skol
Kigali

Search: Libani (85)

Abatalibani bashyizeho irindi tegeko rikomeye rihonyora uburenganzira bw’abagore

Aba Taliban bategetse ko abagore bo muri Afghanistan bashaka gufata ingendo za kure mu muhanda bazajya babyemererwa gusa mu gihe bazajya baraba baherekejwe n’abo mu muryango w’abo w’igitsinagabo....
27 December 2021 1606 0

Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]

Kuri uyu wa Kane ahitwa Abbey Gate ku kibuga cy’indege cya Kabul habereye iturika ry’igisasu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bituma abantu 90 bahasiga ubuzima, nk’uko bitangazwa Minisiteri y’ubuzima...
26 August 2021 1085 0

Isiraheli yishe n’umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah

Umutwe w’iterabwoba wa Hezbollah wemeje ko umuyobozi wawo Hussein Yazbek yiciwe mu gitero cy’indege cya Isiraheli mu majyepfo ya Libani.
4 January 2024 2352 0

Intasi yafashije ubwongereza guhangana n’Abataribani yasabye kutiturwa koherezwa mu Rwanda

Maneko yafashije ingabo z’u Bwongereza n’izindi zo mu muryango NATO zari mu bikorwa byo kurwanya Abatalibani muri Afghanistan mbere y’uko bafata ubutegetsi, irasaba gukurwa ku rutonde rw’abimukira...
15 August 2023 901 0

Abarwanyi 85 ba leta ya Kiyisilamu biciwe muri Siriya

Umutwe wihurije hamwe mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu uyobowe na Leta zunze ubumwe za Amerika, wamaze gutangaza ko wishe abarwanyi w’uwo mutwe bagera kuri 85. Uyu mutwe...
8 September 2017 441 0

Abakobwa muri Afuganistani ntibemewe kwiga Itangazamakuru

Abatalibani bakajije ingingo zikumira umwana w’umukobwa kwiga amashami atanga inyigisho zitandukanye muri kaminuza.
18 October 2022 379 0

Leta y’u Rwanda yemeye kwakira impunzi z’Abanya Afghanistan

Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata...
23 August 2021 1232 0

Sudani: Abasaga 40 bafatanywe ibiturika byinshi byasenya umujyi wose wa Khartoum

Abategetsi bo muri Sudani batangaje ko abantu 41 batawe muri yombi, nyuma yuko basanzwe bafite ibikoresho byinshi bishobora guturitsa Umujyi wa Khartoum, birimo ibisa nk’ibiherutse gusenya icyambu...
18 September 2020 860 0

Afghanistan: Joe Biden ati ’Dusoje vuba kurushaho, byarushaho kuba byiza’

Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko Amerika iri "ku muvuduko" wo kubahiriza itariki ntarengwa ya 31 y’uku kwezi kwa munani ngo ibe yarangije ibikorwa byo guhungisha, nubwo ibihugu by’inshuti zayo...
25 August 2021 661 0

Umugabo yatawe muri yombi azira kugurisha mu mayeri abagore 130

Ku wa kabiri, abatalibani bataye muri yombi umugabo ushinjwa kugurisha abagore benshi mu majyaruguru ya Afuganisitani nyuma yo kubabeshya ko bajyanwe gushyingiranwa n’abagabo bakize. Umuyobozi...
18 November 2021 1053 0

Liban: Hari gusuzumwa itegeko ryemerera abagabo gufata ku ngufu abagore

Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko mu gihugu cya Libani, bari gusuzuma itegeko riherutse gufatwa aho ryahaga uburenganzira busesuye abagabo bwo kudafungwa igihe cyose bafashe abagore ku ngufu....
8 December 2016 1623 0

Uburusiya bwashinje Perezida wa Afghanistan guhunga igihugu yujuje ibikapu n’indege amafaranga yibye...

Kuwa 16 Kanama 2021,Ambasade y’Uburusiya muri Afghanistan yatangaje ko uwari Perezida w’iki gihugu iAshraf Ghani,yahunze Abatalibani bari bamaze gufata igihugu asahuye Leta. Bwana Ashraf Ghani...
18 August 2021 1555 0

Afghanistan: Abagabo batateretse ubwanwa bagiye kujya birukanwa ku kazi

Abatalibani bayobora Afghanistan bateguje ko abagabo badatereka ubwanwa ngo bube burebure bazirukanwa ku kazi ka leta. Iri ni rimwe mu mategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’aba Talibani buyoboye...
29 March 2022 928 0

Afuganistani na Irani Birarebana Ayingwe

Kuri iki cyumweru, Ubutegetsi bwo muri Afuganistani n’igihugu cya Irani bituranye byatangaje ko habayeho guhangana by’akanya gato hagati y’ingabo z’ibihugu byombi zishinzwe kurinda...
28 May 2023 769 0

Hamenyekanye impamvu Isiraheli ikomeje gutinda kwinjira muri Gaza

Hashize iminsi, Isiraheli yerekana ko ingabo zayo ziteguye kujya muri Gaza hagamijwe gukuraho burundu Hamas nk’umutwe wa gisirikare, nyuma y’igitero yagabye mu majyepfo ya Isiraheli ku ya 7...
19 October 2023 5378 0

Afghanistan:Abakobwa bahorana agahinda ko gukurwa mu ishuri

Buri munsi mbyukana ikizere cyo gusubira ku ishuri". Gusa ubu hashize imyaka 2, kuburyo natangiye guta ikizere cyo kwiga
28 March 2023 691 0

Isiraheli- Hamas: Ibisasu bikomeye biri kwisuka kuri Khan Younes byakuyeho ikizere cy’agahenge

Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukuboza2023, ibitero bya Isiraheli n’imirwano ikaze byakomeje mu karere ka Gaza, mu gihe ku Cyumweru, Minisitiri w’Intebe muri Isiraheli Netanyahu Benjamin yahamagariye...
11 December 2023 961 0

Meya w’umujyi yategetse abapolisikazi kuzajya bambara utwenda tugufi [AMAFOTO]

Umuyobozi w’umujyi wa Brummana mu gihugu cya Liban, Pierre Achkar yashyizeho itegeko ry’uko abapolisikazi bacunga umutekano wo mu muhanda bagomba kuzajya bambara utwambaro tugufi cyane mu rwego rwo...
11 July 2018 2675 0

Kujyanwa mu Rwanda ’biruta gusubira mu rugo’-Abasaba ubuhungiro mu Bwongereza

Bamwe mu bari kigo cy’abasaba ubuhungiro mu bwongereza, babwiye The Times ko inzira zakoreshwa ngo babuhabwe zirimo no kubazana mu Rwanda ari nziza kuruta kuboherezwa mu bihugu byabo birimo...
7 September 2023 1302 0

Afghanistan: Umwiyahuzi yaturikirije igisasu mu bukwe gihitana abantu 63 abarenga 180 barakomereka

Igisasu cyaturikiye mu bukwe bwaberaga i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistani gihitana abantu 63 naho abarenga 180 barakomereka.
18 August 2019 841 0

Umugore wabanaga n’ubumuga yatunguye benshi kubera akayabo k’amafaranga yasaruye mu gusabiriza mbere y’uko...

Umugore wabanaga n’ubumuga ndetse atunzwe no gusabiriza witwa Fatima Othman w’imyaka 52 yatunguye benshi mu batuye isi ubwo yitabaga Imana polisi yareba ku makonti ye igasanga yari umu...
20 May 2018 4618 0

MTN irashinjwa gukorana n’imitwe igamije kuyogoza umutekano wa rubanda

Kompanyi nkuru ya Telefone ngendanwa muri Afurika, MTN irashinjwa ko yaba yarahaye imitwe y’iterabwoba igendera ku mahame akarishye ya Islam muri Afghanistani amafaranga yo kwifashisha mu bikorwa...
2 January 2020 5561 0

Umusore yashimuse umukunzi we ngo abone uko amwambika impeta [AMAFOTO]

Umusore utuye Sydney muri Australia yakoze agashya katunguye benshi ku isi ubwo yahimbaga amayeri ashimuta umukunzi we ubwo bari mu rugendo muri Libani,hanyuma aramutungura amuterera ivi nyamara...
14 April 2023 2800 0

Abakozi 2 ba Ambasade y’Uburusiya i Kabul baguye mu gitero yagabweho

Umutwe w’ibyihebe muri leta ya kisilam wigambye igitero cya bombe y’umwiyahuzi hafi y’amabasade y’Uburusiya mu murwa mu kuru wa Afuganistan,Kabul cyagabwe kuri uyu...
6 September 2022 465 0

Bombe Z’Abiyahuzi Zahitanye abantu 19 muri Afuganistani

Ibisasu bibiri bitandukanye byaturikijwe mu modokari zitwara abagenzi mu majyaruguru ya Afuganistani
29 April 2022 351 0

Ibyihebe byateze ibisasu bitatu muri stade yaberagamo umukino bihitana ubuzima bwa benshi

Ibyihebe byateze ibisasu 3 muri stade ya Cricket yitwa Jalalabad stadium yo muri Afghanistan,bihitana abantu 8,abarenga 45 barakomereka mu buryo bukomeye.
20 May 2018 2263 0

U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]

Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru...
18 October 2023 9161 0

Abantu 3 bishwe n’umwiyahuzi i Kabul

Polisi mu gihugu cya Afghanistani iratangaza ko igitero cy’umwiyahuzi ku marembo y’ikibuga cya Cricket cyahitanye abantu batatu gikomeretsa abandi batanu mu murwa mukuru Kabul. Umuvugizi wa...
13 September 2017 170 0

Tariki ya 30 Nyakanga ni umunsi w’Ubushuti, reba ibyaranze uyu munsi mu mateka

Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. 1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
30 July 2017 956 0

Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara

Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka. 1295:...
5 July 2017 555 0
0 | 30 | 60