Ibisasu bya misile by’Uburusiya biterwa mu ntera ndende byishe abantu batatu mu mujyi wa Dnipro uri rwagati muri Ukraine ubwo byakubitaga ku ruganda rw’ibyogajuru no ku muhanda uri hafi aho, nkuko...
Leta zunze Ubumwe z’ Amerika zatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017, Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye kugerageza igisasu cyo mu bwoko bwa misile iryo gerageza...
Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere, kuri uyu wa kabiri cyatangaje ko cyashenye utudege tutagira abapirote( drone) 29 na misile zirasa kure Uburusiya bwakoresheje mu bitero bwakoze mu...
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko...
Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku isi yateranye byihutirwa kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukwakira 2021,kugira ngo yige ku kibazo cy’ibisasu bya misile bishya bya Koreya ya Ruguru....
Kuri uyu wa 26 kanama 2017 igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bya misile bitatu.
Abategetsi muri Koreya y’Epfo batangaje ko ibi bisasu...
Abayobozi bo mu burengerazuba bw’isi baravuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko habayeho kwibeshya ku ndege, misile ya Iran ariyo yarashe igahanura indege y’abagenzi mu kirere cya...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika.
Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri, mu gitero cy’indege ntoya itarimo umupilote (drone), nkuko byemejwe na Perezida Joe Biden.
Yishwe ku cyumweru mu gitero...
Umukuru w’igisirikare cya Ukraine yavuze ko Uburusiya bwarashe ibisasu 36 bya misile zo mu bwoko bwa ’cruise missile’ mu masaha ya kare yo kuri uyu wa kane, nyuma y’umunsi umwe ibipurizo bitandatu...
Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Turdeau yatangaje ko Leta ya Canada igiye kurega Iran nyuma y’uko ibimenyetso bigaragaje ko indege ya Ukraine yahanuwe n’ibisasu bya misile byarashwe na Iran...
Umwuka mubi ushobora kubyara intambara hagati ya Iran na Leta zunze ubumwe za Amerika ukomeje gututumba aho iki gihugu cya Iran cyatangaje ko Amerika niramuka ibamisheho ibisasu barahita berekeza...
Ibiro ntaramakuru, AFP byatangaje ko hari raporo ya ONU ikigizwe ibanga ivuga ko igisirikare cy’u Rwanda cyateye igisasu cya misile mu burasirazuba bwa...
Ukraine ivuga ko igitero cya misile cyo ku wa gatanu ku biro bikuru by’amato y’intambara y’Uburusiya mu nyanja y’umukara ku mwigimbakirwa wa Crimea cyari cyabariwe guhurirana n’inama y’abategetsi...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 12 Gashyantare 2017, Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyongeye kugerageza igisasu cya kirimbuzi cyo mu bwoko bwa Mesile. Iki gisasu Koreya ya Ruguru yakirashe...