Duherukana ubwo nari nsanze Vena muri butike yo kwa Gakire, yari agaragiwe n’ ingeri agura rimwe rikazana n’ irindi muri make haribwaga ihene indi iziritse, niyumvishije neza ko njye na mushiki...
Cristiano Ronaldo yamaganye imyifatire mibi n’ubunyamwuga buke by’abakinnyi bakiri bato ba Manchester United.
Mu kiganiro cye cyaciye ibintu kuri Talk TV,cyibanze ku ngingo nyinshi - zirimo...
Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin,yeruye avuga ko yashyizweho igitutu na Polisi y’u Rwanda birangira yeguye mu nteko ishinga amategeko yari amazemo imyaka isaga 4.
Uyu munyapolitiki wari...
Umunyamakuru wo mu Karere ka Bugesera mu murenge wa Ntarama usanzwe akorera kimwe mu binyamakuru byandika kuri murandasi mu Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no...
Ni i bintu bisanzwe ko abakundana barakaranya kubera impamvu zitandukanye ariko ni byiza ko umenya amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe kuko bishobora kubaviramo...
Dr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza...
Umutoza w’Ubuholandi,Louis Van Gaal yavuze ko agiye kongera gusezera ku butoza nyuma yo gusezererwa na Argentina mu gikombe cy’isi kuri penaliti 4-3.
Louis van Gaal wari warasezeye ku kazi ko...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo yakoreye imyitozo ku kibuga cya Valdebebas cy’ikipe ya Real Madrid kugira ngo arebe ko yamera neza,yitegura kwerekeza mu yindi kipe cyane ko ubu ntayo agira.
Nyuma...
Perezida wa FIFA,Infantino yatangaje ko hagiye gutangira irushana ry’igikombe cy’isi cy’amakipe atari ay’ibihugu kizatangira mu mwaka wa 2025 kigizwe n’amakipe 32.
Yavuze ko iki gikombe cy’isi...
Umwe mu baririmbyi ba Africa bakunzwe cyane kurusha abandi, Tshala Muana, wapfuye mu cyumweru gishize ku myaka 64, yari azwi byombi ku ijwi ryiza no ku mbyino zateje imyigaragambyo no gusaba ko...
Umuyobozi [Chairman]w’Ikipe ya APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga, yemeje ko iyi kipe nisohokera u Rwanda, hazongerwamo abanyamahanga bo kuyifasha gushaka uko yagera kure mu mikino Nyafurika.
Ibi...