Mu gihe kitageze ku masaha 24 abantu bagera kuri 29 bishwe barashwe n’abantu bitwaje imbunda babasanze aho bateraniye mu mujyi wa El Paso muri Texas no mu wa Dayton muri Leta ya...
Umusore w’Umwongereza witwa Jack Heslewood yatowe nk’umusore mwiza ku Isi mu marushanwa ya Mr World mu muhango wabereye muri The Smart Araneta Coliseum.
Meghan Markle wahoze ari umukinnyi wa filimi ukomeye muri USA akabivamo ubwo yashyingiranwaga n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry yavuze ko atazongera guhura ukundi na se ndetse ngo ntazigera...
Abagore b’aba rutahizamu bazwi cyane mu Bwongereza barimo Rebekah Vardy wa Jamie Vardy na Coleen Rooney wa Wayne Rooney bari mu ntambara y’amagambo ku mbuga nkoranyambaga bapfa amazimwe bivugw ko...
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan wahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2019, ntiyabonetse mu bakobwa 40 bagize amahirwe yo kwitwara neza mu cyiciro kizwi nka “top...
Zozibini Tunzi wo muri Afurika y’Epfo niwe watorewe kuba Miss Universe 2019 mu marushanwa yaberaga i Atlanta muri Amerika mu ijoro ryaho ryo ku cyumweru.
Umunya Jamaica Toni-Ann Singh niwe wegukanye ikamba rya Miss World 2019 ahigitse bagenzi be bari bamaze iminsi bahatana mu mujyi wa London mu Bwongereza hanabereye ibirori bya...
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan witabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2019, ntiyabashije kwegukana iri Kamba nyuma y’uko ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu taliki ya 14 Ukuboza 2019, aribwo...
Umutoza wa Rayon Sports,Javier Martinez Espinoza yongeye kugaragariza abakunzi ba Rayon Sports ko umukinnyi w’umuhanga Kakhule Mugheni atari muri gahunda ze,kuko yamukuye mu rutonde rw’abakinnyi 18...
Papa wa Meghan Markle batabyumva kimwe witwa Thomas Markle yavuze ko ntako atagize ngo arere uyu mukobwa neza ariko imyitwarire ye mibi yatumye agira agasuzuguro gakabije kamuteye kuvana I Bwami...
Icyorezo cya Coronavirus ntabwo cyagize uruhare gusa mu guhagarika imikino hirya no hino ku isi harimo no mu Rwanda, ahubwo cyagize uruhare no ku bakinnyi ba ruhago, abatoza ndetse n’abayobozi...
Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko azasinya itegeko rihagarika by’agateganyo kwimukira muri Amerika kubera icyorezo cya...
Uyu munsi tariki ya 22 Kamena 2020,ubaye uwa mbere ubonetseho abantu benshi banduye Coronavirus kuva yagera mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020, aho habonetse abantu 59. Abamaze kwandura iyi ndwara...
Thierry Henry, umutoza w’ikipe ya Montreal Impact akaba n’icyamamare mu mupira, yapfukimishije ivi rimwe n’akaboko hejuru mu gihe cy’iminota 8:46 mbere y’umukino wo gusubukura shampiyona ya Major...
Leta ya Kenya yaraye yongereye Tanzania ku rutonde rw’ibihugu abagenzi babivuyemo basonewe kudashyirwa mu kato k’itegeko mu kwirinda ubwandu bwa coronavirus mu gihe bageze muri...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Kuvuga ko yari anogeye ijisho kumureba arimo akina, ntabwo bisobanura neza uko yakinaga.Diego Maradona yari intyoza mu mupira w’amaguru, akaba n’umuntu utavugwaho rumwe hanze...
Umusifuzi wo muri Tunisia wasifuye umukino Ubwongereza butazibagirwa bwatsinzwemo na Argentina mu gikombe cy’isi cyo mu 1986, avuga ko "atewe ishema n’icyubahiro" kuba yarafashije Diego Maradona...