Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Andrew Rucyahana Mpuhwe, yeguye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike yitabiriye umuhango wo kwimika umutware w’abo mu bwoko...
Abarangije amasomo mu kigo cya mutobo gihugurirwamo abahoze ari abasirikare mbere y’uko basubizwa mu buzima busanzwe bavuze ko bagiye kwitwara neza ku isoko ry’umurimo nyuma yo guhabwa ibikoresho...
Bamwe mu batashye bava mu mashyamba ya RDC bari bamazemo imyaka myinshi, batangaje ko bicuza igihe bayamazemo kubera ikinyoma gikomeye babwiwe ko nibagera mu Rwanda bazahita bicwa.
Komisiyo yo...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana wasimbuye Gatabazi JMV ku munsi w’ejo....
Mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga,Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Kamanzi Axelle,yabajijwe ikibazo n’Umunyamakuru wa Radio&TV...
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza ,Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bagaragaye mu mashusho yasakanjwe bakubitira umugore muri kaburimbo.
Igisimba gikekwa ko kiri mu bimaze iminsi birya inka z’imitavu hafi ya pariki ya Gishwati mu karere ka Nyabihu,cyishwe n’abashinzwe umutekano.
Aborozi baororeraga mu nzuri zegereye Pariki ya...
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ yasabye Urukiko rw’Ubujurire kumworohereza na we agahabwa igihano gito kuko bamwe mu bo babanye mu Mutwe w’Iterabwoba wa FLN batigeze bagezwa mu nkiko.
Ni ubusabe...
Umwarimu witwa Ntirujyinama Benjamin wigishaga ku kigo cy’Amashuri cya Nganzo mu Karere ka Nyabihu giherereye mu murenge wa Rugera yanditse ibaruwa isaba gusubizwa ku kazi yari yasezeyeho mu minsi...
Perezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano iremereye yo guhagararira abandi, bityo ko bagomba kwibuka ko ibyo bakora byose byitirirwa bo ubwabo...
Hari abayoboke b’itorero Umuriro wa Pentecote mu Rwanda bavuga ko ibijyanye no kwikingiza COVID-19 bakibitekerezaho mu gihe abandi batarabibonera umwanya.
Itorero umuriro wa Pentekote rikorera...
Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 1,997 banduye Coronavirus kuri uyu wa Gatandatu mu gihe 12 barimo abagore batandatu, umwe muri bo w’imyaka 28 bahitanywe n’iki...
Umuhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 27,ku rwego rw’Igihugu wabereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ahatashywe ku mugaragaro umudugudu ugezweho watujwemo imiryango...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko mu byumweru bibiri bishize abandura covid19 biyongereye ku gipimo kingana na 275%, ku buryo nta gikozwe mu maguru mashya ibintu bishobora gusubira irudubi...
Kuri iki Cyumweru, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko habonetse abarwayi bashya 227 ba COVID-19 mu Rwanda barimo 111 bo muri Kigali na 33 n’i Rubavu.
Uyu munsi nta muntu wakize, abakirwaye bageze...
Abanyeshuri babiri barimo Ariane na Louange biga muri GS Rusiga mu karere ka Rulindo bagaragaje imyitwarire myiza mu gihe cya Tour du Rwanda 2021,ubwo bahuraga n’amagare ntibigere bayarangarira,...
Mu ijoro ryakeye,inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibirori byo gusaba no gukwa n’ibyo kwiyakira kw’abitabiriye ubukwe bizajya bikorwa ariko itangaza ko amabwiriza mashya kuri iyi ngingo azatangwa na...