Amakuru agera ku Umuryango n’uko ,mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2019, Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) yari irangajwe imbere na perezida Aimable...
Icyamamare mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya Ineos yahoze yitwa SKY,yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yigaga umuhanda yagombaga gucamo mu gusiganwa umuntu ku...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
Mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo Umugore witwa Uwineza Chantal yavuye mu rugo yatyaje icyuma ageze aho umugabo akanikira amagare na moto arakimutera Imana ikinga...
Ikipe y’Igihugu ya Eritrea yo gusiganwa ku magare yamaze gutangaza ko itazitabira Tour du Rwanda y’uyu mwaka kubera ibibazo by’ubukene ifite,bitungur benshi mu bakunzi bayo bayikundaga...
Umusore Mugisha Samuel ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya kabiri ya Dimension Data yaraye yeretse igihandure bagenzi be bahatanaga ku mwambaro wo kuzamuka imisozi mu irushanwa rya...
Girubuntu Jeanne d’Arc uherutse gutangaza ko asezeye ku mukino wo gusiganwa ku magare,yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka ubwo yarimo afasha imyitozo abandi bakinnyi ba Les Amis Sportifs y’i...
• Minisitiri Uwacu Julienne yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare izahagararira u Rwanda.
• Minisitiri Uwacu yababwiye ko bagomba kwibuka ko bahagarariye u Rwanda bityo bagomba...
Hasigaye iminsi 22 kugira ngo Tour du Rwanda 2017 itangire,benshi mu bakunzi b’umukino w’amagare bategerezanyije amatsiko menshi iri rushanwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda aho rigiye kuba ku...
Umunyarwanda Mugisha Samuel ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka y’abatarengeje imyaka 23 yishimiye guhura n’igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare...
Umunya Eritrea,Henok Mulueberhane ari kuvugwa mu mikino kubera kwegukana irushanwa rya Tour du Rwanda 2023.
Henok Mulueberhane yabwiye INYARWANDA.COM nyuma y’iri rushanwa ko yigeze kugira...
Umukinnyi w’icyamamare mu gusiganwa ku magare Samuel Mugisha biravugwa ko yaba yamaze gutorokera muri USA.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo Samuel yageze muri Amerika ku butumire bw’ikipe ye ya...
Umukinnyi wari mu bakomeye mu gusiganwa ku magare muri Kenya no muri Afurika, Suleiman Kangangi yitabye Imana azize impanuka mu isiganwa yarimo muri Amerika.
Uyu mukinnyi yakoreye impanuka mu...
Umunya Denmark,Jonas Vingegaard yegukanye Tour de France 2022 nyuma yo kurangiza uduce 21 ariwe umaze gukoresha igihe gito cyane kurusha abandi ku ntera ya kilometero 3.353 zakinwe.
Nyuma...
Umusaza witwa Emmanuel Mayaka wamenyekanye i Kigali (mu Biryogo) mu kwerekana sinema n’imikino y’i Burayi ndetse akaba yarashinze Ikipe y’Amagare ya Cine ElMay , yitabye Imana ku wa Gatanu azize...
Ku wa Gatatu, tariki ya 5 Gicurasi 2021, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri...
Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya SKY yo mu Bwongereza, yatahuweho ko yakoresheje imiti yongera imbaraga mu irushanwa rya La Vuelta a Espana...
• Tour du Rwanda yafashije abakinnyi batandukanye kugera ku rwego mpuzamahanga
• Kuva yaba mpuzamahanga mu mwaka 2009 yafashije abakinnyi batandukanye gukina amarushanwa akomeye arimo na Tour de...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 Igipolisi mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko hari umuntu cyataye muri yombi igihe cyari gitabajwe...
Nyuma y’umwaka yari amaze adakina,uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’igihugu Hadi Janvier yatangaje ko iki gihe cyose yari amaze adakina yakumburaga guhatana ndetse no gusohoka mu gikundi aho yavuze ko...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare Peter Sagan ukinira ikipe ya Bora Hansgrohe yo mu budage yirukanwe mu irushanwa rya Tour de France nyuma yo guteza impanuka ubwo abasiganwa...
Nyuma y’aho bikomeje kuvugwa ko bamwe mu banyonzi b’amagare n’abamotari bo mu mujyi wa Musanze bagaragaraho isuku nke, kandi ngo bikaba ari ibintu bikomeje guhesha isura mbi uyu mujyi, ubuyobozi...