Ku mugoroba wo kuwa gatatu taliki 11/12/2019 ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Karere ka Nyarugenge bakusanyije Miliyoni zirenga 128 zo gutera inkunga Akarere mu gikorwa cyo gushakira amacumbi...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 27/12/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Bisekere Ezekiyasi na...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 08/01/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Bisekere Ezekiyasi na...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije mugenzi we wa Iran uherutse gutangaza ko Iran igiye kwihorera kuri Amerika nyuma y’uko igisirikare cyayo cyishe umusirikare ukomeye...
Igihugu gikomeje gutungurana mu iterambere ry’ubukungu n’ikoranabuhanga u Bushinwa, ubu noneho hatangijwe ingendo za gali ya moshi nshya igenda ibirometero 350 mu isaha imwe. Iyi gali ya moshi...
Abayobozi ba Islam mu gace ka Kyampisi bafatiye ibihano Sheikh Mohammed Mutumba, wari usanzwe ari Imam w’umusigiti wa Kyampisi Masigid Noor uherutse gukora agashya ko gushaka umugore yamugeza mu...
Birakekwa ko Chinese Krait na Chinese Cobra, ari zo nzoka zateje icyorezo cya coonavirus kimaze guhitana batandatu mu Bushinwa. Iki cyorezo cyatangiriye mahitwa Wuhan ariko ubu kimaze gukwira...
Abana bo mu ishuri rya ruhago rya APR FC ntiborohewe n’imirindi y’abakinnyi ba Rayon Sports babigirijeho nkana babatsinda ibitego 4-0 mu mukino ubanza w’ijonjora rya mbere ry’igikombe cy’Amahoro...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yishimiye intsinzi, hashize umunsi agizwe umwere mu rubanza rwo kumweguza, abikora yigamba ku bo batavuga rumwe muri...
Umusekirite wa ISCO warindaga inyubako yahoze ikoreramo Banki ya Kigali mu karere ka Kicukiro ahazwi nka Kicukiro Centre biravugwa ko yirashe arapfa ubwo yari mu kazi mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020, nibwo habaye inama ya gatatu ya Komisiyo ihuriweho n’u Rwanda na Uganda yo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo kugarura umubano hagati...
Kuwa Gatanu w’iki Cyumweru taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo byamenyekanye ko Manchester City yahanishijwe imyaka 2 idakina amarushanwa ya UEFA no gutanga miliyoni 30 z’amayeri kubera kwica...
Amashusho y’iminota 20 n’amasegonda 15 y’umugabo wo muri Kenya uzwi nka Patrick Ayoyi Ajunga aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga ari gusambana na Mubyara we agateza urunturuntu muri Kenya...
Wema Sepetu, Umukinnyi wa filimi wanabaye Nyampinga wa Tanzania, yashinjwe n’umufana ubujura ku mbuga nkoranyambaga, gusa we aravuga ko atari we wabikoze.
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yahaye gasopo abaturage be ababwira ko umuntu wese uzagerageza kwica ibwiriza ryo kuba mu kato bitewe n’icyorezo cya Coronavirus aka kavamo, azahanishwa...
Professor John Lonyangapuo, akaba na Guverineri w’agace kitwa West Pokot mu gihugu cya kenya, yatamajwe bikomeye n’umugore bari bamaze iminsi mu munyenga w’urukundo ubwo yashyiraga amafoto ye...
Umukinnyi Wayne Rooney wabaye icyamamare mu Bwongereza by’umwihariko mu ikipe ya Manchester United yatangaje ko Lionel Messi ariwe mwiza kurusha abandi bose ku isi kurusha Cristiano Ronaldo...
Minisitiri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mata 2020,yafashe ibipimo 1,449 byagaragaje ko abantu 3 bashya banduye Coronavirus mu gihe abantu 4 aribo bakize.Umubare...
Muri iki gihe isi yose iri mu bihe bibi bya Coronavirus,abantu benshi bazamuye impaka z’umukinnyi mwiza hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi gusa uyu munya Argentina niwe watowe cyane...
Igisirikare cya Nigeria kivuga ko cyishe abajura 89 kivuga ko bagize uruhare mu ruhererekane rw’ibitero byagabwe ku baturage muri leta ya Zamfara iri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba...
Mugisha Benjamin wamamaye muri muzika nyarwanda nka The Ben yagiranye ikiganiro na RTV cyitwa “Versus” gikorwa n’umunyamakuru Lucky Nzeyimana maze ahishura byinshi ku buzima bwe anakomoza ku...