Ikipe ya Gaadiidka FC yo muri Somalia yandikiye FERWAFA iyisaba Kwakirira APR Fc i Kigali mu mukino w’ijonjora ryibanze ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions...
Muri iyi minsi mu mupira w’amaguru hari kuvugwa akayabo k’amafaranga ari gutangwa n’amakipe yo muri Saudi Arabia ashaka abakinnyi bafite amazina azwi i Burayi
Amakuru aravuga ko umutoza w’Umunya-Tunisia, Zelfani Yamen utoza Rayon Sports yanze umwungiriza yahawe n’ikipe, Rwaka Claude aho yavuze ko nta kintu amufasha.
Amerika ivuga ko ishima umuhate w’ibihugu byo mu muryango w’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO/ECOWAS) wo kureba inzira zose zishoboka zo gucyemura mu mahoro ihirikwa ry’ubutegetsi muri...
Perezida wa Niger "afite akanyamuneza" nubwo afunze mu buryo "bugoye" n’agatsiko ka gisirikare kamuhiritse, nkuko bivugwa na muganga we nyuma yuko amusuye.
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC, aremeza ko mu mwaka w’2018 muri iki gihugu habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwari bugiye kujyayo...
Itsinda ry’abasirikare bayoboye Niger nyuma ya Coup d’État yabaye muri iki gihugu mu kwezi gushize, ryatangaje ko ryamaze guha amasaha 48 Ambasaderi w’u Bufaransa i Niamey nka nyirantarengwa yo kuba...
Umutwe wa gisirikare muri Soudana RSF uhanganye n’ingabo z’igihugu kuva mu mezi 4 ashize, watangiye gutekereza uburyo wahagarika imirwano imaze kuyogoza igihugu cyabo no gushyira mu kaga ubuzima...
Muri Sudani, imirwano irakomeje hagati y’ n’igisirikare cya Sudani n’abarwanyi bo mu mutwe wa ‘Forces de Soutien Rapide (FSR)’ uvuga ko uharanira impinduka.
Imirambo yakuwe mu mwuzure wakumunzuye ibice bimwe by’umujyi uri ku cyambu (ikivuko mu Kirundi) wa Derna mu burasirazuba bwa Libya, yashyinguwe mu mva rusange, mu gihe umubare w’abapfuye wamaze...
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije igitego 1-1 na Al Hilal Benghazi yari yayakiriye kuri Kigali Pele Stadium,biyiha amahirwe mu wo kwishyura izakira kuwa 30 Nzeri...