Umuhanzi Ingabire Deborah uzwi nka Marina yasabye imbabazi asubira muri The Mane Music Label, nkuko umuyobozi wayo Bad Rama yamaze kubitangaza mu butumwa yageneye...
Umuhanzikazi Marina wo muri Label ya The Main yasabye abakobwa bagenzi be bashaka kwinjira muri muzika ko bagenda gacye kuko ngo byatuma batakaza abafana.
Ikibatsi cy’urukundo cyadutse hagati y’abahanzi @yvanmuziki ukorera umuziki we mu mahanga na @marinadeborah_official ubarizwa muri The Mane Music gikomeje kuvugisha...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 28 Gashyantare Rwarutabura uzwi mu bafana bakomeye ba Rayon Sports, bari bamukuyemo iyo kotsa yihaye kujya kubyinisha Marina.
Hari mu gitaramo cyahuje...
Umugore witwa Marina Balmasheva w’imyaka 35 y’amavuko, yatandukanye n’umugabo we mbere yo gutangira umubano n’umuhungu we w’imyaka 20 yari abereye muka se, kuri ubu bakaba baramaze gushyingiranwa aho...
Mu gihe hari abakeka ko impamvu nyamukuru ituma Marina atambara amajipo magufi ari amaribori menshi afite ku bibero bye we siko yabitangaje ahubwo yeruye indi mpamvu.
Umuhanzikazi Marina...
Indirimbo ‘Intare batinya’ yahibwe na Kamaliza nyuma igasubirwamo n’abahanzi aribo Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu kuri shene ya YouTube nyuma y’igitutu cy’abafana babasabaga guhindura...
Hashize Iminsi hacicikana amafoto y’ubukwe agaragaza Marina na Yvan Muziki bikavugwa ko baba barakoze ubukwe mu ibanga rikomeye, ku makuru Umuryango ufite nuko nta bwigeze bubaho ahubwo byari...
Marina aribaza niba kwambara umuco nyarwanda ari ukwambara amakoma.
Taliki ya 24 mu gitaramo cyabereye kuri Camp Kigali umuhanzi Marina ubarizwa muri The Mane Label yaje yambaye imyenda icitse...
Bad Rama yavuze ko yatunguwe no kubyumva ndetse ko byamubabaje aboneraho kubwira abantu bose ko atakora ikosa ryo gukundana n’abakobwa afasha muri The Mane kuko bose bahujwe...
Umuririmbyi Safi Niyibikora wamamaye nka Madiba we n’abo bakorana mu inzu itunganyamuzika ya The Mane aherutse gusinyamo imyaka itatu, barabarizwa mu gihugu cya Uganda mu ifatwa ry’amashusho...
Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 24 Mutarama 2021 nibwo abahanzi Marina ndetse na Social Mula bari ku kiganiro THE CHOICE gica ku ISIBO TV aho bari bajyanye indirimbo yabo nshya bise «...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli ukomeye.
Shalifah Uwimbabazi, umugore...
Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu...