skol
Kigali

Search: Marina (161)

Amafoto y’ibyamamare byitabiriye igitaramo cya Marina cyo kwizihiza umunsi w’Irayidi(AMAFOTO)

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda wamamaye nka Marina nyuma y’iminsi atagaragara ku rubyiniro yakoze igitaramo cyo kwizihiza umunsi w’Ilayidi ku ba Isilamu cyitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye...
3 May 2022 1423 0

Marina yasubiye muri The Mane yaherukaga gusezeramo

Umuhanzi Ingabire Deborah uzwi nka Marina yasabye imbabazi asubira muri The Mane Music Label, nkuko umuyobozi wayo Bad Rama yamaze kubitangaza mu butumwa yageneye...
31 May 2021 771 0

Umuhanzikazi Marina yasabye abakobwa bashaka kwinjira muri Muzika Nyarwanda kubireka

Umuhanzikazi Marina wo muri Label ya The Main yasabye abakobwa bagenzi be bashaka kwinjira muri muzika ko bagenda gacye kuko ngo byatuma batakaza abafana.
28 September 2019 5101 0

Marina ahangayikishijwe no kuba yarakunze umusore urudashoboka

Umuhanzikazi Marina atangaza ko nyuma yo gukunda umusore ariko akabona ko yarakunze urudashoboka, kuri ubu ngo yamaze kumwikuramo akomeza ubuzima busanzwe.
8 October 2018 3752 0

Marina yisubiyeho ku cyemezo yari yarafashe cyo kureka gukora indirimbo z’amashusho

Marina yavuze ko yabitewe n’igitutu cy’abafana aricyo cyatumye ava ku izima agakora amashusho y’indirimbo ye ‘Log Out’.
3 November 2018 498 0

Marina ngo yababajwe no kubona Safi yarahagaritse kumukurira kuri instagram

Marina ngo yababajwe na Safi mu cyumweru gishize wasanze yaramukuye ku bantu akurikira ku rubuga rwa Instagram agasigazaho umuntu umwe gusa.
7 November 2018 1421 0

Ikibatsi cy’urukundo hagati ya Yvan Muziki na Marina gikomeje kuvugisha benshi

Ikibatsi cy’urukundo cyadutse hagati y’abahanzi @yvanmuziki ukorera umuziki we mu mahanga na @marinadeborah_official ubarizwa muri The Mane Music gikomeje kuvugisha...
30 August 2022 1368 0

Nyiri The Mane Label ibamo Safi,Marina,QuenCha na Jay Polly ari mu rukundo n’umuzungukazi w’umukecuru[AMAFOTO]

Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
22 April 2019 9647 0

Umufana ukomeye wa Rayon Sports Rwarutabura bari bamukuyeho iyo kotsa ubwo yageragezaga kubyinisha...

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 28 Gashyantare Rwarutabura uzwi mu bafana bakomeye ba Rayon Sports, bari bamukuyemo iyo kotsa yihaye kujya kubyinisha Marina. Hari mu gitaramo cyahuje...
1 March 2019 12865 0

Marina yagize icyo avuga ku kuba ataritabiriye igitaramo cyo gufasha Papa Shafi urembeye muri CHUK

Marina yavuze ko igitaramo cyo gufasha Papa Shafi cyahuriranye nicyo yari yakoreye I Nyamagabe.
27 November 2018 1077 0

Umugore yatandukanye n’umugabo we ashakana n’umuhungu we[AMAFOTO]

Umugore witwa Marina Balmasheva w’imyaka 35 y’amavuko, yatandukanye n’umugabo we mbere yo gutangira umubano n’umuhungu we w’imyaka 20 yari abereye muka se, kuri ubu bakaba baramaze gushyingiranwa aho...
16 July 2020 3005 0

Reba ifoto ya Marina yakoreye ikimenyetso ku gitsina cye yatumye bamwe mu bafana be b’igitsina gabo...

Ifoto umuhanzikazi Nyarwanda Marina aherutse gushyira hanze ikomeje gushotora igitsina gabo mu buryo budasanzwe,bitewe n’uburyo yifotojemo budasanzwe ndeste yakoze no ku gitsina cye maze bituma...
8 September 2017 23247 0

Marina ntiyemera ko amaribori ariyo amubuza kwambara amajipo magufi

Mu gihe hari abakeka ko impamvu nyamukuru ituma Marina atambara amajipo magufi ari amaribori menshi afite ku bibero bye we siko yabitangaje ahubwo yeruye indi mpamvu. Umuhanzikazi Marina...
26 March 2018 586 0

Ya ndirimbo ya Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu

Indirimbo ‘Intare batinya’ yahibwe na Kamaliza nyuma igasubirwamo n’abahanzi aribo Yvan Muziki na Marina yasibwe burundu kuri shene ya YouTube nyuma y’igitutu cy’abafana babasabaga guhindura...
13 May 2023 1385 0

Hamenyekanye ukuri kose k’ubukwe bwa Marina na Yvan Muziki bwavugishije benshi

Hashize Iminsi hacicikana amafoto y’ubukwe agaragaza Marina na Yvan Muziki bikavugwa ko baba barakoze ubukwe mu ibanga rikomeye, ku makuru Umuryango ufite nuko nta bwigeze bubaho ahubwo byari...
15 October 2021 2674 0

