Umyobozi w’ikipe ya Gasogi United Kakooza Nkuliza Charles, yavuze ko yashimishijwe n’uburyo ikipe ye yitwaye mu mukino waraye uyihuje na Kiyovu Sports, anashimangira ko habuze gato ngo Gasogi...
Nubwo imaze imyaka myinshi ikina icyiciro cya mbere mu Rwanda,Kiyovu Sports yananiwe kwereka Gasogi United ikizamuka ko ari ubukombe mu mupira w’amaguru mu Rwanda kuko yanganyije nayo igitego...
Mu mwaka wa 2018 taliki ya 30 ukwakira , Clarisse Karasira wari umenyerewe mu mu mwuga w’itangazamakuru , yinjiye mu muziki ahereye ku ndirimbo ye “Giraneza”, nk’umuhanzi mushya mu ruhando rwa muzika...
Umunya Tanzania watozaga Patriots,Henry Mwinuka agiye guhabwa akayabo ka miliyoni 45 FRW kugira ngo asinyire ikipe ya REG BBC nyuma yo kuyitwara igikombe cya shampiyona giheruka ubwo yari mu...
“Ningira amahirwe ngahura na Perezida Paul Kagame nzishima cyane, sinzi icyo navuga. Aratangaje, yahinduye u Rwanda ku buryo rusa neza n’u Burayi. Ibihugu byinshi by’i Burayi ntibibona ko aha haruta...
Kuri uyu wa Kabiri,taliki ya 29 ukwakira 2019,Minisitiri w’Intebe Dr. Edward Ngirente yafunguye ku mugaragaro imodoka zikoresha amashanyarazi zigiye gukora bwa mbere mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Ukwakira 2019, saa 18:00 nibwo Rayon Sports igomba kwakira ikipe ya Etincelles FC mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiona y’u Rwanda aho abakinnyi barimo Kakule Mugheni...
Ngabo Medard [Meddy] umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no mu mahanga ku wa 21 Ukwakira saa munani zo mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku mbere, yafashwe n’inzego z’umutekano akekwaho gutwara...
Kuri Stade nshya yabatijwe stade Gologota, ikipe ya Rayon Sports yahabambiwe na Sunrise FC yari imbere y’abakunzi bayo ibitego 2-1 mu gihe Mukura VS yari yiswe buji ishonga na KNC,yatsinze Gasogi...
Emery Gatsinzi uzwi nka Riderman, izina rikomeye cyane muri Hip Hop mu Rwanda, yavuze ko yaretse gukomeza kwiga amashuri ye, aho yari ageze muri kaminuza, kugira ngo akurikire inzozi ze, ku mpano...
Umwaka wa 2019 umunsi wa 23 w’Ukwezi kwa 10;
Mbisabwe na BYAKWERI Théogène;
Njyewe Me. RUNEZERWA Joseph Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga; Nshingiye ku Ingingo ya 248 igika cya 3 n’iya 49 z’Itegeko...
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe umwanzuro wo guhagarika rutahizamu Sugira Ernest kubera amagambo yatangaje nyuma y’umukino w’Amavubi na Ethiopia aho yavuze ko atisanga neza muri APR FC nkuko bigenda...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara ibiciro byo kwinjira ku mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona y’u Rwanda izahuriramo na Bugesera FC, aho itike ya make yo kwinjira kuri uyu mukino...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier,yatangaje ko u Rwanda rutegereje ubutumire bwa Uganda ku byerekeye inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa...
Ku isaha ya saa Saba z’ijoro ryakeye nibwo umubiri wa nyakwigendera Brig Gen Andrew Rwigamba wagejejwe mu Rwanda, uvanywe mu Bitaro bya Cairo mu Misiri aho yitabiye...
Major Mudathiru uregwa kuba umwe mu bayobozi b’inyeshyamba zo mu Mutwe wa P5, yemeye ibyaha byo kugambirira kugirira nabi ubutegetsi buriho, anabisabira...
Mu nama yahuje abayobozi ba FERWAFA n’abayobozi b’amakipe ya Bugesera FC na Rayon Sports kugira ngo bakemure ikibazo cy’isaha bagomba gukiniraho umukino wabo kuwa kabiri w’icyumweru gitaha,yarangiye...
Umutoza Mashami Vincent w’ikipe y’igihugu Amavubi n’abamwungirije basoje imyitozo ya nyuma yo kwitegura umukino wo kwishyura na Ethiopia mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya CHAN 2020 kizabera...
Umunyamideri w’umunyarwandakazi Kate Bashabe yavuze ko iby’urukundo rumuvugwaho na Sadio Mane ari ukubeshya, mu gihe hari ibinyamakuru byo muri Senegal aho Sadio Mane avuka, byakwirakwije amashusho...