Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa ya Guverinoma Johnston Busingye yatangaje kuri Twitter ko ubu yinjiye mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Instagram. Instagram ni urubuga rwitabirwa cyane...
Hari ibyamamare biba byarambaye umwambaro,bikarangira ugurishijwe bitewe n’agaciro ufite n’icyubahiro kuwawambaraga. Ubu Umwambaro bivugwa ko wambarwaga n’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe...
Ibyamamare mu muziki wa USA Beyonce n’umugabo we Jay Z, bakomeje kubaka izina mu rukundo ndetse n’ubufatanye nk’umugabo n’umugore nyuma y’imyaka myinshi bamaze...
Ikipe ya Real Madrid iri mu biganiro bya nyuma na Chelsea kugira ngo ibone rutahizamu Eden Hazard,ntiyiteguye kwambura Luka Modric nimero 10 ahubwo ngo igiye guha uyu Mubiligi nimero 7 yambawe...
Ibyamamare mu kwandika kuri Blogs, Kelly na Kody,bibasiwe na benshi mu babakurikirana kuri Instagram,kubera ifoto bashyize hanze uyu musore ari gusoma uyu mukobwa amuteruriye hejuru y’imanga...
Myugariro wa Rayon Sports,Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019 bikitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo...
Mu gihe habura icyumweru kimwe ngo Tour du Rwanda yo kuri 2.1 itangire,ikipe ya Benediction Excel Energy yatangaje abakinnyi 5 bazayihagararira muri iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe yo ku rwego...
Ubuzima bw’ibyamamare buba buhenze cyane , baba bashaka kubaho nk’aho batazwi mu miturire yabo mu rwego rwo kwiha umutekano usesuye,Polisi yo mu Mujyi wa Los Angeles yagiye mu rugo rw’umuhanzi...
Ni kenshi cyane byagiye bivugwako mu gihugu cya Uganda hari ibyamamare birangiza za Kaminuza kandi ngo abanyeshuri bagenzi babo batarababonye mu ishuri , yewe no kumunsi w’ibizamini ntibaboneka...
Ikinyamakuru gikomeye ku isi mu gukora intonde z’ibyamamare bikize ndetse n’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga,Forbes,cyashyize u Rwanda mu bihugu 10 bituje ba mukerarugendo bakwiye gutembereramo mu...
kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Ukuboza 2018 mu ijoro rya Noheli muri Kigali Exhibution mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cya Xmass Celebrities Party aho ibyamamare bitandukanye byasabanye...
Diamond Patnumz ni umwe mu bahanzi bavuzwe cyane mu nkundo zitandukanye ku bakobwa b’ibyamamare biva hirya no hino mu bihugu by’abaturanyi bya Tanzaniya. Uyu muhanzi Diamond Platnumz umaze gufata...
Ibyamamare bitandukanye muri ruhago ku isi birimo Cristiano Ronaldo ukinira Juventus na Lionel Messi wa FC Barcelona,byifatanyije n’imiryango yabyo kwizihiza noheli ndetse basangiza abakunzi babo...
Umujyi wa Malibu utuwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Kanye West n’umugore we Kim Kardashian Lady Gaga, Leonardo Dicaprio, Jack Nicholson, Miley Cyrus, Robert Downey Jr., Tom Hanks, Janet Jackson...
Ku wa Gatatu w’iki cyumweru Taliki ya 17 Ukwakira 2018, nibwo hatangiye shampiyona ya Basketball ikunzwe kurusha izindi ku isi,NBA aho ibyamamare bitandukanye birimo Stephen Curry,Kevin...
Ibyamamarekazi bitandukanye byatunguye benshi kubera imyambarire yabwo mu birori bya MTV Video Music Awards bigamije guhemba abahanzi n’aba director bitwaye neza mu...