KENNI BALLO umusore w’umunyakenya utuye mu murwa mukuru Nairobi avuga ko yashenguwe cyane n’urukundo akunda umwuzukuru wa ARAP MOI ,bityo akaba yiteguye kumukwa inka zigera ku 1000 ngo ni yo...
Umugabo utavuzwe amazina yakoze amahano amanukira mu mutaka [parachute] aparika mu kibuga rwagati Inter Milan iri gukina na Sassuolo mu mukino wa Serie A wabaye kuri iki...
Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yatangiye ibiganiro na FC Barcelona byo kureba uko muri Mutarama yagura umunya-Croatia Ivan Rakitic mu gihe amakipe yombi yaba...
Force Jeune ishyirahamwe ritegura irushanwa ry’ubwiza mu Burundi riratangazako Ku nshuro ya 15 iri rushanwa nta wisize mukorogo cyangwa uwipfumuje amatwi bigaragarira abantu uzemererwa kwitabira...
Umukozi wo mu rugo wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa Cheelo Hamamba,yakoze amahano asiga umwana w’amezi 10 w’abakoresha be mu musarani,arangije ahasiga urwandiko rubabwira ko yabikoze kubera...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Umukobwa witwa Dorah Mwima wabaye Nyampinga wa Uganda 2009, yashyizweho iterabwobwa n’umuntu atazi bituma ahishura ko umuhanzi Mowzey Radio [Moses Ssekibogo] witabye Imana ari we Se w’imfura ye...
UmuhanzI Douglas Mayanja wamenyekanye mu muziki nka Weasal, yavuze ko hari byinshi bikomeye yagiye ahura nabyo nyuma yo kubura mugenzi we Mowzey Radio bahoze baririmbana hamwe mu itsinda rya Good...
Douglas Mayanja wamamaye mu muziki nka Weasel ari mu intambara y’amagambo ikomeye na Lilian Mbabazi, wahoze ari umugore wa Radio witabye Imana umwaka...
Gushaka umugore muzabana mugahuza,ni ihuririzo ku basore kimwe no ku bakobwa , kandi koko ni byo kuko n’Abanyarwanda baravuga ngo "Ukurusha umugore aba akurusha...
Ikipe ya Real Madrid yatangiye gushaka umusimbura wa kizigenza Cristiano Ronaldo uri mu biganiro na Juventus kugira ngo ayerekezemo aho bivugwa ko yatangiye kurambagiza Kylian Mbappe na Neymar...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Flora Mtegoa nyina wa Kanumba yavuze ko atazataha ubukwe bwa Lulu wahitanye umuhungu we kubera ko umutima we utaramubabarira icyaha yakoze cyo guhitana umwana...