skol
Kigali

Search: France (476)

Dore urutonde rw’abakinnyi 7 bamaze gukora amateka ku isi muri ruhago ariko ntibitware neza mu makipe y’ibihugu...

Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
8 May 2017 5719 0

Abahanga bagaragaje uko ibihugu bizaba birutana mu bukungu muri 2050, Amerika izasubira inyuma gato, u Buhinde buze mu bya...

Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
17 April 2017 3366 0

Kwibuka 23: Amatariki akomeye y’itegurwa rya Jenoside igice cya 2

Mutarama 1993 b) Colonel BAGOSORA yashinze Ishyirahamwe ry’ubwicanyi mu Ngabo z’u RWANDA ryiswe AMASASU Colonel BAGOSORA akimara kugaruka i Kigali avuye Arusha ku wa 9 Mutarama 1993,...
9 April 2017 722 0

FIFA Ranking: Amavubi amanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde rwa FIFA

U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
6 April 2017 1467 0

FIFA Ranking: U Rwanda ruzamutse imyanya 7 ku isi ruza mu ibihugu 20 muri Afurika

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘AMAVUBI’ yazamutseho imyanya irindwi ku urutonde ngaruka kwezi rwa FIFA iva ku umwanya w’I 100 iza kuwa 93. Urutonde rumaze gushyirwa ahagaragara...
9 March 2017 1372 0

Dore amagambo Cristiano yatangaje agitwara Ballon d’Or, anashotora mukeba FC Barcelona

Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
10 January 2017 2766 0

Pogba ntabona Messi na Ronaldo nk’abakwiye Ballon d’Or ya FIFA

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA. Iki...
7 January 2017 1892 0

Cristiano Ronaldo yageretswe asaga miliyoni 300 ngo ajye gukina mu Bushinwa

Crisitiano Ronaldo, umunya Portugal ukinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, uhagarariye inyungu ze yatangaje ko amakipe yo mu Bushinwa yageretse Ronaldo asaga miliyoni 300 z’ama Euro ngo...
30 December 2016 164 0

Perezida Kagame yahâaye abakinnyi b’amagare imodoka yari yarabemereye

Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
29 December 2016 4534 0

Chioma yambitswe ikamba rya Nyampinga wa Nigeria (Amafoto)

Ku nshuro ya 40 igikorwa cya ’Miss Nigeria’ gitegurwa, umukobwa witwa Chioma Anambra, yambitswe ikamba ry’uhiga abandi uburanga mu birori byabaye mu ijoro ryakeye rya tariki ya 19 Ukuboza 2016. Mu...
20 December 2016 1669 0

Messi yagaragaje ukuri kwe kuri Ballon d’Or yahawe Cristiano

Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yatangaje amagambo yateye urujijo, bisa nkaho yakemangaga itangwa rya Ballon France Football iheruka guhabwa...
19 December 2016 2707 0

Amerika k’Urutonde rw’ibihugu byibitseho injiji

Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
19 December 2016 1379 0

Amagambo Cristiano yatangaje nyuma yo gutwara Ballon d’Or yateye urujijo

Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu buzima bwe akunda abavoka bitewe n’ akazi bakora kugira ngo abantu bakurweho ubusembwa, ibi bikaba...
13 December 2016 1389 0

U Rwanda rwazamutse imyanya itandatu ku rwego rw’isi

Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
24 November 2016 712 0

Urutonde rwa bamwe mu bakinnyi b’ibihangage bagiye basezererwa mu marushanwa akomeye nyuma yo gukora...

Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de...
8 July 2017 924 0

Mu byaranze tariki 19 Nyakanga, mu Rwanda hashyizweho guverinoma ya mbere nyuma ya jenoside

Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
19 July 2017 2064 0

UBUHAMYA:Yakuruwe n’ifaranga maze akina Filimi y’ubusambanyi atabizi

Kumyaka 61 y’amavuko, umukinnyi wa filime w’umufaransa, Charlotte de Turckheim yatanze ubuhamya bw’ibyamubayeho ubwo yari inkumi y’imyaka 20 akaza gukinishwa Filime y’urukozasoni atabizi. Charlotte...
20 July 2017 6070 0

Tariki 23 Nyakanga isobanuye byinshi ku ntandaro y’ intambara ya mbere y’ Isi

Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
23 July 2017 739 0

Tariki 24 Nyakanga hagabwe igitero kitiriwe umugi wa Gomorrah uvugwa muri bibiliya

Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
24 July 2017 790 0

Umukinnyi ukomeye mu gusiganwa ku magare yagonzwe n’imodoka

Ubwo yari mu myitozo I Barcelona ku wa gatanu taliki ya 04 Kanama, umusore Andrey Amador umunya Costa Rica w’imyaka 30 ukinira ikipe ya Movistar yo muri Espagne yagonzwe n’imodoka ku bw’amahirwe...
6 August 2017 1078 0

Tariki 6 Kanama nibwo Osama Bin Laden yakoze igikorwa gikomeye cyatumye atangira gushakishwa

Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware. Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
7 August 2017 739 0

Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare cyifotoje cyambaye ubusa

Umukinnyi w’umutaliyani wagacishijeho mu mukino wo gusiganwa ku magare Mario Cipollini yatunguye abakunzi b’umukino w’amagare ubwo yashyiraga kuri Instagram ifoto ari ku igare yambaye ubusa buri...
9 August 2017 2543 0

Team Rwanda irahatana muri Colorado Classic uyu munsi

Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
10 August 2017 192 0

Chameleone konti akoresha kuri instagram yibwe ndetse igiye gushyirwa ku isoko

Umuhanzi Dr Jose Chameleone yamaze gutangaza ko konti yakoreshaga kuri instagram yibwe ndetse ko ahangayikishijwe n’uko uwayibye yamaze gutangaza ko agiye kuyishyira ku isoko. Abinyujije kuri...
14 August 2017 815 0

UEFA yasohoye urutonde rw’abakinnyi 3 bazatorwamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Kanama 2017, nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA rimaze gutangaza abakinnyi 3 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize....
15 August 2017 2021 0

Amagare :Ikipe y’u Rwanda igiye kwitabira irushanwa ryo muri Ethiopia

Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
21 August 2017 109 0

Cristiano yagizwe umukinnyi w’umwaka i Burayi ahigitse Messi na Buffon

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid; Cristiano Ronaldo yagizwe umukinnyi wa mbere i Burayi mu mupira w’amaguru muri 2017 akaba abashije kwegukana iki gihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka ku nshuro ya...
24 August 2017 781 0

Amakipe azitabira Tour du Rwanda y’uyu mwaka yamenyekanye

Kuri uyu munsi Taliki ya 02 Nzeri uyu mwaka, nibwo Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ryamaze gutangaza amakipe 17 azitabira Tour du Rwanda, irushanwa rigiye kuba ku...
2 September 2017 548 0

Cristiano Ronaldo yasabye Zidane gukura abakinnyi 2 bakomeye muri 11 babanza muri Real Madrid

Umukinnyi Cristiano Ronaldo yasabye umutoza Zinedine Zidane umutoza mu ikipe ya Real Madrid ko akwiye gukura abakinnyi 2 Karim Benzema na Gareth Bale mu ikipe ibanzamo kubera ko bari hasi...
5 September 2017 1853 0

Abatari munsi ya 15 bahitanywe n’ umutingito ukomeye wibasiye Mexique

Umutingito uri ku gipimo cya magnitude 8,2 wibasiye igihugu cya Mexique uhitana abatari munsi ya 15. Perezida wa Mexique yatangaje ko uyu ariwo mutingito ubayeho ukomeye kurusha indi yose...
8 September 2017 283 0
0 | ... | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | ... | 450