Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda [FERWACY] bwatangaje ko kubera icyorezo cya Covid-19 gikomeje gukaza umurego mu Rwanda muri iyi minsi bwimuye irushanwa rya...
Mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Ndola,abantu bitwikiriye ijoro bajya gutaburura umurambo w’umuntu washyinguwe mu mwaka wa 2012 barangije barawutwara.
Uyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki...
If anybody wants to check the competitiveness of the UEFA Nations League, they need only look at the three stand-out fixtures of the next match days in the competition.
Portugal v France,...
Itangazamakuru ryo muri Espagne ryatangaje ko umunya-Argentine ukinira FC Barcelona Lionel Messi yakoze amateka akegukana Ballon d’Or ya gatandatu ahigitse Cristiano Ronaldo bahanganye mu myaka...
Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka wa 2019 [FIFA Men’s Player 2019] nyuma yo guhigika Cristiano Ronaldo bamaze imyaka irenga 10 bahangana na Virgil Van Dijk...
Uwizeyimana Bonaventure yaje ku mwanya wa 3 mu gace ka 2 k’irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo inyuma y’ibihangange bikomeye ku isi mu gusiganwa ahatambika (sprinters)birimo Niccolo Bonifazio...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Louise Mushikiwabo, has formally entered a bid to head the Organisation Internationale de la Francophonie (OIF), a bloc of French-speaking countries and...
Tourism in Namibia is an important industry, contributing N $ 7.2 billion to the country’s gross domestic product. Every year, more than a million travelers visit Namibia, are not found in three...
FERWACY imaze gutangaza inzira Tour du Rwanda 2018 aho iri siganwa mpuzamahanga ngaruka mwaka rigiye kuba ku nshuro ya 10 rizatangira Tariki ya 5 Kanama risozwe tariki ya 12 Kanama 2018, ryajemo...
Myugariro w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yatunguye benshi ubwo yavugaga ko iyo mugenzi we bakinana mu ikipe ya Espagne Andres Iniesta aba yitwa Andresinho aba yaratwaye Ballon d’Or...
Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya SKY yo mu Bwongereza, yatahuweho ko yakoresheje imiti yongera imbaraga mu irushanwa rya La Vuelta a Espana...
Abasore 2 bari bahagarariye u Rwanda mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 ,Mugisha Samuel na Areruya Joseph ntibahiriwe n’irushanwa cyane ko aba bombi batabashije kurisoza. Ubwo iri...
Umunya Portugal ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi ku mugabane w’u Buraya mu mwaka wa 2016 gitangwa na France...
Cristiano Ronaldo umunya Portugal ukinira ikinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, akaba amaze kwegukana Ballon d’Or 4, ni umwe mu bakinnyi beza isi yagize, yamaze gushyira hanze urutonde...
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ashobora kujya mu mazi abira nyuma y’ifatwa ry’uwo bivugwa ko ari umujyanama wihariye wa Corneille Nangaa washinze ihuriro...
Muri Repuburuka ya Demokrasi ya Congo Komisiyo ishinzwe amatora CENI iri mu gikorwa cyo kubarura amajwi yavuye mu matora yo kuri uyu wa gatatu itariki 20 Ukubzoza. Ariko nanone, amatora yakomeje...
Hakozwe tombola y’uko amakipe azahurira mu matsinda y’imikino y’igikombe cy’u Burayi kizaba mu mwaka utaha wa 2024 kikabera mu Budage,aho itsinda B ariryo...