Umuraperi Cardi B yasabye abafana be kuzunguza ibibuno byabo bitonze bari kubyina indirimbo ye nshya yitwa “WAP”,yafatanyije na Megan Thee Stallion nyuma y’aho bamwe mu bafana be bakomeje kuvunika...
Umuhanzi wa Gospel René Patrick yateye indi ntambwe yashimishishe abatari bacye mu bakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo gufata icyemezo cy’abagabo akambika impeta y’urukundo...
Mu ntangiriro z’uku gushyingo ibinyamakuru byo mu bwongereza byanditse ku muhanzi Beyonce washakaga abantu baturuka mu mico itandukanye yo mu isi kujya mu mashusho y’indirimbo “Brown skin girl” none...
Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi mu buryo bw’amajwi,Jean Paul Gatsinda benshi bazi nka Jay P yaraye ashyingiranywe n’umukunzi we Umutoni Alice (Big Tonny) nawe uzwi cyane mu ndirimbo zo...
Umusore uvangavanga umuziki uzwi ku izina rya Dj Hero yakubiswe n’abaturage bari bagiye kubyina mu kabyiniro, nyuma yo gucuranga indirimbo zo muri Afurika...
Nsengiyumva Francois umuhanzi uri kwishimirwa na benshi cyane muri iyi minsi , wanamamaye ku kazina ka ‘Igisupusupu’, yasoje gahunda yo gufata amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Rwagitima”...
Butera Knowless ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe mu gihugu cy’ u Rwanda yewe no hanze yacyo, nyuma yo gukora indirimbo yise “Day To Day” ubu yongeyeho iyo yise “Inshuro 1000” yakoreye...
Umuhanzi nyarwanda wamenyekaniye cyane mu ndirimbo Ziramya Zikanahimbaza Imana uzwi nka Papa Emile yashyize hanze indirimbo ishingiye ku nkuru ya Mariya na...
Umuhanzi Chris Brown uherutse gufungirwa mu mujyi wa Paris azira inkumi yamushinje kumufatira ku ngufu muri Hoteli,yashyize hanze indirimbo yaririmbye yivuga ibigwi by’ukuntu asambanya abakobwa...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Abahanzi bamenyerewe cyane mu kuririmba indirimbo zijyanye na gahunda za leta Senderi, Munyanshoza Dieudonne , Intore Tuyisenge na seargent major Robert bashyizeho ibiciro ku bantu zajya...
Senderi International Hit uri mugahinda ko kuba yarongeye kwangirwa kwitabira irushanwa rya PGGSS ya 8 kubera ikibazo cy’imyaka, yandikiwe yibutswa ko Abanyarwanda bakumbuye kumva indirimbo ye...