Aba Taliban bategetse ko abagore bo muri Afghanistan bashaka gufata ingendo za kure mu muhanda bazajya babyemererwa gusa mu gihe bazajya baraba baherekejwe n’abo mu muryango w’abo w’igitsinagabo....
Kuri uyu wa Kane ahitwa Abbey Gate ku kibuga cy’indege cya Kabul habereye iturika ry’igisasu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bituma abantu 90 bahasiga ubuzima, nk’uko bitangazwa Minisiteri y’ubuzima...
Umutwe wihurije hamwe mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu uyobowe na Leta zunze ubumwe za Amerika, wamaze gutangaza ko wishe abarwanyi w’uwo mutwe bagera kuri 85.
Uyu mutwe...
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko Amerika iri "ku muvuduko" wo kubahiriza itariki ntarengwa ya 31 y’uku kwezi kwa munani ngo ibe yarangije ibikorwa byo guhungisha, nubwo ibihugu by’inshuti zayo...
Ku wa kabiri, abatalibani bataye muri yombi umugabo ushinjwa kugurisha abagore benshi mu majyaruguru ya Afuganisitani nyuma yo kubabeshya ko bajyanwe gushyingiranwa n’abagabo bakize.
Umuyobozi...
Abatalibani bayobora Afghanistan bateguje ko abagabo badatereka ubwanwa ngo bube burebure bazirukanwa ku kazi ka leta.
Iri ni rimwe mu mategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’aba Talibani buyoboye...
Hashize iminsi, Isiraheli yerekana ko ingabo zayo ziteguye kujya muri Gaza hagamijwe gukuraho burundu Hamas nk’umutwe wa gisirikare, nyuma y’igitero yagabye mu majyepfo ya Isiraheli ku ya 7...
Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukuboza2023, ibitero bya Isiraheli n’imirwano ikaze byakomeje mu karere ka Gaza, mu gihe ku Cyumweru, Minisitiri w’Intebe muri Isiraheli Netanyahu Benjamin yahamagariye...
Umuyobozi w’umujyi wa Brummana mu gihugu cya Liban, Pierre Achkar yashyizeho itegeko ry’uko abapolisikazi bacunga umutekano wo mu muhanda bagomba kuzajya bambara utwambaro tugufi cyane mu rwego rwo...
Bamwe mu bari kigo cy’abasaba ubuhungiro mu bwongereza, babwiye The Times ko inzira zakoreshwa ngo babuhabwe zirimo no kubazana mu Rwanda ari nziza kuruta kuboherezwa mu bihugu byabo birimo...
Kompanyi nkuru ya Telefone ngendanwa muri Afurika, MTN irashinjwa ko yaba yarahaye imitwe y’iterabwoba igendera ku mahame akarishye ya Islam muri Afghanistani amafaranga yo kwifashisha mu bikorwa...
Umusore utuye Sydney muri Australia yakoze agashya katunguye benshi ku isi ubwo yahimbaga amayeri ashimuta umukunzi we ubwo bari mu rugendo muri Libani,hanyuma aramutungura amuterera ivi nyamara...
Umutwe w’ibyihebe muri leta ya kisilam wigambye igitero cya bombe y’umwiyahuzi hafi y’amabasade y’Uburusiya mu murwa mu kuru wa Afuganistan,Kabul cyagabwe kuri uyu...
Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...