Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yatangaje ko yamaze kunoza no gutunga album nshya yise ‘Intashyo’ agomba kumurika tariki ya 10 Ukuboza 2017.
Ibi...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Uyu munsi ni ku wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017, ni umunsi wa 202 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 163 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea Ngol’o Kante yatangaje ko umusore Alexandre Lacazette uherutse kugurwa n’ikipe ya Arsenal abona ari rutahizamu ukomeye ndetse anashimangira ko kugura uyu...
Tariki ya 18 nyakanga umunsi ingabo za FPR Inkotanyi zafashe umujyi wa Gisenyi, ukaba n’umunsi wizihizwaho ubutwari bwa Mandela. Turi tariki ya 18 Nyakanga, ni umunsi w’ 199 mu minsi 365 igize uyu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Itsinda rya Urban Boys rigizwe na Safi Madiba, Nizzo Kaboss ndetse na Humble Jizzo bamaze gushyira hanze indirimbo bise ‘Mama’ iri no gutunganyirizwa amashusho kuburyo mu minsi ya vuba aba yagiye...
Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza...
Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze...
. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
Masamba Intore yabwiye abatuye mu mijyi ya Dallas na Texas ko atazaboneka mu gitaramo yagomba kuzaririmbamo bitewe n’uko ari umwe mu bahanzi batoranyijwe bagomba guherekeza Perezida Kagame mu...
Mu kanya gashize nibwo umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Gakwaya Olivier atangaje ko bamaze kugura abakinnyi 2 barimo Mugisha Gilbert wari rutahizamu wa Pepinieres FC na Niyigena Jules...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu bwigunge avuga ko hari abahawe amazu arimo amashyanyarazi batazi uko amatara y’ amashyanyarazi azimywa...
Nyuma yo kubura ku rutonde rw’abagombaga guhabwa impamyabumenyi yo ku rwego rwa mbere (license A) ya CAF ndetse bigateza umwuka mubi mu bantu ku munsi w’ejo taliki ya Mbere Nyakanga nibwo Thierry...
Igikomeje kugarukwaho muri iyi minsi muri NBA shampiyona ikunzwe mu mukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’uguhindura amakipe kwa bamwe mu bakinnyi bakomeye ndetse no kongera...
Ikipe ya Rayon Sports igiye kwisobanura na Bugesera FC muri shampiyona y’icyiciro cya mbere.
Umutoza wa Rayon Sports Masoudi Djuma atangaza ko yiteguye uwo mukino neza, ariko akaba asaba...
Emma Morano ukomoka mu gihugu cy’u Butaliyani yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 117 y’amavuko, kuwa 29 Ugushyingo uyu mwaka.
Emma Morano yabonye izuba ku wa 29 Ugushyingo 1899. Akomoka mu gace...