FC Barcelona, Thierry Henry.
Uyu wahoze ari rutahizamu wa Cameroun yakinanye...
Ikinyamakuru Northstar cyatangaje ko umunya Portugal,Cristiano Ronaldo ariwe wakurura abaguzi kurusha abandi bakinnyi bose mu mikino yose ku isi[most marketable athlete of 2022].
Uyu yahize...
Igipolisi muri Canada cyatangaje ko abantu 10 bishwe batewe ibyuma mu duce 13 mu byiciro bibiri gusa, ahitwa mu mugi wa Saskatchewan uhana imbibe na Leta zunze ubumwe za...
Rutahizamu wakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi, Jimmy Gatete ategerejwe i Kigali muri gahunda yo gutegura igikombe cy’Isi cy’abahoze baconga ruhago.
Rutahizamu wa Paris Saint-Germain, Kylian Mbappé, yatangaje ko kapiteni wa Real Madrid, Karim Benzema ariwe mukinnyi ufite amahirwe menshi yo gutsindira Ballon d’or 2022.
Mbappé atekereza ko...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
Umukinnyi Mohamed Salah yongereye amasezerano mu ikipe ya Liverpool kugeza muri 2025 nyuma y’uko yari asigaje umwaka umwe ngo ayo yari afite arangire.
Liverpool nayo yatangaje ko Mohamed Salah...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko nta gahunda ihari yo kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga muri iyi kipe. Bushimangira ko gahunda bufite ari ugukomeza guteza imbere impano z’abana b’abanyarwanda,...
Umuyobozi wungirije wa Banki nkuru y’igihugu (BNR), Hon. Hakuziyaremye Munyana Soraya wanabaye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda agiye kurushinga na Murangwa Eric Eugène wabaye umunyezamu wa Rayon...
Kylian Mbappé na Achraf Hakimi bari muri Afrika mu biruhuko byabo. Aba basore bombi batwaye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa hamwe na Paris Saint-Germain bafashe igihe cyo kuruhuka mbere y’uko...
Rutahizamu w’Umufaransa ukinira Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe yagizwe umukinnyi w’umupira w’amaguru uhenze kurusha abandi bose ku isi mu bushakashatsi bwakozwe na CIES Football Observatory....
Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa kane n’abasesenguzi ba Football Benchmark, ivuga ko Real Madrid ikomeje kuba ikipe y’umupira w’amaguru ihenze kurusha izindi zose Iburayi nubwo amakipe yo mu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) byahagaritse u Burusiya mu marushanwa mpuzamahanga yose.
Ni nyuma y’uko u Burusiya bushoje...
Umutoza wa ROMA, Jose Mourinho, ashobora guhagarikwa imikino igera kuri itatu nyuma y’aho bivugwa ko yashinje umusifuzi wo mu cyiciro cya mbere guhemukira ikipe ye,kugira ngo afashe mukeba wabo...
Umutoza mushya wungirije wa Rayon Sports, Ferreira Faria yamaze kugera mu Rwanda aho aje gusimbura mugenzi we w’umunya-Portugal, Pedro Miguel watandukanye n’iyi kipe.
Uyu munya Portugal wanyuze...