Kuva mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye gusenyera abaturage batuye mu bishanga bitandukanye byo muri uyu mujyi nyuma yo kuburirwa no kubashishikariza kwimuka...
Polisi y’u Rwanda yatangaje zimwe mu mpinduka zizagaragara mu ikoreshwa ry’imwe mu mihanda yo muri Kigali mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira inama mpuzamahanga yiga ku cyorezo cya Sida...
Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye...
Kapiteni wa AS Kigali WFC, Nibagwire Libellée, yerekeje muri Rayon Sports aho yasinye amasezerano y’umwaka umwe ndetse aba umukinnyi wa gatatu uyerekejemo avuye mu Ikipe...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie] yagarutse i Kigali mu ibanga rikomeye nyuma yo guhurira ku rubyiniro n’umunya-Jamaica, Shaggy bakoranye indirimbo "When she’s...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko mu ntangiriro z’umwaka utaha wa 2024 ari bwo hazaba hatangiye gushyirwaho inzira zihariye (Dedicated Bus Lanes/DBL) zikoreshwa n’imodoka zitwara abagenzi mu...
Ikipe ya Pyramids FC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi izazana i Kigali gukina na APR FC mu gushaka itike y’amatsinda y’irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo,biganjemo amazina...
Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali Women Football Club, bwafashe icyemezo cyo kugarura abatoza babiri, Ntagisanimana Saida na Safari Jean Marie Viannye, bari baherutse gusohoka muri iyi kipe mu buryo...
Umubiri w’Umusirikare w’u Rwanda uherutse kwicirwa muri Santrafurika, aho yari mu butumwa bwo kugarura amahoro, wagejejwe i Kigali kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga...
Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu aho agiye gusoreza uruzinduko amazemo iminsi muri Aziya na Africa.
Mu ngingo byitezwe ko Antony...
Ubuyobozi bw’ikigo ngenzuramikorere,RURA, buravuga ko muri gahunda yo kongera imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu gihe kitarenze iminsi 2 hari izindi modoka 20 ziza kwiyongera ku...
Indi gapapu ibereye I Nyamirambo aho umunya Cameroun witwa Man Yakre wari utegerejwe na Rayon Sports I Kigali yashimuswe mu ibanga rikomeye cyane na AS Kigali.
Hari hashize iminsi havugwa...
Ikipe ya As Kigali ibifashijwemo n’igitego cya Hussein Tchabalala cyabonetse mu gice cya mbere cy’umukino, yatsinze Police FC mu mukino ubanza wa 1/2 mu gikombe cy’Amahoro 2022 wabereye kuri Stade...