Umugore wa Tom Close yamwifurije isabukuru nziza
Niyonshuti Ange Tricia yakoresheje amagambo yuje urukundo yifuriza Tom Close isabukuru nziza
Tom Close n’umugore we abenshi bemeza ko ari...
Haranugwanugwa inkumi iri mu rukundo n’umuhanzi King James ubusanzwe utajya ukunda gushyira hanze ukuri ku bijyanye n’ibyiyumviro bye mu rukundo cyangwa ngo agaragaze uwo akunda n’ubwo yavuzweho...
Miss Uwase Hirwa Honorine wamamaye ku izina ry’Igisabo yahagurutse mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Ukwakira 2017 yerekeza mu gihugu cya Philippines aho yitabiriye irushanwa rya Miss...
Sebarinda Leonard n’ umuryango batuye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bari mu byishimo nyuma yo kongera kubona umukobwa wabo baherukaga mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
Uyu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Niyibikora Safi wamamaye nka Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys, kuri iki cyumweru tariki ya 01 Ukwakira yasezeranye imbere y’amategeko y’U Rwanda n’umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze...
Ishimwe Clement umuyobozi w’Inzu itunganyamuzika ya Kina Music akaba umutambukanyi wa Ingabire Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless, yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko agira n’icyo...
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura yabo mu minsi yavuba, uyu muhanzi yavuze ko ubukwe bwabo bwegejwe...
Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo...
Abafana ba Chili barubiye kubera gutsidwa imikino 2 ikipe y’igihugu cyabo iheruka gukina, bamereye nabi umukunzi wa Alexis Sanchez usanzwe ari umwe mu bakinnyi bafasha cyane ikipe ya Chili ku...
Umuhanzikazi Young Grace w’urubavu ruto akaba imfura mu muryango w’abana batatu, yatangaje ko amaze umwaka urenga ari mu munyenga w’urukundo n’umuzungu banateganya kurushinga.
Abayisenga Marie...
Burya ngo akabi gasekwa nk’akeza koko! Ubwo twari mu kazi kacu ko gutara inkuru, umusore w’imyaka 29 ukora mu kigo cy’ubucuruzi gikomeye hano mu Rwanda, yadutangarije ko umunsi wa Saint Valantin...
John Okafor wamamaye mu gukina firime muri Nigeria uzwi cyane nka Mr Ibu aranenga abagabo bakubita abagore akavuga ko bazajya i kuzimu.
ihohoterwa ryo mu ngo cyane cyane ubwicanyi no gukubitwa...