Ikipe ya RWAMAGANA City niyo izakina umukino wa 1/2 na Interforce muri 1/2 cy’irangiza mu cyiciro cya 2, nyuma y’uko habuze icyemeza ko Mbanza Joshua yahawe ikarita y’umuhondo bahura na Nyagatare...
Rutahizamu Kylian Mbappe yeretse isi yose ko ariwe mukinnyi mwiza ukiri muto w’umuhanga cyane nyuma yo gushegesha Real Madrid akayikubita igitego ku munota wa nyuma mu nyongera acenze ab’inyuma...
Umuririmbyi w’umuhanga w’Umubiligi ukomoka mu Rwanda, Paul Van Haver, wamamaye nka Stromae, yatangaje ko Album ye nshya yise ‘Multitude’ agiye gushyira hanze irimo uruhurirane rw’ibikoresho...
Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika no guhimba indirimbo Danny Vumbi yatangaje urutonde ruriho indirimbo 10 zamunyuze kurusha izindi mu mwaka wose wa 2021 ubura amasaha make ngo...
Ikipe ya Manchester United yizeye ko umubano w’umutoza wayo mushya w’agateganyo,Ralf Rangnick na rutahizamu w’umuhanga Erling Haaland uzabafasha kumugura.
Kwibagirwa umukobwa ukunda ni ikintu gikomeye cyane ndetse kitanashoboka kugeza umenye ko utakimurwanira. Hanze aha hari abasore barwanira abakobwa bikarangira batababonye kubera ko batabikoze...
Umuhangamideli Matthew Rugamba washinze inzu y’imideli iri mu zikomeye mu Rwanda yitwa "House of Tayo", yambitse impeta y’urukundo umukunzi we ’Sharon’ amusaba kuzamubera...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uri uyu wa Gatanu,abantu 5 bahitanwe na Covid-19 bituma abamaze gupfa bose bagera kuri 453.Abapfuye n’abagore batatu b’imyaka 76 (i Rubavu), 57 (i Kigali) & 31...
Ikipe ya Mukura VS yari imaze iminsi iri mu mazi abira ndetse bishoboka ko yamanuka mu cyiciro cya kabiri,yirwanyeho itsinda Gorilla FC igitego ku munsi ubanziriza uwa nyuma.
Kuri uyu wa...
Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi, Hollybeat yasezeranye imbere y’Imana n’umukobwa wo muri Israel witwa Annet Tahan mu birori byabereye mu Mujyi wa Kigali ku wa Gatanu tariki 21 Gicurasi...
Kuri Stade ya Muhanga, habereye umukino w’umunsi wa mbere mu makipe umunani ahataniye igikombe cya shampiyona wa AS Kigali FC yari yakiriye Rayon Sports FC iyitsinda ibitego 3-1 mu gihe APR FC...
Umufaransa w’umuhanga mu by’Amateka, Prof Vincent Duclert, wayoboye Komisiyo yakoze icukumbura ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ari mu Rwanda aho biteganyijwe ko...
Umunyamakuru akaba umuyobozi wungirije wa Radio Isango Star&TV, umuyobozi w’ikinyamakuru Rushyashya, Jean Lambert Gatare avuga ko Jenoside ijya kuba yabaye afite uruguma yatewe n’interahamwe,...
Miss Ingabire Grace w’imyaka 25 y’amavuko wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka 2021 ,yatangaje ko akunda umuhanzi Bruce Melodie ndetse ko ari umuhanga mubihangano bye...
Rutahizamu Cristiano umaze imyaka isaga 15 ari hejuru mu mupira w’amaguru yagaragaye mu mashusho yo kwamamaza imikino yo kuri telefoni ari kurwanisha imbunda bica amarenga ko uyu mugabo ashobora...
Umuhanga mu by’ubukungu, David Steinman ukomoka muri Amerika, yashinje umuyobozi wa OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba yari ’umuntu ufata ibyemezo bikomeye’ wayoboye ibikorwa by’inzego...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 10 Ukuboza 2020,abanduye Covid-19 i bashya ari 71 mu bipimo 3,673 byafashwe,barimo aba Kigali: 24, Rubavu: 15, Huye: 14, Rusizi: 8, Kayonza:...
Umutoza w’Amavubi,Mashami Vincent yatangaje ko umunyezamu Kwizera Olivier ari umuhanga ariko agira ikibazo agira ari uko adakomerezaho ngo akomeze kwitwara neza nkuko...
Rugamba Yves wamamaye cyane mu muziki nk’Umunyempano,Umuhanga mu miririmbire n’Imyandikire yamaze kwinjira mu ruganda rwa cinema nyarwanda aho yahise anashyira agace kambere ka film y’uruhererekane...
Inzobere mu bya gisirikare zivuga ko ibikoresho zashyikirijwe ngo zisuzume mu rubanza rwitiriwe uwitwa Phocas Ndayizera bifite ubushobozi bwo ku rwego rwo hejuru bwo guturitsa no kuba byasenya...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwaramukiye mu gikorwa cyo kwereka abanyamakuru abakinnyi 4 bwaguze ndetse n’umutoza wayo yiha intego yo kugera mu...