Caporal Janvier Nsengimana wo mu murenge wa Kisaro wakekwagaho kwica umugore we muri Gicurasi, agahunga ariko nyuma akaza gutabwa muri yombi yahamijwe iki cyaha kuri uyu wa 25 Kamena ahita...
Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane mu rwego rwo kubangamira abakinnyi ba Portugal kugira ngo badasinzira birangira Cristiano Ronaldo...
Rutahizamu Romelu Lukaku w’ikipe ya Manchester United n’Ububiligi yavuze ko akiri muto iwabo bari abakene cyane kugera ubwo nyina avanga amata n’amazi kugira ngo babashe kubaho kuko kubona ibyo...
Umutoza wari ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi mu ikipe ya Rayon Sports, Lomami Marcel,yatangaje ko we na bagenzi be Jannot Witakenge na Ivan Minnaert babwiwe na perezida Paul Muvunyi ko...
Umukobwa witwa Nadia yafashe umwanzuro udakuka wo kuva mu idini rya Islam yari amazemo igihe nyuma yo gucengerwa n’ubutumwa bwiza buri mu bihangano by’umuririmbyi Dominic Ashimwe, bikubiyemo...
Umugabo witwa Connor Brayley w’imyaka 24 usanzwe ari umusirikare,yanyoye ikiyobyabwenge cya Cocaine,gituma afata ku ngufu umugore w’abandi bahuriye mu gashamba ko hafi y’aho...
Abagabo babiri n’ umugore umwe batekeye umutwe abaturage mu kagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara babambura amafaranga bababeshya ko bazafasha kwishyurira...
Imwe mu mpamvu iri gutuma ikipe ya Rayon Sports iri kubura umusaruro muri iyi minsi, ni akavuyo kari mu buyobozi bwayo aho nyuma yo kubona itike yo gukina amatsinda ya CAF Confederations Cup...
Mu gice cy’umurenge wa Gashora mu karere ka Bugesera werekeza mu wa Rukumberi wo mu karere ka Ngoma hafi y’ikiraro kigabanya utu turere twombi mu gishanga gihingwamo umuceri mu murenge wa Gashora...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yahaye ikaze...
Sebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza...
Mu ntangiro z’ uku kwezi kwa Werurwe 2018 mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hatangajwe inkuru idasanzwe ivuga ko Minisitiri w’ Ibikorwaremezo James Musoni yasambanye n’ umugore wa Rtd. Captain Safari...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 15 Werurwe 2018 inzu ya La Palisse Hotel ya Gashora yakubiswe n’inkuba irashya irakongoka. Iyi nyubako yahiriyemo ibikoresho birimo na mudasobwa....
Benshi mu banyarwanda by’umwihariko abafana b’ikipe ya Rayon Sports bategerezanyije amatsiko umukino ubanza wa CAF Champions League uzahuza ikipe yabon na Mamelodi Sundowns ndetse bari kwibaza...
Mu nkuru twabagejeho iheruka twababwiye bimwe mu bintu bitandukanye biboneka cyangwa bibera ku mugabane wa Afurika bitangaje abantu badakunze kwitaho biturutse ku kuba batabizi cyangwa batabiha...
Abakozi b’umuryango wa Oxfam w’abongereza wafashaga abanya Haiti bashegeshwe n’umutingito wazahaje iki gihugu mu mwaka wa 2010, bakoreye ibya mfura mbi abaturage ubwo bahaga imfashanyo abakobwa...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 atangizaga imirimo yo kubaka Sitade ya Buhinga izatwara akayabo k’amashilingi ya Uganda angana na miliyari 6[ 6,000, 000, 000], Perezida...
Padiri Mudahinyuka Charles wari umwe mu bahanzi bakomeye wamamaye mu ndirimbo yakunzwe cyane “U Rwanda rw’ejo” kuri uyu wa gatanu yitabye Imana azize uburwayi.
Umwe mu bapadiri babanaga na we muri...