Marina arabaza abakomeje gutangarira imyenda ye niba azambara amakoma

Marina aribaza niba kwambara umuco nyarwanda ari ukwambara amakoma. Taliki ya 24 mu gitaramo cyabereye kuri Camp Kigali umuhanzi Marina ubarizwa muri The Mane Label yaje yambaye imyenda icitse...
30 March 2018 3325 0

Mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Marina na Harmonize byari udushya

Mu ifatwa ry’amashusho y’ indirimbo ya Marina yahuriyemo na Harmonise hagaragayemo imyambarire idasanzwe ndetse n’imodoka ifite ibara rya zahabu. Umuhanzikazi Marina yafashe yashyize hanze amwe mu...
31 March 2018 1776 0

Yasabiwe gusibwa! Indirimbo “Intare batinya” yasubiwemo na Marina arikumwe Yvan Muziki yamaganiwe kure

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kwamaganira kure indirimbo ’Intare batinya’ yasubiwemo n’abahanzi Yvan Muziki na Marina, babashinja gukoresha amashusho y’Umukuru w’Igihugu mu ndirimbo...
11 May 2023 3888 0

Umuhanzikazi Nyarwanda Marina uherutse no kuvugwaho urukundo rwihariye na The Ben yashyize hanze indirimbo...

Umuhanzikazi Nyarwanda uzwi uri kuzamuka ufite ubuhanga budasanzwe bwo kuririmba ku buryo abenshi banamugereranya na Priscillah nyuma yuko ashyize hanze indirimbo yitwa Byarara Bibaye ikanakundwa...
14 June 2017 2963 0

Safi ,Queen Cha na Marina bakomeje imitima y’ Abanyarwanda

Abahanzi babarizwa mu itsinda rya Tha Mana aribo Safi Madiba ,Marina ndetse na Queen Cha bahumurije abanyarwanda babuze ababo muri Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Babinyujije kuri...
9 April 2018 1106 0

Bad Rama yagize icyo avuga ku makuru yamuvuzweho ko aryamana na Queen Cha ndetse na Marina

Bad Rama yavuze ko yatunguwe no kubyumva ndetse ko byamubabaje aboneraho kubwira abantu bose ko atakora ikosa ryo gukundana n’abakobwa afasha muri The Mane kuko bose bahujwe...
16 July 2018 2299 0

Umugore w’umusirikare yagurishije umwana we abeshya umugabo ko yapfuye ari kuvuka

Umusirikare w’umunyamerika witwa Sgt Steven Garcia, w’imyaka 24 yabeshywe n’umugore we witwa Marina Garcia w’imyaka 31 ko yabyaye umwana agapfa kandi yaramugurishije inshuti ze zituye mu muri...
18 May 2018 2010 0

Umunyamideli yatangaje ko agiye gukorera ubugome bukomeye umukinnyi Mubarak Wakaso wamuteye inda akamwihakana

Umunyamideli witwa Marina Mason uzwi mu mujyi wa Paris nka Michousb yashinje umukinnyi Mubarak Wakaso uzwi cyane muri Ghana ukinira Deportivo Alavés kumusambanya akamutera inda,yarangiza...
14 January 2019 3298 0

Safi yahinduye inyogosho ashyiraho amaderedi (Amafoto)

Umuririmbyi Safi Niyibikora wamamaye nka Madiba we n’abo bakorana mu inzu itunganyamuzika ya The Mane aherutse gusinyamo imyaka itatu, barabarizwa mu gihugu cya Uganda mu ifatwa ry’amashusho...
9 December 2017 2606 0

Umugore yahisemo gutandukana n’umugabo we amusimbuza umwana abereye mukase

Umugore witwa Marina Balmasheva w’Umurusiyakazi yatandukanye n’umugabo we nyuma yo guhitamo kujya aryamana n’umwana abereye mukase(Umuhungu w’uwo mugabo).
3 April 2023 1072 0

Social Mula yikomye Bruce Melodie wamwiyemeyeho

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 24 Mutarama 2021 nibwo abahanzi Marina ndetse na Social Mula bari ku kiganiro THE CHOICE gica ku ISIBO TV aho bari bajyanye indirimbo yabo nshya bise «...
25 January 2021 3972 0

Jay Polly yavuze ku myambarire y’umugore we ikunze kurangaza abamureba-AMAFOTO

Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli ukomeye. Shalifah Uwimbabazi, umugore...
23 August 2017 10327 0

Safi yatangaje izina ry’indirimbo yakoranye na Meddy n’igihe izasohokera

Umuririmbyi Niyibikora Safi wamamaye nka Madiba uherutse kwipakurura itsinda rya Urban Boys,yamaze gutangaza amazina y’indirimbo nshya yakoze ndetse n’igihe igomba kugira hanze. Iminsi 8 iruzuye...
11 November 2017 1353 0

Abahanzi bagize The Mane bagiye guhurira mu gitaramo gikomeye i Kigali

Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu...
31 July 2018 769 0

Kizito Mihigo yatangaje bamwe mu bahanzi nyarwanda yamenye akigera hanze atari azi

Kizito Mihigo umaze iminsi ahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ,yatangaje ko nyuma yuko avuye muri gereza yamenye abahanzi barimo Marina ,Buravan ndetse ndetse n’indirimbo yitwa...
2 October 2018 3892 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150