Umuhanzi,utunganya indirimbo akaba n’umu DJ witwa Khaled Mohamed Khaled uzwi nka DJ Khaled, yibasiriwe na benshi mu byamamare bamuhora ko yavuze ko we atazigera na rimwe akora imibonano...
Myugariro w’ikipe ya Liverpool yatangaje ko Sergio Ramos ari myugariro wa mbere ku isi bibabaza benshi mu bafana ba Liverpool banga uyu munya Espagne kubera ukuntu yavunye Mohamed Salah ku mukino...
Hakunze gukorwa intonde z’ibintu bitandukanye hagamijwe kureba uko bihagaze mu gihe runaka n’abantu badasigaye mu kugaragaza uko bahagaze mu bintu runaka. Abahanzi/abakinnyi binjiza agatubutse...
Umunyamakuru Jamal Khashoggi wandikiraga ikinyamakuru The Washington Post cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abategetsi ba Turukiya bemejwe ko yishwe.
Abakinnyi ba Hilal SC El Obeid yo muri Sudani bitegura umukino wo kwishyura na Mukura VS, bageze i Kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, bafatwa n’amasaha y’isengesho mu idini ya Islam biba...
Minisitiri w’ingabo wa Sudani, Lieutenant-General Awad Mohamed Ahmed Ibn Auf, amaze gutangariza isi yose binyuze kuri TV ya Leta ko igisirikare cya Sudan cyakuye ku buregetsi Omar al Beshir...
Abafana ba Liverpool bacitse ururondogoro kubera ko ishaka gusinyisha myugariro wa Real Madrid usanzwe ari na kapiteni wayo Sergio Ramos uherutse kuvuna urutugu Mohamed Salah ku mukino wa nyuma...
Kapiteni wa APR FC,Manzi Thierry yatangaje ko abatoza bashya ba APR FC barimo umutoza mukuru Mohammed Adil Erradi ndetse n’Umwunguruje Bekraoui Nabyl n’uw’abanyezamu Mugabo Alex babasabye guharanira...
Nyuma yo kubona ubutumwa bw’umuvugizi wa APR FC ndetse n’amagambo akomeye yavuzwe n’umutoza we Mohamed Adil Erradi,rutahizamu Sugira Ernest yasabye imbabazi ubuyobozi bw’iyi kipe ye yamubwiye ko...
Myugariro Niyomugabo Claude yeretse umutoza wa APR FC,Adil Mohamed ko ari umukinnyi ukomeye ukwiriye gushakirwa umwanya uhoraho mu kibuga,kuko yitwaye neza cyane mu mukino batsinzemo Espoir FC...
Umutoza wa APR FC, Umunya-Maroc Adil Erradi Mohamed, yavuze ko ashobora gukina umukino wa Rayon Sports uzaba ku wa Gatandatu utaha, adafite abakinnyi babiri agenderaho, Manzi Thierry na Niyonzima...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed,yabwiye abanyamakuru ko kubeshya ko abakinnyi be bakomeye bavunitse kugira ngo yice Rayon Sports mu mutwe byari ibanga ry’umukino ndetse aboneraho kwemeza ko gukina...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Byiringiro Lague yatangaje ko umutoza wabo Adil Mohamed yaremye urukundo rudasanzwe mu ikipe ndetse ngo hari n’igihe yabaguriye inkweto zo...
Sheikh Mohammed Mutumba, usanzwe ari Imam w;umusigiti wa Kyampisi Masigid Noor yatumye benshi baseka baratembagara nyuma yo gushaka umugore yamugeza mu rugo agasanga n’umugabo wiyoberanyije yigira...
Mohammed Adil Erradi, umutoza mukuru w’ikipe ya APR FC yemeza ko ari we n’ubuyobozi bw’ikipe nta n’umwe wabashije kwirukana rutahizamu Sugira Ernest ahubwo ko we yasezerewe...
Abayobozi ba Islam mu gace ka Kyampisi bafatiye ibihano Sheikh Mohammed Mutumba, wari usanzwe ari Imam w’umusigiti wa Kyampisi Masigid Noor uherutse gukora agashya ko gushaka umugore yamugeza mu...
Umutwe w’iterabwoba wiyise leta ya Islam [Islamic state] wamaze gushyiraho umuyobozi mushya witwa Amir Mohammed Abdul Rahman al-Mawli al-Salbi nawe uhigwa bukware na...
Umuyobozi w’Abayisilamu muri Uganda Sheikh Mohammed Mutumba, wayoboraga umusigiti Kyampisi Masjid Noor wari aherurse gushyingiranwa n’undi mugabo atabazi afungiwe muri Gereza ya Ntenjeru ku bw’iki...
Perezida wa Iraq Barham Salih Barham Salih yashyizeho minisitiri w’intebe mushya, Mohammed Allawi, abadashyigikiye Guverinoma baramwanga, biroha mu mihanda ya Baghdad no mu zindi ntara basaba ko...
Umutoza mukuru w’ikipe ya APR FC, Mohammed Adil Erradi yishimiye cyane imyitwarire ya ruatahizamu we Byiringiro Rague aho avuga ko ari umukinnyi ugenda akura umunsi ku munsi yaba mu mutwe ndetse...
Iran yemeza ko Israel ndetse n’umutwe utavuga rumwe na leta ukorera mu buhungiro bakoresheje ’remote control’ mu kwica bategereye Mohsen Fakhrizadeh wari umuhanga wo hejuru wa Iran mu bumenyi bwa...
On Sunday, Liverpool and Manchester United played to a goalless draw in a top-of-table clash in the Premier League. This Sunday, Mohamed Salah and Marcus Rashford clubs meet again in Manchester...
Umugabo witwa Mohammed Ibrahim Battah ukomoka mu Misiri usanzwe akora akazi ko gusiga amarangi biravugwa ko amaze kugira abantu benshi bamukunze muri icyo gihugu ndetse no ku mbuga nkoranyambaga...