Indirimbo ‘Basi sorry’ ya Passy Kizito na Chris Eazy igiye kuzuza icyumweru iyoboye urutonde rw’indirimbo zirindwi zo muri Afurika zigezweho kuri RFI binyuze mu kiganiro ‘Afro...
Umuhanzi ukizamuka mu muziki nyarwanda Ndayisenga Jean de Dieu uzwi nka MAC Classic yakozwe ku mutima n’uburyo umukino wa Basketball uri kuzamuka mu Rwanda bimutera gukora mu nganzo awuhimbira...
Indirimbo ‘Garagaza’ Yvan Buravan yahuriyemo na se yaciye agahigo ko kuba iyoboye indirimbo z’uyu muhanzi mu kurebwa n’abantu barenga miliyoni kurubuga rwa...
Umuhanzi Bebe Cool niwe uri guhabwa amahirwe yo gukorana indirimbo yo gukorana indirimbo n’icyamamare [Ye] Kanye West muri iki gihe ari muri Uganda mu ifatwa ry’amashusho ya alubumu ye yise...
Umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cy’ u Burundi uzwi ku izina rya Mkombozi mu njyana ya Hip Hop aherutse gukora indirimbo yise "Mwana w’u Rwanda" akaba yagize icyo ayivugaho ndetse anavuga neza ku...
Amashusho y’indirimbo ‘WHY’ y’umuhanzi The Ben ukundwa na benshi yakoranye n’icyamare mu muziki muri Afurika Diamond Platnumz yari itegerejwe amatsiko menshi yamaze kugera hanze...
Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika no guhimba indirimbo Danny Vumbi yatangaje urutonde ruriho indirimbo 10 zamunyuze kurusha izindi mu mwaka wose wa 2021 ubura amasaha make ngo...
AMAKURU MURI MUZIKA Jay Polly mu mushinga w’ amashusho y’indirimbo ye “Umusaraba wa Joshua” AMAFOTO
ByRemera GaetanPosted on January 29, 2019 COMMENTS
Jay Polly ukunze kwiyita Kabaka, numwe mu...
Indirimbo Adi Top kuri ubu imaze ukwezi kumwe isohotse yaciye agahig ko kuba imaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni ku rubuga rwa Youtube rushyirwaho amashusho...
Ku munsi w’ejo nibwo kuri stade ya Kigali I nyamirambo habereye umukino wo kwishyura hagati y’ikipe y’U Rwanda n’ikipe ya Guinea, umukino u Rwanda rwaje kunganyirizamo igitego 1-1 mu marushanwa yo...
Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Ed Sheeran, umuhanzi w’ubashywe mu bagezweho muri iyi minsi yandikishije amateka mu ruhando rwa muzika nyuma y’uko Album ye igurishijwe cyane kurusha izindi ndirimbo 500 zishyize hamwe.
Uyu...
Indirimbo Ni Forever y’umuhanzi The Ben yari yakuwe kuri YouTube irezwe na Drone Skyline Ltd, yamaze kuhagaruka nyuma y’aho uyu muhanzi yishyuye uwamwishyuzaga.
Umuhanzi Davis D uri mubagezweho mu Rwanda yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Eva” ifite amashusho yo kurwego mpuzamahanga , igaragaramo ibizungerezi biri umwe wo mu gihugu cya Colombia...
Umuhanzikazi Aline Gahongayire, uri mu bakunzwecyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yasubiyemo indirimbo “Hari impamvu pe” yanditse, akanasohora mu myaka 11...