Chris wanyuze mu itsinda rya Just Family riherutse gusenyuka burundu, yakoreye ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arushinga n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana...
Abahanzi nyarwanda bari bahagarariye u Rwanda muri AFRIMA Awards 2021, batahiye amara masa Shanah Manjeru yaciye agahigo ko kwegukana ibihembo bya AFRIMA ari muto ku myaka ye 13...
Ku munsi w’ejo tariki ya 18 Ukwakira 2021 mu masaha y’umugoroba , nibwo Umuhanzi The Ben yateye intabwe ikomeye asaba umukunzi we Uwicyeza Pamella kuzamubera umugore, Ni inkuru yacicikanye hirya no...
Umuhanzi Meddy uhagaze neza mu muziki we, yatangaje ko yakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza, ahishurira abakunzi be ko yamaze kumuhindurira ubuzima ndetse ubu yishimira uko abayeho mu gakiza....
Luckyman ukora muri RBA, kuri iki Cyumweru yavuze ko yumva abahanzi bose baba hanze y’u Rwanda bagaruka bagakorera umuziki wabo mu gihugu, kuko byazamura umuziki Nyarwanda ku rwego...
Indirimbo Adi Top kuri ubu imaze ukwezi kumwe isohotse yaciye agahig ko kuba imaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni ku rubuga rwa Youtube rushyirwaho amashusho...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Umuririmbyi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye nka Meddy muri muzika nyarwanda yamaze kuva mu Rwanda yerekeza muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho akorera ibitaramo bitandukanye akaniga amasomo...
Kuri uyu wa 30 Nzeri abahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda,Meddy na n’umuraperi Riderman bataramiye mu Karere ka Nyamashake. Ni muri Gahunga ya Airtel Muzika ihuriza hamwe abahanzi n’abafana...
Ngabo Medard yashyize amashusho kuri instagram arimo gucurangirwa na Mama we nk’ impano yamugeneye ku munsi w’ abagore .
Taliki ya 08 Werurwe nibwo ku isi hizihizwa umunsi mukuru w’ abagore aho...
Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
Dusingizimana Fisto uzwi ku mazina y’ubuhanzi ya King Fiston umuhanzi nyarwanda uri gukorera umuziki we mu gihugu cya Malawi aho ari kwiga yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yaryoheye uwayumvise...
Dream Boys bavuze ko badashobora kujyenda ngo bahereyo kuko bagifite byinshi byo gukora mu Rwanda kandi hari amahirwe menshi yo gukora ku rubyiruko bityo ko batazatindayo ahubwo bashobora...
Kuri ubu ibyamamare nyarwanda biyoboye ku rukuta rwa instagram harimo ,Meddy ,The Ben ,Shaddy Boo , Miss Mutesi Jolly , Kate Bashabe ndetse na Butera Knowless...
Ibyamamare bitandukanye byarase ubwiza Miss Naomie ku isabukuru ye y’amavugo nawe avuga ko yishimiye urukundo yagaragarijwe cyae ko mu bamuhaga ubutumwa bose bamwibutsaga ko...
Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Kuri ubu ibyamamare nyarwanda biyoboye ku rukuta rwa instagram harimo ,Meddy ,The Ben ,Shaddy Boo , Miss Mutesi Jolly , Kate Bashabe ndetse na Butera Knowless...