Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
Cristiano Ronaldo nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA(FIFA Ballon d’Or 2016), yahise atangaza ko uyu mwaka atazawibagirwa mu buzima bwe, kuko ibyamubayeho ari...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Crisitiano Ronaldo, umunya Portugal ukinira ikipe ya real Madrid yo muri Espagne, uhagarariye inyungu ze yatangaje ko amakipe yo mu Bushinwa yageretse Ronaldo asaga miliyoni 300 z’ama Euro ngo...
Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yatangaje amagambo yateye urujijo, bisa nkaho yakemangaga itangwa rya Ballon France Football iheruka guhabwa...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Nyuma wo kwegukana Ballon d’Or itangwa na France Football, Cristiano Ronaldo yatangaje ko mu buzima bwe akunda abavoka bitewe n’ akazi bakora kugira ngo abantu bakurweho ubusembwa, ibi bikaba...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
Ubwo yari mu myitozo I Barcelona ku wa gatanu taliki ya 04 Kanama, umusore Andrey Amador umunya Costa Rica w’imyaka 30 ukinira ikipe ya Movistar yo muri Espagne yagonzwe n’imodoka ku bw’amahirwe...
Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware.
Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
Umukinnyi w’umutaliyani wagacishijeho mu mukino wo gusiganwa ku magare Mario Cipollini yatunguye abakunzi b’umukino w’amagare ubwo yashyiraga kuri Instagram ifoto ari ku igare yambaye ubusa buri...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Umuhanzi Dr Jose Chameleone yamaze gutangaza ko konti yakoreshaga kuri instagram yibwe ndetse ko ahangayikishijwe n’uko uwayibye yamaze gutangaza ko agiye kuyishyira ku isoko.
Abinyujije kuri...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Kanama 2017, nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA rimaze gutangaza abakinnyi 3 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize....
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid; Cristiano Ronaldo yagizwe umukinnyi wa mbere i Burayi mu mupira w’amaguru muri 2017 akaba abashije kwegukana iki gihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka ku nshuro ya...
Kuri uyu munsi Taliki ya 02 Nzeri uyu mwaka, nibwo Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ryamaze gutangaza amakipe 17 azitabira Tour du Rwanda, irushanwa rigiye kuba ku...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo yasabye umutoza Zinedine Zidane umutoza mu ikipe ya Real Madrid ko akwiye gukura abakinnyi 2 Karim Benzema na Gareth Bale mu ikipe ibanzamo kubera ko bari hasi...
Umutingito uri ku gipimo cya magnitude 8,2 wibasiye igihugu cya Mexique uhitana abatari munsi ya 15.
Perezida wa Mexique yatangaje ko uyu ariwo mutingito ubayeho ukomeye kurusha indi yose...